RSS feed - INYARWANDA.COMhttps://inyarwanda.comEntertainment and Peopleen-usCopyright (C) 2025 - Inyarwanda.comKigali: Urubyiruko rwahuguwe ku mateka y’u Rwanda n'isano afitanye n'ibiri kuba uyu munsi Minisitiri wa MINUBUMWE, Dr Bizimana jean Damascene, yasobanuriye urubyiruko amateka y’u Rwanda kuva ku mwaduko w’abazungu kugera kuri Jenoside yakorewe Abatutsi, ndetse n’isano u Rwanda rufitanye n’ibibazo bihora mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.https://inyarwanda.com/inkuru/153899/kigali-urubyiruko-rwahuguwe-ku-mateka-yu-rwanda-nisano-afitanye-nibiri-kuba-uyu-munsi-153899.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Barcelona: Ubwinshi bw'abakerarugendo bukomeje kuba ikibazo cy'ingutu aho kuba igisubizo!Mu mpeshyi ya 2024, umujyi wa Barcelona wahuye n’imyigaragambyo ikomeye y’abaturage barambiwe ubukerarugendo bukabije. https://inyarwanda.com/inkuru/153902/barcelona-ubwinshi-bwabakerarugendo-bukomeje-kuba-ikibazo-cyingutu-aho-kuba-igisubizo-153902.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Afurika y'Epfo ishobora guterwa mpaga , Amavubi akabyungukiramoIkipe y'igihugu ya Afurika y'Epfo ishobora guterwa mpaga na Lesotho kubera gukinisha umukinnyi ufite amakarita abiri y'umuhondo ubundi ikipe y'igihugu y'u Rwanda, Amavubi ikaba yabyungukiramo.https://inyarwanda.com/inkuru/153900/afurika-yepfo-ishobora-guterwa-mpaga-amavubi-akabyungukiramo-153900.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200🔴LIVE: Amavubi yakiriye Lesotho mu mukino wo kwisubiza icyubahiro -AMAFOTOInyaRwanda.com ibahaye ikaze kuri Stade Amahoro I Remera mu mukino wa gatandatu mu marushanwa yo gushaka itike y’igikombe cy’Isi cya 2026 aho u Rwanda rugiye kwakira ikipe y’igihugu ya Lesotho.https://inyarwanda.com/inkuru/153901/live-amavubi-yakiriye-lesotho-mu-mukino-wo-kwisubiza-icyubahiro-153901.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Hateguwe imyigaragambyo yo kwamagana igitaramo cya Maître Gims gipfobya Jenoside yakorewe AbatutsiImiryango irwanya Jenoside yakorewe Abatutsi yateguye imyigaragambyo tariki 7 Mata 2025 i Paris, yo kwamagana igitaramo cya Maître Gims gihurirana n’itangira rya #Kwibuka31. Iki gitaramo cyafashwe nk’agasuzuguro ku barokotse Jenoside, kuko kigamije kurangaza abantu no kugoreka amateka.https://inyarwanda.com/inkuru/153897/hateguwe-imyigaragambyo-yo-kwamagana-igitaramo-cya-maitre-gims-gipfobya-jenoside-yakorewe--153897.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Yapfiriye mu kabari i Kampala: Barasaba ibisobanuro ku rupfu rw'umukobwa wabo w'imyaka 23Impamvu y’urupfu rwa Martha Ahumuza Murari, umukobwa w’imyaka 23 witabye Imana nyuma yo kugwa hasi mu kabari ka Mezo Noir i Kampala, ntiramenyekana nubwo yashyinguwe. Urupfu rwe rutunguranye rwasize inshuti n’umuryango we bibaza ibibazo byinshi.https://inyarwanda.com/inkuru/153848/yapfiriye-mu-kabari-i-kampala-barasaba-ibisobanuro-ku-rupfu-rwumukobwa-wabo-wimyaka-23-153848.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Tshisekedi yoherereje ubutumwa Ndayishimiye EvaritseNyuma y’inama bahuriyemo yo gushaka abahuza mu kibazo cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na M23, Perezida Félix Tshisekedi, yoherereje ubutumwa Evariste Ndayishimiye uyobora u Burundi.https://inyarwanda.com/inkuru/153898/tshisekedi-yoherereje-ubutumwa-ndayishimiye-evaritse-153898.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200RIB yerekanye batatu bacyekwaho gutuburira abaturageKuri uyu wa Kabiri tariki 25 Werurwe 2025, RIB yerekanye batatu bafashwe bakurikiranyweho icyaha cyo Kwihesha ikintu cy'undi mu buriganya, Iyenzandonke, Ishimishamubiri rishingiye ku gitsina ndetse n’ubufatanyacyaha.https://inyarwanda.com/inkuru/153895/rib-yerekanye-batatu-bacyekwaho-gutuburira-abaturage-153895.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Gusomana n'ufite ubwanwa bishobora gutera indwaraN’ubwo abakobwa n’abagore bamwe bikundira gusomana n’umuntu ufite ubwanwa, bumva ari byiza kurushaho, ndetse bamwe bavuga ko batasomana n’umusore udafite ubwanwa, abahanga mu kuvura indwara z’uruhu bavuga ko bishobora gutera indwara z’uruhu, nka infection, kanseri y’uruhu n'indwara izwi nka “impetigo".https://inyarwanda.com/inkuru/153885/gusomana-nufite-ubwanwa-bishobora-gutera-indwara-153885.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200UNICEF yakuyemo akarenge: Maitre Gims akomeje kwinangira ku gitaramo yahuje no gutangiza #Kwibuka31Abari gutegura igitaramo bavuga ko ari icy’ubugiraneza ‘Solidarité Congo’ bagaragaje ko ntakizasibya kuba kwacyo, kuko kigamije gufasha abana bahuye n’ingaruka z’intambara iri hagati y’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’umutwe wa M23. https://inyarwanda.com/inkuru/153888/unicef-yakuyemo-akarenge-maitre-gims-akomeje-kwinangira-ku-gitaramo-yahuje-no-gutangiza-kw-153888.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Tuzabakubitira mu kibuga no hanze yacyo! Raphinha yakije umuriro w’amagambo mbere y’uko Argentina ikina na BrazilUmukino uza guhuza Brazil na Argentina mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 umaze gufata isura y’ubushyamirane bukomeye nyuma y’amagambo akaze ya Raphinha. https://inyarwanda.com/inkuru/153889/tuzabakubitira-mu-kibuga-no-hanze-yacyo-raphinha-yakije-umuriro-wamagambo-mbere-yuko-argen-153889.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200UNICEF irahamagarira isi yose gukomeza gushyigikira abana bari mu bibazo by’inzitaneUmuryango Mpuzamahanga wita ku Bana, UNICEF, urasaba isi yose kugira uruhare mu bikorwa by’ubutabazi no kurengera ubuzima bw’abana bugarijwe n’intambara, ubukene, indwara n’ibiza. Ni muri gahunda yayo nshya “Tugumane n’abana, tubagezeho ubufasha” yo kurinda uburenganzira bw’abana no kubasubiza icyizere cy’ejo hazaza.https://inyarwanda.com/inkuru/153871/unicef-irahamagarira-isi-yose-gukomeza-gushyigikira-abana-bari-mu-bibazo-byinzitane-153871.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Miller Gardner yitabye Imana bitunguranye ubwo yari mu biruhukoMiller Gardner, umuhungu w'imyaka 14 wa Brett Gardner wahoze ari umukinnyi w'ikipe ya New York Yankees, yitabye Imana bitunguranye mu gihe yari mu biruhuko n'umuryango we.https://inyarwanda.com/inkuru/153873/miller-gardner-yitabye-imana-bitunguranye-ubwo-yari-mu-biruhuko-153873.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ednaldo Rodrigues yongeye gutorerwa kuyobora umupira w'amaguru muri Brazil nyuma y'uko Ronaldo abivuyemoEdnaldo Rodrigues yongeye gutorerwa kuyobora ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru muri Brazil (BCF) ku nshuro ya kabiri nyuma y'iminsi 12, umunyabigwi Ronaldo Nazario yikuye mu matora.https://inyarwanda.com/inkuru/153890/ednaldo-rodrigues-yongeye-gutorerwa-kuyobora-umupira-wamaguru-muri-brazil-nyuma-yuko-ronal-153890.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Abanyeshuri babarizwa muri CEP-UoK bakoreye ivugabutumwa muri Kamonyi banaremera abatishoboyeUrubyiruko rw'abanyeshuri bibumbiye mu muryango w’amatorero ya Pentekote muri Kaminuza ya Kigali (CEP – UoK), rwakoreye igiterane mu Karere ka Kamonyi, benshi barahembuka mu buryo bw'Umwuka ndetse abagera kuri 15 bakira agakiza.https://inyarwanda.com/inkuru/153886/abanyeshuri-babarizwa-muri-cep-uok-bakoreye-ivugabutumwa-muri-kamonyi-banaremera-abatishob-153886.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Perezida Museveni yateye inkunga igitaramo cya The BenFred uri kugira uruhare mu gutegura no gushyira mu bikorwa igitaramo cy’umuririmbyi Mugisha Benjamin [The Ben], yatangaje Perezida Yoweli Kaguta Museveni yateye inkunga y’amafaranga itegurwa ry’iki gitaramo, ndetse bamuhaye ubutumwa bw’icyubahiro.https://inyarwanda.com/inkuru/153883/perezida-museveni-yateye-inkunga-igitaramo-cya-the-ben-153883.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Imyanya isanzwe ya Stade Amahoro yagizwe ubuntu ku mukino wa LesothoIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko abafana bazitabira umukino urahuza Amavubi na Lesotho kuri uyu wa Kabiri saa Kumi n’Ebyiri z’umugoroba, bagomba kwinjira ku buntu mu myanya yahoze yishyuzwa 1000 Frw na 2000 Frw.https://inyarwanda.com/inkuru/153884/imyanya-isanzwe-ya-stade-amahoro-yagizwe-ubuntu-ku-mukino-wa-lesotho-153884.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Szoboszlai na Arda Güler mu ntambara y'amagambo nk'iya Muhire Kevin na Niyibizi Ramadhan Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Hungary Dominik Szoboszlai n’umunya Turkey Arda Guler binjiye mu ntambara y’amagambo imeze nk'imaze iminsi irikoroza hagati ya Muhire Kevin na Niyibizi Ramadhan. https://inyarwanda.com/inkuru/153881/szoboszlai-na-arda-gueler-mu-ntambara-yamagambo-nkiya-muhire-kevin-na-niyibizi-ramadhan-153881.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Gerayo Amahoro: Abakoresha umuhanda bakomeje gukangurirwa kwirinda ibiteza impanukaBinyuze mu bukangurambaga bw'umutekano wo mu muhanda 'Gerayo Amahoro', abanyonzi n'abamotari bongeye kwibutswa gushyira imbere ubuzima bwabo n'ubw'abandi basangiye gukoresha umuhanda.https://inyarwanda.com/inkuru/153880/gerayo-amahoro-abakoresha-umuhanda-bakomeje-gukangurirwa-kwirinda-ibiteza-impanuka-153880.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Amerika: Umugabo ufungiye ubwicanyi yishe umugore we ubwo yari yaje kumusura muri gerezaLeta Zunze Ubumwe za Amerika, muri Leta ya Californiya, impaka n’imvururu zazamuwe n’urupfu rw’umugore w’imyaka 62, wapfiriye muri gereza, aho yari yagiye gusura umugabo we ufungiye icyaha cyo kwica. Abantu benshi cyane cyane umwana w’uyu mukecuru barashinja abacungagereza kugira uburangare.https://inyarwanda.com/inkuru/153879/amerika-umugabo-ufungiye-ubwicanyi-yishe-umugore-we-ubwo-yari-yaje-kumusura-muri-gereza-153879.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200P.Diddy hari ibirego yatsinze mu RukikoSean "Diddy" Combs, umucuruzi akaba n'umuhanzi ukomeye mu njyana ya Hip Hop, yatsinze ikirego yashijwagamo ibikorwa bya ruswa n'ibyaha by'ubucuruzi bw'imibonano mpuzabitsina.(Sexual Exploitation)https://inyarwanda.com/inkuru/153876/pdiddy-hari-ibirego-yatsinze-mu-rukiko-153876.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200M23 ivuga ko itava i Walikale mu gihe hakiri 'Drone' za FARDCUmutwe wa M23 uvuga ko utazava mu mujyi wa Walikale mu gihe hakiri indege nto z'intambara zitajyamo umupilote (drones) za FARDC (Ingabo za Leta ya Kongo). M23 ivuga ko ibi bitinza kwimura abarwanyi bayo mu mujyi wa Walikale mu ntara ya Kivu ya Ruguru, nyuma y'uko hari ingabo za Leta ziri gukomeza kugenzura aka gace.https://inyarwanda.com/inkuru/153878/m23-ivuga-ko-itava-i-walikale-mu-gihe-hakiri-drone-za-fardc-153878.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Uko Imana yarokoye Vestine ikamukura mu maboko y’umusirikare wari ugiye kumusambanya-VIDEOMu gitaramo cya Shalom Choir cyabereye muri ADEPR Nyarugenge ku Cyumweru tariki ya 23 Werurwe 2025 ni bwo Rev. Mugabowindekwe Joseph yahishuye inkuru yabaye mu Rwanda mu 1992 y’umusirikare wari ugiye gusambanya umukobwa witwa Vestine maze Imana igakinga ukuboko bikarangira uwo musirikare akijijwe.https://inyarwanda.com/inkuru/153863/uko-imana-yarokoye-vestine-ikamukura-mu-maboko-yumusirikare-wari-ugiye-kumusambanya-video-153863.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Koreya y'Epfo: Urukiko rwemeje Han Duck-soo nka Perezida mushya Ku wa Mbere Tariki 24 Werurwe 2025 Urukiko rushinzwe Itegeko Nshinga muri Koreya y'Epfo, rwashyize Han Duck-soo ku mwanya wa Perezida w'agateganyo nyuma yo gusubiza icyemezo cyo kumuhagarika ku mwanya w’umuyobozi wa Guverinoma. https://inyarwanda.com/inkuru/153872/koreya-yepfourukiko-rwemeje-han-duck-soo-nka-perezida-mushya-153872.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Gutera Kigali si kure duciye mu Kirundo! Perezida w'u BurundiPerezida w'u Burundi ,Evariste Ndayishimiye yatangaje ko gutera mu mujyi wa Kigali baciye mu kirundo atarikure mu gihe Umujyi wa Bujumbura waba utewe.https://inyarwanda.com/inkuru/153877/gutera-kigali-si-kure-duciye-mu-kirundo-perezida-wu-burundi-153877.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Kat Abughazaleh, umukandida w’imyaka 26 ushaka impinduka muri AmerikaMu gihe politiki ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ikomeje kwinjirwamo n'urubyiruko rufite ibitekerezo bishya, Kat Abughazaleh yemeje ko aziyamamariza guhagararira agace ka 9 ka Illinois mu Nteko Ishinga Amategeko ya Amerika.https://inyarwanda.com/inkuru/153870/kat-abughazaleh-umukandida-wimyaka-26-ushaka-impinduka-muri-amerika-153870.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Umwe mu bayobozi ba Samsung yitabye ImanaHan Jong-Hee, umwe mu bayobozi bakuru ba Samsung Electronics, yitabye Imana afite imyaka 63 nyuma yo kugira ikibazo cy'umutima ku wa Kabiri w'Icyumweru gishize. https://inyarwanda.com/inkuru/153875/umwe-mu-bayobozi-ba-samsung-yitabye-imana-153875.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ndatekereza ko turimo gutera intambwe ijya mbere! Perezida Kagame muri EAC-SADCPerezida wa Repubilika y'u Rwanda , Paul Kagame yavuze ko hari intambwe irimo guterwa ijya imbere ndetse anavuga ko biringiye umusanzu wa buri wese mu kurangiza ibibazo by'umutekano muke uri muri Repubilika Iharanira Demokarasi ya Congo. https://inyarwanda.com/inkuru/153874/ndatekereza-ko-turimo-gutera-intambwe-ijya-mbere-perezida-kagame-muri-eac-sadc-153874.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Umukecuru w’imyaka 62 yishwe n’umugabo bakundanaga amuziza gukuramo inda yari yaramuteye mu myaka 3 ishizeAgahinda ni kose muri Uganda nyuma y’uko umugabo yivuganye umuforomokazi mu buryo budasobanutse amuziza ibintu byabaye mu myaka itatu ishize, amuziza kuba yarakuyemo inda yari yaramuteye mu gihe cy’imyaka 3 yashize, ibi byatumye abaturage bagwa mu kantu ndetse bakaba basaba ubutaberahttps://inyarwanda.com/inkuru/153864/umukecuru-wimyaka-62-yishwe-numugabo-bakundanaga-amuziza-gukuramo-inda-yari-yaramuteye-mu--153864.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Mwalimu yarakubiswe agirwa intere nyuma yo gufatirwa mu cyuho asambanyiriza umunyeshuri mu biroAfurika y'Epfo, umwalimu yafatiwe mu cyuho ari gusambanya umunyeshuri yigisha, maze abaturage bari barakajwe cyane n’iki gikorwa bise icy’ubugwari no kwangiza abana, baramukubita bikabije hafi kumwica. Ibi byabereye mu kigo cy’ishuri ryisumbuye rya Kgagatlou i Polokwane, Limpopo.https://inyarwanda.com/inkuru/153867/mwalimu-yarakubiswe-agirwa-intere-nyuma-yo-gufatirwa-mu-cyuho-asambanyiriza-umunyeshuri-mu-153867.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Umutoza wungirije w'Amavubi na Kapiteni batanze icyizere mbere yo gucakirana na Lesotho Umutoza w'ungirije w'ikipe y'igihugu y'u Rwanda, Amavubi,Eric Nshimiyimana na Kapiteni wayo, Bizimana Djihad, batanze icyizere mbere yo gucakirana na Lesotho mu gushaka itike y'igikombe cy'Isi cya 2026https://inyarwanda.com/inkuru/153869/umutoza-wungirije-wamavubi-na-kapiteni-batanze-icyizere-mbere-yo-gucakirana-na-lesotho-153869.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200El Shaddai Choir beretswe urukundo i Luweero mu giterane cya Ev. Dana MoreyUmuvugabutumwa Dana Morey ari guhesha umugisha abanya-Uganda mu biterane by'ivugabutumwa byaririmbyemo abarimo El Shaddai Choir yo mu Rwanda yeretswe urukundo rwinshi.https://inyarwanda.com/inkuru/153868/el-shaddai-choir-beretswe-urukundo-i-luweero-mu-giterane-cya-ev-dana-morey-153868.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Imikino 5 yinjiriza agatubutse abakinnyi bayoNtabwo imikino ikiri iyo kwishimisha nubwo nabyo birimo ahubwo yabaye isoko yo kwinjiza amafaranga bituma abayikina baba abaherwe.https://inyarwanda.com/inkuru/153862/imikino-5-yinjiriza-agatubutse-abakinnyi-bayo-153862.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Rusizi: Abacuruza isambaza n’amafi bakanguriwe kwimakaza ubuziranenge barwanya imirire mibi – AMAFOTOLeta y’u Rwanda ikomeje gushyira imbere iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi nk’inkingi y’iterambere rirambye no guteza imbere imibereho myiza y’abaturage. Mu rwego rwo kongera ubuziranenge bw’ibiribwa by’umwihariko imbuto, imboga n’ibikomoka ku bworozi bw’amafi, hashyizweho amabwiriza agamije kunoza imikorere y’uru rwego. https://inyarwanda.com/inkuru/153865/rusizi-abacuruza-isambaza-namafi-bakanguriwe-kwimakaza-ubuziranenge-barwanya-imirire-mibi--153865.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Guha umwana wawe agaciro bituma akubaha kugeza ushaje - Dore imipaka 7 utagomba kurengaGuha umwana wawe agaciro ni ingenzi mu mubano wanyu, gusa hari imipaka irindwi utagomba kurenga kugira ngo ukomeze kubaka icyizere no kurema icyubahiro hagati yanyu.https://inyarwanda.com/inkuru/152884/guha-umwana-wawe-agaciro-bituma-akubaha-kugeza-ushaje-dore-imipaka-7-utagomba-kurenga-152884.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ibyo wamenya kuri Album Davis D yakoreye mu bihugu birimo u BusuwisiUmuririmbyi Icyishaka Davis wamamaye nka Davis D yatangaje ko ageze kure urugendo rwo gukora kuri Album ye ya Kabiri, ndetse ari kwitegura gushyira ku isoko indirimbo ya mbere yitwa ‘Je T’aime’ yakoreye mu gihugu cy’u Busuwisi.https://inyarwanda.com/inkuru/153860/ibyo-wamenya-kuri-album-davis-d-yakoreye-mu-bihugu-birimo-u-busuwisi-153860.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Bigenda gute iyo ibihugu bifitanye amakimbirane bibuze umuhuza? Mu buryo bwibanze bwo gucyemura amakimbirane hagati y’ibihugu cyangwa hagati y’igihugu n’amatsinda atandukanye, hitabazwa ubuhuza hanyuma ikiva muri ubwo buhuza kikagena ibikurikiraho.https://inyarwanda.com/inkuru/153859/bigenda-gute-iyo-ibihugu-bifitanye-amakimbirane-bibuze-umuhuza-153859.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200MU MAFOTO 100: Uko Shalom Choir yasutse ububyutse mu bakristo ibihumbi bitabiriye 'Shalom Worship Experience'Shalom Choir ikorera umurimo w'Imana muri ADEPR Nyarugenge yakoze igitaramo cy’iminsi ibiri cyiswe "Shalom Worship Experience" cyabereye ku rusengero rwa ADEPR Nyarugenge gisozwa bateguza ikindi gikomeye kizaba mu mpera za 2025. Intego yacyo yari ukongera ububyutse mu bakristo.https://inyarwanda.com/inkuru/153846/mu-mafoto-100-uko-shalom-choir-yasutse-ububyutse-mu-bakristo-ibihumbi-bitabiriye-shalom-wo-153846.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Impamvu Rumaga n’abasizi bo mu ‘Ibyanzu’ bahisemo guhuza igitaramo ngaruka kwezi n’ubukerarugendoUmusizi Rumaga Junior ari kumwe na bagenzi be babarizwa mu itsinda ry’abasizi ryitwa “Ibyanzu” batangaje ko igitaramo ngaruka kwezi bagiye kujya bakora, bagihuza n’ubukerarugendo mu rwego rwo kubyagura no kugira uruhare mu guteza imbere ubukerarugendo ndangamuco.https://inyarwanda.com/inkuru/153857/impamvu-rumaga-nabasizi-bo-mu-ibyanzu-bahisemo-guhuza-igitaramo-ngaruka-kwezi-nubukeraruge-153857.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Amerika: Abataka kubura amafaranga ya Social Security biswe abatekamutwe!Howard Lutnick, umunyemari ukomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika akaba ari Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubucuruzi muri guverinoma ya Trump, yateje impaka zikomeye nyuma yo kuvuga ko abantu bataka kubera kubura amafaranga ya Social Security ari "abatekamutwe".https://inyarwanda.com/inkuru/153811/amerika-abataka-kubura-amafaranga-ya-social-security-biswe-abatekamutwe-153811.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Novak Djokovic yagaragaje ko afite intego nshyaNovak Djokovic, umwe mu bakinnyi ba Tennis bakomeye mu mateka, yatangaje ko intego ye nyamukuru atari ugusubira ku mwanya wa mbere ku rutonde rwa ATP, ahubwo ari ugukomeza gutwara ibikombe bikomeye. https://inyarwanda.com/inkuru/153847/novak-djokovic-yagaragaje-ko-afite-intego-nshya-153847.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Madedeli yasezeranye mu ibanga rikomeye n'Umu-Diaspora wakiniye amakipe arimo APR FCUmukinnyi wa filime, Dusenge Clenia, wamamaye nka Madedeli muri filime ikunzwe ya Papa Sava, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Rugamba Faustin, wahoze akinira amakipe atandukanye yo mu Rwanda, mu muhango wagizwe ibanga rikomeye.https://inyarwanda.com/inkuru/153858/madedeli-yasezeranye-mu-ibanga-rikomeye-numu-diaspora-wakiniye-amakipe-arimo-apr-fc-153858.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Bihuriye ku kuribwa amafaranga! Forex Trading itandukaniye he na Betting?Kubera ko hose usabwa gushora kandi utizeye kurya akenshi ukanaribwa, hari benshi batari basobanukirwa itandukaniro ryo gutega (betting) ndetse no gucuruza amafaranga y’amahanga (Forex Trading).https://inyarwanda.com/inkuru/153856/bihuriye-ku-kuribwa-amafaranga-forex-trading-itandukaniye-he-na-betting-153856.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ushobora kuba urwaye Hypersomnia! Dore impamvu uryama ukabyuka unaniweBirashoboka ko waba uryama amasaha ahagije yewe ukanaryamira ariko n’ubundi igihe ubyukiye ukabyukana umunaniro ndetse ukirirwa usinzira. Birashoboka ko waba urwaye Hpersomnia.https://inyarwanda.com/inkuru/153030/ushobora-kuba-urwaye-hypersomnia-dore-impamvu-uryama-ukabyuka-unaniwe-153030.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Umugeni yarikoroje nyuma yo kwifotoza yambaye hafi ubusa mu bukwe bweUmugeni yarikoroje ku mbuga nkoranyamabaga, nyuma yo kugaragara mu mashusho yo ku munsi we w’ubukwe akora ibyo abenshi bavuze ko bizatuma urugo rwe rudakomera. https://inyarwanda.com/inkuru/153855/umugeni-yarikoroje-nyuma-yo-kwifotoza-yambaye-hafi-ubusa-mu-bukwe-bwe-153855.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200U Burayi bwugarijwe n’ibibazo by’umutekano n’ubukungu bwizeye igisubizo mu gisikareU Burayi buhanganye n’ibibazo by’ubukungu n’umutekano, bigatuma bwongera ingengo y’imari y’igisirikare. Gusa, uko ayo mafaranga azakoreshwa bizagira ingaruka ku iterambere ry’ubukungu bw’uyu mugabane.https://inyarwanda.com/inkuru/153101/u-burayi-bwugarijwe-nibibazo-byumutekano-nubukungu-bwizeye-igisubizo-mu-gisikare-153101.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Bafana Bafana nta gahunda yo gusubiza Amavubi umwanya wa mbere mu itsinda CIkipe y’Igihugu ya Afurika y’Epfo, Bafana Bafana, yiteguye guhura na Benin mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026 nta gahunda yo kurekura umwanya wa mbere.https://inyarwanda.com/inkuru/153852/bafana-bafana-nta-gahunda-yo-gusubiza-amavubi-umwanya-wa-mbere-mu-itsinda-c-153852.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Bacterial Vaginosisi; Indwara iri mu zihangayikishije abagore ku IsiAbashakashatsi bagaragaza ko indwara ya Bacterial Vaginosis (BV) ari imwe mu ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina (STI) "Sexual Transmitted Diseases', kandi abantu barenga miliyoni 10 mu Bwongereza barayirwaye naho ku Isi umugore 1 kuri 4 aba ayirwaye.https://inyarwanda.com/inkuru/153176/bacterial-vaginosisi-indwara-iri-mu-zihangayikishije-abagore-ku-isi-153176.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Album ya Playboi Carti "Music" iriho Ibyamamare izanye impinduka zigaragara mu MuzikiAlbum ya Playboi Carti yise "Music" imaze gutungura abakunzi b'umuziki kuva yajya hanze ku itariki ya 14 Werurwe 2025. https://inyarwanda.com/inkuru/153590/album-ya-playboi-carti-music-iriho-ibyamamare-izanye-impinduka-zigaragara-mu-muziki-153590.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Umubiri wa Jean Lambert Gatare wagejejwe mu Rwanda Umubiri w'Umunyamakuru Jean Lambert Gatare uheruka kwitaba Imana azize uburwayi yari amaranye igihe kirekire wagejejwe mu Rwanda wakirwa n'abo mu muryango we.https://inyarwanda.com/inkuru/153854/umubiri-wa-jean-lambert-gatare-wagejejwe-mu-rwanda-153854.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200