Mu ijoro ryakeye ryo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 06 Ukuboza 2023, bwa mbere mu mateka nibwo umuhanzi Bruce Melodie yataramiye abantu igihugu cyose kikemera hakabura n'umwe ubona ikintu na kimwe amunenga kitagenze neza.
Umukinnyi wa filime Winston Duke uherutse guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda ntiyabashije kuyobora ibirori by’igitaramo ‘Move Afrika: Rwanda” byabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane tariki 7 Ukuboza 2023.
Lupita Nyong'o uherutse gutangaza ko yishimanye n'injangwe nyuma yo kubabazwa n'uwo yari yarihebeye, yingiye mu rukundo rushya rumuhoza amarira yarize.