RSS feed - INYARWANDA.COMhttps://inyarwanda.comEntertainment and Peopleen-usCopyright (C) 2023 - Inyarwanda.comUbuhamya bw'umwana watewe inda n'umugabo wa mukuru we afite imyaka 12Umwangavu watewe inda akabyara afite imyaka 13 atewe inda n'umugabo wa mukuru we, yagaragaje ingorane yahuye nazo amaze kubyara.https://inyarwanda.com/inkuru/127260/ubuhamya-bwumwana-watewe-inda-numugabo-wa-mukuru-we-afite-imyaka-12-127260.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ni zahabu zihishwe! Abahanzi 7 b'impano zitangaje mu muziki wa Gospel bo kwitega mu 2023Umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana mu Rwanda, ukomeje gutera imbere umunsi ku kundi ndetse abasesenguzi banyuranye bahamya ko muri iyi minsi uri ku isonga mu gukundwa cyane bakurikije amateka aherutse kwandikwa na Israel Mbonyi muri BK Arena.https://inyarwanda.com/inkuru/127251/ni-zahabu-zihishwe-abahanzi-7-bimpano-zitangaje-mu-muziki-wa-gospel-bo-kwitega-mu-2023-127251.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Chiffa wakundanaga na Buravan umaze iminsi 215 yitabye Imana yatangaje igihe azasubirira mu rukundoChiffa Marty nubwo akiri mu gihe kitoroshye cyo kubura umukunzi we Burabyo Yvan wamamaye nka Yvan Buravan, yatangaje ko umunsi uzagera akongera akabona uwo yishimira.https://inyarwanda.com/inkuru/127247/chiffa-wakundanaga-na-buravan-umaze-iminsi-215-yitabye-imana-yatangaje-igihe-azasubirira-m-127247.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Iran: Abakobwa batanu batawe muri yombi bazira indirimbo "Calm down"Abakobwa batanu bo mu gihugu cya Iran batawe muri yombi bazira amashusho yabo barimo kubyina indirimbo yitwa Calm down.https://inyarwanda.com/inkuru/127259/iran-abakobwa-batanu-batawe-muri-yombi-bazira-indirimbo-calm-down-127259.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Akari ku mutima wa Dj June ucurangira Ariel Wayz nyuma yo gusoza Kaminuza-AMAFOTORugumaho Mutsinzi Basile umaze kumenyekana nka Dj June akaba umu Dj wa mbere wa Ariel Wayz, ari mu byishimo nyuma yo gusoza Kaminuza.https://inyarwanda.com/inkuru/127252/akari-ku-mutima-wa-dj-june-ucurangira-ariel-wayz-nyuma-yo-gusoza-kaminuza-amafoto-127252.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Hatangijwe icyumweru cy’ubukangurambaga ku kwizigamira mu rubyiruko ku cyicaro cya RSE-AMAFOTOMu gihe isi yose yinjiye mu cyumweru cyahariwe kwizigamira mu rubyiruko 'Global Money Week’, mu Rwanda naho ku bufatanye bwa RSE, SPENN na AISSEC, iki cyumweru cyatangijwe ku mugaragaro.https://inyarwanda.com/inkuru/127246/hatangijwe-icyumweru-cyubukangurambaga-ku-kwizigamira-mu-rubyiruko-ku-cyicaro-cya-rse-amaf-127246.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ibintu bitazibagirana ku gitaramo 'Urwejeje Imana' cy’Itorero Inyamibwa-AMAFOTO + VIDEOInyamibwa zeretswe urukundo rwo hejuru, ziserukana imbaraga zikomeye zishimangira ko imyaka 25 muri gakondo atari ubusa.https://inyarwanda.com/inkuru/127233/ibintu-bitazibagirana-ku-gitaramo-urwejeje-imana-cyitorero-inyamibwa-amafoto-127233.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Cycy yavuze ku burwayi bw’umubyeyi we witabye Imana n’igihe azagerera mu Rwanda aje kumuherekezaUwimbabazi Cynthia umaze kuba ikimenyabose mu myidagaduro nyarwanda nka Cycy Beauty, wabuze umubyeyi we, yatangaje ko umubyeyi we yazize uburwayi yari amaranye iminsi.https://inyarwanda.com/inkuru/127256/cycy-yavuze-ku-burwayi-bwumubyeyi-we-witabye-imana-nigihe-azagerera-mu-rwanda-aje-kumuhere-127256.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Finland irayoboye! Ibihugu 20 bifite abantu bishimye kurusha abandi ku IsiKuri uyu munsi hizihizwaho umunsi mpuzamahanga w'ibyishimo, hasohotse urutonde rw'ibihugu bifite abantu bishimye kurusha abandi ku Isi, ruyobowe na Finland iri ku mwanya wa mbere.https://inyarwanda.com/inkuru/127258/finland-irayoboye-ibihugu-20-bifite-abantu-bishimye-kurusha-abandi-ku-isi-127258.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Femi Otedola wamamaye mu butunzi yifurije isabukuru umukobwa we akaba n’mukunzi wa Mr Eazi Kuri uyu wa 20 Werurwe 2022, Temi Otedola umukunzi wa Mr Eazi yujuje imyaka 27, ahundagazwaho amagambo meza y’urukundo na se umubyara.https://inyarwanda.com/inkuru/127254/femi-otedola-wamamaye-mu-butunzi-yifurije-isabukuru-umukobwa-we-akaba-nmukunzi-wa-mr-eazi-127254.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Beach Tennis: Habimana Valens na Muhire Joshua babaye Abanyarwanda ba mbere bagiye ku rutonde rwa ITFIkipe y’abakinnyi babiri b’Abanyarwanda bakina Tennis yo ku Mucanga (Beach Tennis), Habimana Valens ufatanya na Joshua Muhire yitwaye neza mu irushanwa mpuzamahanga ryaberaga mu gihugu cya Kenya ‘ITF BT10 Ocean Blue’.https://inyarwanda.com/inkuru/127257/beach-tennis-habimana-valens-na-muhire-joshua-babaye-abanyarwanda-ba-mbere-bagiye-ku-ruton-127257.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Eddy Kenzo agiye gukora ibitaramo bizenguruka Leta Zunze Ubumwe za AmerikaUmuhanzi Eddy Kenzo agiye gutangira gukora ibitaramo bizenguruka imwe mu mijyi yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ibi ni ibitaramo yise 'Medaraka Festival Tour'.https://inyarwanda.com/inkuru/127253/eddy-kenzo-agiye-gukora-ibitaramo-bizenguruka-leta-zunze-ubumwe-za-amerika-127253.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Umuhango wo gutanga Ibihembo bya The Choice Awards wimuriwe indi tarikiItangazo ryashyizwe hanze na Isibo Tv itegura ibihembo bya The Choice Awards, riramemyesha abantu bose ko umuhango wo gutanga ibi bihembo wimuriwe ku yindi tariki.https://inyarwanda.com/inkuru/127255/umuhango-wo-gutanga-ibihembo-bya-the-choice-awards-wimuriwe-indi-tariki-127255.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Nigeria: Pasiteri wigeze kwaka amafaranga abakiristo yo kujya mu ijuru yatwitse umuyoboke weUmupasiteri wo mu gihugu cya Nigeria wigeze kwaka abakiristo amafaranga yo kubajyana mu ijuru, yatwitse umukirisito arimo kumubatiza.https://inyarwanda.com/inkuru/127242/nigeria-pasiteri-wigeze-kwaka-amafaranga-abakiristo-yo-kujya-mu-ijuru-yatwitse-umuyoboke-w-127242.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ifoto y’Umunsi: Alliah Cool kuri moto yinubira imvura imubujije kuyitwara Isimbi Alliance uzwi nka Alliah Cool, yashyize hanze ubutumwa bugaragaza kutishimira uburyo imvura itatumye ashyira mu ngiro gahunda yari yateguye.https://inyarwanda.com/inkuru/127248/ifoto-yumunsi-alliah-cool-kuri-moto-yinubira-imvura-imubujije-kuyitwara-127248.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Sister Yvonne wamenyekanye nka Miliyonere yaririmbye "Urugo rwiza"-VIDEOSister Yvonne benshi bamenye nka Miliyoneri yashyize hanze indirimbo yise “Urugo rwiza” ivuga ikanagaruka ku rugo rugereranwa n’ijuru rito, ndetse n’imigisha iboneka mu rugo rwa Gikirisitu.https://inyarwanda.com/inkuru/127250/sister-yvonne-wamenyekanye-nka-miliyonere-yaririmbye-urugo-rwiza-video-127250.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Menya akamaro ka Beterave mu kurinda indwara zishegesha umubiri Beterave ni igihingwa gikungahaye ku ntungamubiri zitandukanye, zifashishwa mu gukumira indwara zibasira umubiri wa muntu, ndetse zimwe mu ntungamubiri ziyigize zifite ubushobozi bwo kurinda indwara zo mu mubiri harimo n'indwara z’ubumuga bwo kutabona.https://inyarwanda.com/inkuru/127244/menya-akamaro-ka-beterave-mu-kurinda-indwara-zishegesha-umubiri-127244.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Abana ba Kim Kardashian bavuganye na Neymar kuri telefone barebana bagira icyo bamwifurizaAbana b'umunyamideli Kim Kardashian bavuganye n'umukinnyi wa Paris Saint-Germain,Neymar uri mu mvune kuri telefone barebana ndetse bagira n'icyo amwifuriza.https://inyarwanda.com/inkuru/127245/abana-ba-kim-kardashian-bavuganye-na-neymar-kuri-telefone-barebana-bagira-icyo-bamwifuriza-127245.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ahanzwe amaso! Iby'ingenzi wamenya kuri Producer Kozze warambitse ibiganza kuri ‘Mesaje’ ya OkkamaHashize iminsi izina Kozze muryumva mu ndirimbo zimwe na zimwe zikorerwa muri Country Records. https://inyarwanda.com/inkuru/127241/ibyingenzi-wamenya-kuri-producer-kozze-warambitse-ibiganza-kuri-mesaje-ya-okkama-127241.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200FERWAFA iravuga iki kuri sitade ya Kigali Pele Stadium imaze iminsi idakoreshwa?Sitade ya Kigali Pele Stadium imaze iminsi idakoreshwa n'amakipe akina icyiciro cya mbere mu Rwanda kubera imirimo yo kuyivugurura ngo izakira inama ya 73 FIFA.https://inyarwanda.com/inkuru/127243/ferwafa-iravuga-iki-kuri-sitade-ya-kigali-pele-stadium-imaze-iminsi-idakoreshwa-127243.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Byangiza imitekerereze yawe: Ibibi byo gutendeka mu rukundoHari abantu bajya mu rukundo ugasanga afite abakunzi batandukanye (atendeka). Abenshi baba bumva ko ari uburyo bwo kwirinda ko umwe yakubabaza ukabura uwo mumarana akababaro nyamara bakirengagiza ingaruka bishobora guteza.https://inyarwanda.com/inkuru/127249/byangiza-imitekerereze-yawe-ibibi-byo-gutendeka-mu-rukundo-127249.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Lupita Nyong'o yahishuye ko ikanzu yambaye muri 'Black Panther 2' ikomoka ku mwambaro w'AbanyarwandaIcyamamarekazi Lupita Nyong’o yasobanuye uko ikanzu yagaragaye yambaye mu gice cya kabiri cya ‘Black Panther’cyizwi nka ‘Wakanda Forever’, yaturutse ku mwambaro gakondo w’Abanyarwanda, uzwi nk’umushanana.https://inyarwanda.com/inkuru/127240/lupita-nyongo-yahishuye-ko-ikanzu-yambaye-muri-black-panther-2-ikomoka-ku-mwambaro-wabanya-127240.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Tariki ya 20 Werurwe ni umunsi mpuzamahanga w’IbyishimoUyu munsi tariki 20 Werurwe Isi yose irizihiza umunsi mpuzamahanga w'ibyishimo, washyizweho n'Umuryango w'Abibumbye (UN). Menya inkomoko yawo, n'uko wizihizwa mu bihugu bitandukanye.https://inyarwanda.com/inkuru/127235/tariki-ya-20-werurwe-ni-umunsi-mpuzamahanga-wibyishimo-127235.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200MU MAFOTO: Ubwiza bwa Hannah Karema Tumukunde wegukanye ikamba rya Miss Uganda 2023Umukobwa witwa Hannah Karema Tumukunde, ni we wabaye Nyampinga w’Igihugu cya Uganda, nyuma y’imyaka hafi itanu badatora Nyampinga kubera ibibazo birimo na Covid-19.https://inyarwanda.com/inkuru/127237/mu-mafoto-ubwiza-bwa-hannah-karema-tumukunde-wegukanye-ikamba-rya-miss-uganda-2023-127237.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Umunyamidelikazi Uwimbabazi Cycy yabuze umubyeyi weUbutumwa bwihanganisha Uwimbabazi Cynthia ukoresha amazina ya Cycy Beauty ku mbuga nkoranyambaga, wabuze umubyeyi we, bukomeje kuba bwinshi.https://inyarwanda.com/inkuru/127239/umunyamidelikazi-uwimbabazi-cycy-yabuze-umubyeyi-we-127239.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Burna Boy yikomwe na benshi nyuma yo gusaba abanyafurika baba hanze kugaruka iwaboUmuhanzi Burna Boy yikomwe na benshi ku mbuga nkoranyambaga, nyuma y’aho yasabye abanyafurika batuye mu bihugu by'Iburayi n'Amerika ko bagaruka ku ivuko muri Africa bakayiteza imbere.https://inyarwanda.com/inkuru/127236/burna-boy-yikomwe-na-benshi-nyuma-yo-gusaba-abanyafurika-baba-hanze-kugaruka-iwabo-127236.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Abafana bavugirije induru Lionel Messi nawe ahitamo kwivumbura umukino urangiyeAbakunzi ndetse bakaba n'abafana ba Paris Saint-Germain bavugirije induru umukinnyi w'iyi kipe Lionel Messi, mu mukino bakinnyemo na Rennes nawe umukino ukirangira akora ibisa nko kwivumbura.https://inyarwanda.com/inkuru/127231/abafana-bavugirije-induru-lionel-messi-nawe-ahitamo-kwivumbura-umukino-urangiye-127231.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Mahoro Isaac yashyize hanze amashusho y'indirimbo "Nyigisha" isemuwe mu rurimi rw'Amarenga-VIDEOUmuramyi Mahoro Isaac ubarizwa mu Itorero ry'Abadvantiste b'Umunsi wa Karindwi, yashyize hanze amashusho y'indirimbo yise "Nyigisha" isemuwe mu rurimi rw'Amarenga, ibintu bitamenyerewe cyane mu muziki nyarwanda.https://inyarwanda.com/inkuru/127238/mahoro-isaac-yashyize-hanze-amashusho-yindirimbo-nyigisha-isemuwe-mu-rurimi-rwamarenga-vid-127238.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ikipe y'itangazamakuru yakoresheje igihaha itsinda Staff ya Rayon Sports - AMAFOTOIkipe y'itangazamakuru ya AJSPOR FC yatsinze Staff ya Rayon Sports ibitego 2-0, Uwayezu Jean Fidele Perezida wa Rayon Sports akina iminota 20.https://inyarwanda.com/inkuru/127228/ikipe-yitangazamakuru-yakoresheje-igihaha-itsinda-staff-ya-rayon-sports-amafoto-127228.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Kenya: Raila Odinga yateguye imyigaragambyo ikomeye ishobora kugaragaramo urugomo n'ubusahuziMu gihugu cya Kenya uyu munsi hateganyijwe imyigaragambyo ikomeye, yateguwe hagamijwe kwamagana ubutegetsi bwa William Ruto.https://inyarwanda.com/inkuru/127232/kenya-raila-odinga-yateguye-imyigaragambyo-ikomeye-ishobora-kugaragaramo-urugomo-nubusahuz-127232.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200“Umugabo wanjye yansabaga kureba amashusho y’urukozasoni turi kumwe akambwira ngo nigane ibyo bari gukora” !Inkuru z’abakundana akenshi ziba zuzuye amayobera cyane. Urukundo rwa babiri hari ubwo ruhinduka inkuru y’isi yose, iyo habayemo amakosa hagati yabo bombi. Uyu mugore yatanze ubuhamya avuga ko umugabo we yamusabaga kureba amashusho y’urukozasoni, nyuma akamubwira ko ibyo barebye bagomba kubikorana.https://inyarwanda.com/inkuru/127234/umugabo-wanjye-yansabaga-kureba-amashusho-yurukozasoni-turi-kumwe-akambwira-ngo-nigane-iby-127234.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Kim Kardashian warebye umukino wa Paris Saint-Germain akomeje gushinjwa gutera umwaku amakipe-AMAFOTOUmunyamideli Kim Kardashian akomeje kuvugwaho kujya kureba amakipe agatsindwa nyuma yo kujya ku ku kibuga cya Arsenal igasezerwa muri Europa League ndetse akajya no kureba Paris Saint-Germain nayo igatsindwa.https://inyarwanda.com/inkuru/127230/kim-kardashian-warebye-umukino-wa-paris-saint-germain-akomeje-gushinjwa-gutera-umwaku-amak-127230.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200FC Barcelona yasubiriye Real Madrid ikomeza kuyisiga Ikipe ya FC Barcelona yasubiriye Real Madrid yongera kuyitsinda mu mukino yo ku munsi wa 26 muri shampiyona ya Espagne Laliga. https://inyarwanda.com/inkuru/127229/fc-barcelona-yasubiriye-real-madrid-ikomeza-kuyisiga-127229.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Bahawe inka! Inyamibwa batanze ibyishimo mu isabukuru y’imyaka 25, Minisitiri Ngabitsinze arabashima-AMAFOTO+VIDEOBizandikwa mu mateka! Itorero Inyamibwa ryakoze igitaramo gihebuje bizihirijemo isabukuru y’imyaka 25, aho bamaze ipfa ibihumbi n’ibihumbi bitabiriye igitaramo "Urwejeje Imana" binyuze mu mbyino n’umukino byubakiye ku muco Nyarwanda.https://inyarwanda.com/inkuru/127225/bahawe-inka-inyamibwa-batanze-ibyishimo-mu-isabukuru-yimyaka-25-minngabitsinze-arabashima--127225.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200USA: Umugabo yatawe muri yombi ashinjwa n'umugore we gufata amashusho y'urukozasoni y'abana baboUmugabo wo muri Leta ya California yatawe muri yombi, azira gufata amashusho y'urukozasoni y'abana babo.https://inyarwanda.com/inkuru/127227/usa-umugabo-yatawe-muri-yombi-ashinjwa-numugore-we-gufata-amashusho-yurukozasoni-yabana-ba-127227.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Rubavu: Emmanuel Simpeze yasabye abayobozi b’ibigo by’amashuri kwitandukanya na “munyangire”Muri iki gihe igihembwe cya kabiri kiri gushyirwa ku musozo, uburezi bw’u Rwanda bwagiye buzamo impinduka zitandukanye zirimo na gahunda yo kwiga kwigira rimwe, bizwi nka ‘Single Shift’. Nyinshi muri izi mpinduka zagiye zizana n’ibibazo bitandukanye, birimo no kuba abarimu bamwe baragiye bahinduka baringa bitewe n’amasaha make.https://inyarwanda.com/inkuru/127226/rubavu-emmanuel-simpeze-yasabye-abayobozi-bibigo-byamashuri-kwitandukanya-na-munyangire-127226.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Amavubi yatsindiwe mu nzira yerekeza muri BeninU Rwanda rwatsinzwe na Ethiopia igitego 1-0, mu mukino wa gicuti utegura umukino wa Benin.https://inyarwanda.com/inkuru/127224/amavubi-yatsindiwe-mu-nzira-yerekeza-muri-benin-127224.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Inyamibwa bakoze urugendo berekeza mu gitaramo bizihirizamo isabukuru y'imyaka 25-AMAFOTO 50Itorero Inyamibwa rigiye gutaramira muri Kigali Convention and Exhibition Village ahazwi nka Camp Kigali mu gitaramo cyo kwizihiza isabukuru y'imyaka 25 bamaze.https://inyarwanda.com/inkuru/127222/inyamibwa-bakoze-urugendo-berekeza-mu-gitaramo-bizihirizamo-isabukuru-yimyaka-25-amafoto-5-127222.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Premier League: Arsenal yanyagiye Crystal PalaceArsenal yanyagiye Crystal Palace, mu mikino yo ku munsi wa 28 muri shampiyona y'u Bwongereza. https://inyarwanda.com/inkuru/127223/premier-league-arsenal-yanyagiye-crystal-palace-127223.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ubuzima bwa Ramyboy uri mu bagezwego mu rwenya rwa NyaxoShema Junior Ronald uzwi muri filime cyane iza Nyaxo nka Ramyboy, ni umwe mu banyarwenya bari kuzamuka neza.https://inyarwanda.com/inkuru/127220/ubuzima-bwa-ramyboy-uri-mu-bagezwego-mu-rwenya-rwa-nyaxo-127220.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Chelsea FC ishobora kumara imyaka 4 idakinira kuri sitade yayoIkipe ya Chelsea yafashe umwanzuro wo kubaka sitade nshya ihagaze miliyari £2, bizatuma imara imyaka ine idakinira mu rugo.https://inyarwanda.com/inkuru/127221/chelsea-fc-ishobora-kumara-imyaka-4-idakinira-kuri-sitade-yayo-127221.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Cristiano Ronaldo yagize icyo atangaza nyuma yo gutsindira igitego cya mbere mu rugo-AMAFOTOUmukinnyi wa Al Nassr, Cristiano Ronaldo yatsinze agitego cya mbere ari kuri sitade y'ikipe ye kuva yayigeramo mu mikino ya shampiyona ya Saudi Arabia, arabyishimira ndetse agira n'icyo atangaza.https://inyarwanda.com/inkuru/127214/cristiano-ronaldo-yagize-icyo-atangaza-nyuma-yo-gutsindira-igitego-cya-mbere-mu-rugo-amafo-127214.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Bamusezeyeho! Miss Naomie n’abavandimwe be batunguye Uwineza Kelly ubura iminsi itanu ngo ashyingirwe-AMAFOTOUwineza Kelly ubarizwa mu itsinda rya Mäckenzies wenda gukora ubukwe, akaba na Nyirasenge wa Nishimwe Naomie wabaye Miss Rwanda 2020, yatunguwe n’abarimo Kathia Kamali, Lol Pamla n’abandi bagize iri tsinda bamusezeraho.https://inyarwanda.com/inkuru/127219/bamusezeyeho-miss-naomie-nabavandimwe-be-batunguye-uwineza-kelly-ubura-iminsi-itanu-ngo-as-127219.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Zlatan Ibrahimovic yakoze akandi gahigo kazagora benshi mu bagiconga ruhago Nyuma y’agahigo ko kuba ari we mukinnyi watsinze igiteko kuri buri munota w'umukino, umunya Sweden Zlatan Ibrahimovic yongeye gukora akandi gahigo ko kuba umukinnyi ukuze utsinze igitego muri shampiyona y’Ubutaliyani.https://inyarwanda.com/inkuru/127212/zlatan-ibrahimovic-yakoze-akandi-gahigo-kazagora-benshi-mu-bagiconga-ruhago-127212.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Meddy n’umugore we Mimi bakoreye ibirori by’agatangaza umwana wabo Myla wujuje umwaka-AMAFOTONgabo Medard Jobert n’umugore we Mimi Mehfira bakoreye ibirori bya mbere umwana wabo w’imfura wizihiza isabukuru y’umwaka umwe avutse, mu birori by’agatangaza byabereye iwabo mu rugo.https://inyarwanda.com/inkuru/127218/meddy-numugore-we-mimi-bakoreye-ibirori-byagatangaza-umwana-wabo-myla-wujuje-umwaka-amafot-127218.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Umusore azagira ikibazo mu gihe kizaza! Amagambo ya Pep Guardiola kuri Haaland wamaze amakipe Umutoza wa Manchester City, Pepe Guardiola yatangaje ko umukinnyi abereye umutoza, Erling Haaland azagira ikibazo mu hazaza he mubijyanye n'umupira w'amaguru.https://inyarwanda.com/inkuru/127216/umusore-azagira-ikibazo-mu-gihe-kizaza-amagambo-ya-pep-guardiola-kuri-haaland-wamaze-amaki-127216.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali cyongeye kuba mu icumi bya mbere byiza muri AfurikaIkibuga cy’indege muzamahanga cya Kigali kiri i Kanombe, cyaje ku mwanya wa 8 muri Afurika mu bibuga by’indege byiza gikurikirwa n’ikibuga cy'indege cya Jomo Kenyatta.https://inyarwanda.com/inkuru/127211/ikibuga-cyindege-mpuzamahanga-cya-kigali-cyongeye-kuba-mu-icumi-bya-mbere-byiza-muri-afuri-127211.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Hagiye gutangizwa iserukiramuco ry'isoko rizaherekezwa n'ibitaramo by'abahanziAbaturiye cyangwa se abagana ‘Car free zone’ ya Gisimenti n'abandi bagiye kongera gususuruka binyuze mu iserukiramuco ry’isoko ‘Kigali Open Market’ rizajya riba mu gihe cy’iminsi itatu ku Cyumweru cya nyuma cya buri kwezi, mu rwego rwo gufasha abantu kwidagadura no kumurika ibyo bakora.https://inyarwanda.com/inkuru/127210/hagiye-gutangizwa-iserukiramuco-ryisoko-rizaherekezwa-nibitaramo-byabahanzi-127210.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Bararyohewe! Gentil Misigaro na Rhoda bizihije imyaka 4 y'urushako mu mashimwe akomeye-AMAFOTOUmuramyi Gentil Misigaro n'umugore we Rhoda Mugiraneza, bari mu mashimwe akomeye yo kwizihizanya isabukuru y'imyaka 4 y'urushako umugisha w'abana babiri b'abahungu, n'ibindi byinshi.https://inyarwanda.com/inkuru/127207/bararyohewe-gentil-misigaro-na-rhoda-bizihije-imyaka-4-yurushako-mu-mashimwe-akomeye-127207.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Cécile Kayirebwa na Andy Bumuntu batumiwe muri 'Rwanda Festival' yateguwe na Green Hills AcademyUmuririmbyi wagwije ibigwi mu muziki w’u Rwanda, Cécile Kayirebwa ndetse n’umuhanzi akaba n’umunyamakuru Andy Bumuntu, bagiye kwifatanya n’abanyeshuri bo mu kigo cya Green Hills Academy mu iserukiramuco ‘Rwanda Festival'.https://inyarwanda.com/inkuru/127204/cecile-kayirebwa-na-andy-bumuntu-batumiwe-mu-iserukiramuco-ryumuco-127204.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200