RSS feed - INYARWANDA.COMhttps://inyarwanda.comEntertainment and Peopleen-usCopyright (C) 2025 - Inyarwanda.comFC Barcelona yanyagiye Real Madrid yegukana igikombe kiruta ibindi muri Espagne Ikipe ya FC Barcelona yatsinze Real Madrid ibitego 5-2 mu mukino wa nyuma w'igikombe kiruta ibindi muri Espagne ihita yegukana iki gikombe.https://inyarwanda.com/inkuru/150772/fc-barcelona-yanyagiye-real-madrid-yegukana-igikombe-kiruta-ibindi-muri-espagne-150772.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Manchester United yandagaje Arsenal muri FA Cup Umukino wahuje Manchester United na Arsenal muri FA Cup wabaye kuri iki Cyumweru tariki 12 Mutarama 2025, wagaragaje imbaraga n’ubuhanga, aho iminota 90 yarangiye amakipe yombi anganya igitego 1-1, ariko Manchester United ikaza gusezerera Arsenal kuri penaliti 5-3.https://inyarwanda.com/inkuru/150770/manchester-united-yandagaje-arsenal-muri-fa-cup-150770.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Buri mukinnyi w'Amagaju FC yemerewe ibihumbi 200 Frw nyuma yo kugarika APR FC Buri mukinnyi w'ikipe y'Amagaju FC yemerewe guhabwa agahimbazamusyi k'ibihumbi 200 by'amafaranga y'u Rwanda nyuma yo gutsinda ikipe ya APR FC.https://inyarwanda.com/inkuru/150768/buri-mukinnyi-wamagaju-fc-yemerewe-ibihumbi-200-frw-nyuma-yo-kugarika-apr-fc-150768.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Soloba yagarutse ku ndirimbo yatuye umukunzi we na filime nshya yubakiye ku nkuru mpamoMuri filime nyarwanda ziri gusohoka muri iki gihe, Soloba ni umwe uri mu bari kwitabazwa gusa na we akagira izo ategura akanakinamo usanga nazo zigira igikundiro cyihariye, ibintu anahuza n’umuziki.https://inyarwanda.com/inkuru/150765/soloba-yagarutse-ku-ndirimbo-yatuye-umukunzi-we-na-filime-nshya-yubakiye-ku-nkuru-mpamo-150765.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ese kwa Yampano inkono yahiriye igihe cyangwa Hit iri kumuheza umwuka?Mu byumweru bibiri gusa, umuhanzi Yampano amaze kugaragaza guhuzagurika cyane cyane bigendanye n’uko izina rye ryaba ryarazamutse cyane kandi mu gihe gito atabyiteguye.https://inyarwanda.com/inkuru/150755/ese-kwa-yampano-inkono-yahiriye-igihe-cyangwa-hit-iri-kumuheza-umwuka-150755.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Inzira ya APR FC na Rayon Sports i Huye yiganjemo amahwaUrugendo rwa Rayon Sports na APR FC muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda i Huye ntirwagenze neza, aho amakipe yombi yatsinzwe ku munsi wa 15, ibintu byatunguye abakunzi b’umupira w’amaguru.https://inyarwanda.com/inkuru/150762/inzira-ya-apr-fc-na-rayon-sports-mu-karere-ka-huiye-yiganjemo-amahwa-150762.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Umutobe w’imizabibu ushobora kongera akanyabugabo- Ubushakashatsi Kunywa umutobe w’imizabibu inshuro eshanu mu Cyumweru bifasha umubiri kongera akanyabugabo,kuko ikungahaye ku mavuta meza, poroteyine, vitamine E, imyunyu ngugu nka magnesium na zinc,byose bifasha mu mikorere myiza y’umubiri, harimo n’ubushobozi bwo gutera akanyabugabo ku kigero cya 80%.https://inyarwanda.com/inkuru/150760/umutobe-wimizabibu-ushobora-kongera-akanyabugabo-ubushakashatsi-150760.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200 Ishimwe ry’umubyeyi wa Naomie wizihiza isabukuru y'imyaka 50 y'amavukoMu gihe yizihiza isabukuru y'imyaka 50 y'amavuko, umubyeyi wibarutse Nyampinga w'u Rwanda wa 2020, Nishimwe Naomie, yashimye Imana ko yujuje iyi myaka ari muzima akaba yarabashije no gushyingira umwana we uherutse gusezerana na Michael Tesfay ukomoka muri Ethiopia.https://inyarwanda.com/inkuru/150757/ishimwe-ryumubyeyi-wa-naomie-wizihiza-isabukuru-yimyaka-50-yamavuko-150757.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Trump yanenze abayobozi ba California mu bikorwa byo kurwanya inkongi y'umuriroDonald Trump, watorewe kuyobora Leta Zunze ubumwe za Amerika, yanenze abayobozi ba California, ku bijyanye n'uburyo bitwaye mu guhangana n'inkongi y'umuriro yayogoje Los Angeles.https://inyarwanda.com/inkuru/150758/trump-yanenze-abayobozi-ba-california-mu-bikorwa-byo-kurwanya-inkongi-yumuriro-150758.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200APR FC yiganye Rayon Sports itsindirwa i Huye-AMAFOTO+VIDEOIkipe ya APR FC yatsinzwe n'Amagaju FC igitego 1-0 mu mukino wo ku munsi wa 15 wa shampiyona y'icyiciro cya mbere mu Rwanda wakinwe kuri iki Cyumweru Saa Cyenda kuri Sitade mpuzamahanga ya Huye.https://inyarwanda.com/inkuru/150756/live-amagaju-fc-yizihiza-isabukuru-yimyaka-90-yakiriye-apr-fc-150756.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Imyaka 30 mu ivugabutumwa: Amashimwe Sion Choir batangiranye umwaka wa 2025 – VIDEOKorali Sion yitegura kuzuza imyaka 30 mu ivugabutumwa, batangiye umwaka wa 2025 bashima Imana yabanye na bo ikabatambutsa ibyasaga n'ibikomeye muri uru rugendo by'umwihariko mu mwaka ushize, mu butumwa banyujije mu ndirimo nshya bise 'Shimwa Mana.' https://inyarwanda.com/inkuru/150750/imyaka-30-mu-ivugabutumwa-amashimwe-sion-choir-batangiranye-umwaka-wa-2025-video-150750.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ayo Lizer,Producer wihishe inyuma y'indirimbo ziri gusohoka muri WCBMu myaka yashize, abakunzi b’umuziki wa Bongo Flava bagaragaje impungenge z’uko habayeho kudahuza hagati ya Lizer, umu-producer w'icyamamare muri Tanzania n’abahanzi ba WCB. Ariko nyuma y'ikiruhuko gito, izi mpande ebyiri zahuye mu buryo butangaje muri uyu mwaka, aho ibihangano byabo byakoze ku mitima y'abakunzi b’umuziki wa Tanzania. https://inyarwanda.com/inkuru/150736/ayo-lizerproducer-wihishe-inyuma-yindirimbo-ziri-gusohoka-muri-wcb-150736.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Rihanna agiye gukorana na The Weeknd kuri album ye nshya Amakuru aravuga ko Rihanna ashobora kuzaba ari kumwe na The Weeknd mu gice kimwe cya album ye nshya yitwa Hurry Up Tomorrow.https://inyarwanda.com/inkuru/150749/rihanna-agiye-gukorana-na-the-weeknd-kuri-album-ye-nshya-150749.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Abagabo bafite ibyiyumvo byo kuryamana n'abo bahuje ibitsina bemerewe kuba AbapadiriKiliziya Gatolika yatangaje ko abagabo bafite ibyiyumvo byo kuryamana n’abo bahuje ibitsina bemerewe kuba abapadiri, igihe cyose bemeye gukomeza kuba ingaragu no kwirinda gukwirakwiza no kwigisha iyi myemerere yabo ku bijyanye n’imibonano mpuzabitsina.https://inyarwanda.com/inkuru/150747/abagabo-bafite-ibyiyumvo-byo-kuryamana-nabo-bahuje-ibitsina-bemerewe-kuba-abapadiri-150747.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Joe Biden yahaye Papa Fransisiko umudali w'ishimwePerezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden yahaye umudali w'ishimwe Papa Fransisiko kubera kwicisha bugufi no gukunda abantu bose, bimuranga.https://inyarwanda.com/inkuru/150744/joe-biden-yahaye-papa-fransisiko-umudali-wishimwe-150744.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ni iki cyihishe inyuma y'imvugo ya Mutesi Jolly ku rukundo avugwamo n'umuherwe ?Nyuma yo guhakana iby'urukundo rwe n'umuherwe Lugumi Saidi ucuruza intwaro avuga ko bamwibye Instagram ye nyamara kuva na kera na kare bigaragara ko urukundo rwahoze rwishakira inzira, Mutesi Jolly yagaragaje ko atewe ishema no kuvugwa mu rukundo n'umuherwe.https://inyarwanda.com/inkuru/150745/ni-iki-cyihishe-inyuma-yimvugo-ya-mutesi-jolly-ku-rukundo-avugwamo-numuherwe-150745.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Asake ku ruhembe: Urutonde rwa album 10 zikunzwe cyane muri Nigeria kuri SpotifyUrubuga rwa Spotify rwagaragaje album 10 zikomeje kumvwa cyane mu buryo bw'amajwi muri Nigeria muri uyu mwaka wa 2024.https://inyarwanda.com/inkuru/150741/urutonde-rwa-album-10-zikunzwe-cyane-muri-nigeria-kuri-spotify-150741.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Marshall Mushaki yatangiranye umwaka wa 2025 indirimbo nshya ‘Mana Urumva’ – VIDEOUmuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Marshall Mushaki yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Mana urumva’ avuga ko uyu mwaka uzaba uwe.https://inyarwanda.com/inkuru/150738/marshall-mushaki-yatangiranye-umwaka-wa-2025-indirimbo-nshya-mana-urumva-video-150738.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Urubyiruko rwongeye gusabwa gukaza ubwirinzi bwa SIDA kuko amazi atakiri ya yandiMu gihe imibare y'abandura SIDA ikomeza kwiyongera umunsi ku wundi, urubyiruko rwongeye gusabwa gukaza ubwirinzi, rwirinda kudohoka ku ngamba zo kwirinda iyi Virusi yongeye gukaza umurego by'umwihariko mu bakiri bato.https://inyarwanda.com/inkuru/150739/urubyiruko-rwongeye-gusabwa-gukaza-ubwirinzi-bwa-sida-kuko-amazi-atakiri-ya-yandi-150739.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Byiringiro Lague yahakanye ibyo kutajya muri Rayon Sports kubera APR FCUmukinnyi w'Umunyarwanda, Byiringiro Lague yahakanye ibyo kuba ataragiye muri Rayon Sports kubera ko yakiniye APR FC nk'uko hari bamwe babitekereje ndetse anavuga ko atasaba imbabazi abafana ba Rayon Sports batanyuzwe n'uyu mwanzuro. https://inyarwanda.com/inkuru/150742/byiringiro-lague-yahakanye-ibyo-kutajya-muri-rayon-sports-kubera-apr-fc-150742.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Menya bimwe mu byaranze iyi tariki mu mateka y’IsiIbintu biba byarabaye kuri iyi tariki mu myaka yashize ni byinshi cyane ariko uyu munsi, InyaRwanda yaguhitiyemo bimwe mu by’ingenzi bidateze kwibagirana mu mateka y’isi.https://inyarwanda.com/inkuru/150737/menya-bimwe-mu-byaranze-iyi-tariki-mu-mateka-yisi-150737.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Kyle Walker yasabye gutandukana na Manchester CityUmukinnyi Kyle Walker, usanzwe ari myugariro wa Manchester City, yatangaje ko ashaka kuva muri iyi kipe, aho amaze imyaka irindwi akinira guhera mu mwaka w'imikino wa 2017-18.https://inyarwanda.com/inkuru/150735/kyle-walker-yasabye-gutandukana-na-manchester-city-150735.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200APR FC yiteguye gukura amanota 3 i Huye yagize icyo isaba abafana bayo Ikipe ya APR FC yiteguye gukura amanota atatu imbere y'ikipe y'Amagaju FC mu mukino wo ku munsi wa 15 wa shampiyona y'icyiciro cya mbere mu Rwanda.https://inyarwanda.com/inkuru/150734/apr-fc-yiteguye-gukura-amanota-3-i-huye-yagize-icyo-isaba-abafana-bayo-150734.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200 Djimon Hounsou wubatse izina i Hollywood arataka ubukeneUmukinnyi wa filime, Djimon Hounsou, yatangaje ko afite ibibazo by'ubukingu nubwo amaze imyaka irenga 20 mu mwuga wa filime.https://inyarwanda.com/inkuru/150731/djimon-hounsou-wubatse-izina-i-hollywood-arataka-ubukene-150731.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Iran yongeye gufunga amashuri n'ibiro kubera ikibazo cy'ibikomoka kuri peteroliKubera ikibazo cya peteroli Iran yahisemo gufunga amashuri n'ibiro byo mu mijyi imwe n'imwe kugira ngo isaranganywe ingufu z'amashanyarazi bikaba birimo gutizwa umurindi n'ibihano yafatiwe.https://inyarwanda.com/inkuru/150732/iran-yongeye-gufunga-amashuri-nibiro-kubera-ikibazo-cyibikomoka-kuri-peteroli-150732.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Bosco Nshuti yateguje igitaramo gikomeye no kuzenguruka Isi muri "Ndahiriwe Tour" Umuramyi Bosco Nshuti wamamaye mu ndirimbo "Ibyo Ntunze", yahishuye ko muri uyu mwaka wa 2025 azakora igitaramo gikomeye muri Kigali ndetse akazenguruka Isi mu bitaramo yise "Ndahiriwe Tour".https://inyarwanda.com/inkuru/150726/bosco-nshuti-yateguje-igitaramo-gikomeye-no-kuzenguruka-isi-muri-ndahiriwe-tour-150726.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Asake yemeje ku mugaragaro ko yavuye muri Label yatangiriyemoUmuhanzi Asake yemeje guhagarika gukorana na YBNL, Label yamufashije kugaragaza ibikorwa bye. https://inyarwanda.com/inkuru/150729/asake-yemeje-ku-mugaragaro-ko-yavuye-muri-label-yatangiriyemo-150729.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ngabo wa Mugabo waririmbye "Tuyobowe n'Intare" yahimbiye Perezida Kagame yongeye gukora mu nganzoUmuhanzi mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Ngabo wa Mugabo, wakunzwe mu ndirimbo "Tuyobowe n'Intare" yongeye gukora mu nganzo ahumuriza abihebye.https://inyarwanda.com/inkuru/150733/ngabo-wa-mugabo-waririmbye-tuyobowe-nintare-yahimbiye-perezida-kagame-yongeye-gukora-mu-ng-150733.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Abanyamideri ba mbere bahize abandi mu guhanga udushya n'imyambarire muri 2024Abanyamuderi Rosé na Jisoo bari mu bazanye impinduka zigaragara mu bijyanye n’imyambarire muri 2024, nk’uko byagaragajwe na Lefty (EMV).https://inyarwanda.com/inkuru/150724/abanyamideri-ba-mbere-bahize-abandi-mu-guhanga-udushya-nimyambarire-muri-2024-150724.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200FA Cup: Man City, Liverpool na Chelsea zakomeje zinyagiye, Brentford iratungurwaKu munsi utatunguranye muri FA Cup, amakipe akomeye nka Man City, Liverpool na Chelsea yakomeje muri kimwe cya kane, mu gihe Brentford yatunguwe bikomeye na Plymouth Argyle.https://inyarwanda.com/inkuru/150730/liverpool-na-chelsea-zakomeje-brentford-iratungurwa-muri-fa-cup-150730.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Umwaka wa 2024 waranzwe n’ubushyuhe bwinshi ugereranyije n’indi myaka yawubanjirijeBitegenijwe ko ubushyuhe mu mwaka wa 2025 buzakomeza kwiyongera ukazaba umwaka wa gatatu uranzwemo ubushyuhe bwinshi nyuma ya 2024 na 2016.https://inyarwanda.com/inkuru/150707/umwaka-wa-2024-waranzwe-nubushyuhe-bwinshi-ugereranyije-nindi-myaka-yawubanjirije-150707.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Imbamutima za Niyonizeye Fred watsinze igitego Rayon Sports kandi ariyo yamurambagije mbere -VIDEOMu mukino Mukura Victory Sports yatsinze Rayon Sports ibitego bibiri kuri kimwe, Umurundi Niyonizeye Fred yishimiye kuba ariwe watsinze igitego cya kabiri akagitsinda Rayon Sports kandi ariyo yari yaramurambagije mbere y'uko Mukura imubona.https://inyarwanda.com/inkuru/150728/imbamutima-za-niyonizeye-fred-watsinze-igitego-rayon-sports-kandi-ariyo-yamurambagije-mber-150728.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Nyuma yo gupfusha se, yasambanyijwe n'inshuti y’umuryango akomeza kubigira ibanga imyaka 7Umukobwa witwa Jennifer avuga ko yasambanyijwe n’inshuti y’umuryango kuva mu 2014, akomeza kubyihererana imyaka 7 bimunaniye atanga ikirego kuri Police muri Kamena 2020, undi akomeza kubihakana bifata imyaka 4 kugira ngo icyaha kimuhame muri 2024.https://inyarwanda.com/inkuru/150718/nyuma-yo-gupfusha-se-yasambanyijwe-ninshuti-yumuryango-akomeza-kubigira-ibanga-imyaka-7-150718.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Papa Fransisco yasabiye Los Angeles muri ibi bihe bikomeye iri gucamoPapa Fransisco yatanze inkunga y'amasengesho ku baturage bababaye kubera inkongi y'umuriro ikomeje guteza ibibazo mu bice bitandukanye bya Los Angeles, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.https://inyarwanda.com/inkuru/150727/papa-fransisco-yasabiye-los-angeles-muri-ibi-bihe-bikomeye-iri-gucamo-150727.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200NKORE IKI: Umukunzi wanjye yahisemo kureka urukundo rwacu yimukira mu cyumba cy’abashyitsi Umukunzi wanjye tumaranye imyaka 12 yahisemo kurara mu cyumba cy’abashyitsi, ambwira ko atagishaka ko dukomeza umubano ndetse arateganya kwimukira mu nzu ye nshya kandi ndumva bingoye kubyakira nkomeza kumukunda cyane kandi ntinya kuba njyenyine.https://inyarwanda.com/inkuru/150686/nkore-iki-umukunzi-wanjye-yahisemo-kureka-urukundo-rwacu-yimukira-mu-cyumba-cyabashyitsi-150686.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Prince Dully Sykes yahishuye uko yagize uruhare mu kwamamara kwa Marioo ukunzwe muri Tanzania Ni ikiganiro kigufi cyaciye kuri "Ayo TV" aho Prince Dully Sykes yatangaje uburyo yabanye n'umuhanzi ukunzwe muri iki gihe muri Tanzania, Marioo.https://inyarwanda.com/inkuru/150722/prince-dully-sykes-yahishuye-uko-yagize-uruhare-mu-kwamamara-kwa-marioo-ukunzwe-muri-tanza-150722.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Koreya y'Epfo: Umuraperikazi Jennie yavuze ko ashobora kumara umunsi wose muri Studio Umuraperikazi Jennie [Jennie Kim known mononymously] yatangaje ko yashoboraga kuguma muri Studio umunsi wose, yakandika kugeza Saa Sita cyangwa saa Saba z'ijoro ategura album, igihe yabazwaga byinshi kuri album ye kuri Billboard.https://inyarwanda.com/inkuru/150676/koreya-yepfo-umuraperikazi-jennie-yavuze-ko-ashobora-kumara-umunsi-wose-muri-studio-150676.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Uko byifashe muri Los Angeles: Abagera kuri 11 nibo bamaze kwicwa n'inkongi y'umuriro Inkongi y’umuriro muri Los Angeles umwe mu mijyi minini igize Leta ya Califonia, imaze gukura abantu mu byabo barenga 180,000 naho abagera kuri 11 bamaze kuhaburira ubuzima.https://inyarwanda.com/inkuru/150714/uko-byifashe-muri-los-angeles-abagera-kuri-11-nibo-bamaze-kwicwa-ninkongi-yumuriro-150714.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Perezida William Ruto yatunguranye yishimira akabyiniriro gashya yahawe ka 'Kasongo' nyuma ya 'Zakayo'Perezida wa Kenya, William Ruto, yagiye ahabwa utubyiniriro dutandukabye twagiye dukwirakwira cyane ku mbuga nkoranyambaga, nka 'Zakayo' ndetse na 'Kasongo'.https://inyarwanda.com/inkuru/150721/perezida-william-ruto-yatunguranye-yishimira-akabyiniriro-gashya-yahawe-ka-kasongo-nyuma-y-150721.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Carlo Ancelotti ari gukubita agatoki ku kandi mbere yo gucakirana na FC BarcelonaReal Madrid irashaka gukosora amateka mabi nyuma yo gutsindwa na Barcelona ibitego 4-0 mu Ukwakira, mu mukino wa LaLiga wabereye ku kibuga cya Santiago Bernabéu. https://inyarwanda.com/inkuru/150725/carlo-ancelotti-ari-gukubita-agatoki-ku-kandi-mbere-yo-gucakirana-na-fc-barcelona-150725.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Cristiano Ronaldo ashobora kongera gukinana na Casemiro Umukinnyi w’ikirangirire Cristiano Ronaldo, wamenyekanye cyane muri Manchester United no muri Real Madrid, ashobora kongera gukinana na mugenzi we w’umuhanga bakinanye mu makipe yombi, Casemiro. https://inyarwanda.com/inkuru/150723/cristiano-ronaldo-ashobora-kongera-gukinana-na-casemiro-150723.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Bboybeats; Producer ukomeje kubica bigacika muri muzika ya TanzaniaIzina rya Bboybeats rikomeje kumvikana cyane mu kanwa k'abakunzi b'umuziki wa Bongo Flava, ni umwe mu batunganya umuziki bafite impano ikomeye muri Tanzania.https://inyarwanda.com/inkuru/150720/bboybeats-producer-ukomeje-kubica-bigacika-muri-muzika-ya-tanzania-150720.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Egide Fox watandukanye na Miss Aurore yasezeranye imbere y'amategeko Nyuma y'urujijo n'amagambo menshi amwe yiswe ibihuha, Mbabazi Egide benshi bita Egide fox watandukanye na Miss Aurore Kayibanda uherutse gukora ubukwe n’undi mugabo, nawe yamaze gusezerana n’inkumi yihebeye bivugwa ko bitegura kurushinga muri Gashyantare.https://inyarwanda.com/inkuru/150716/egide-fox-watandukanye-na-miss-aurore-yasezeranye-imbere-yamategeko-150716.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Umugabo yise umwana we izina ry'Akazi ke, "Statistical Information Communication Office"Mu gihugu cya Indonesia, umugabo witwa Samet Wahyudi yateje impaka mu muryango we no mu baturanyi be nyuma yo guhitamo izina ridasanzwe ku mwana we w'umuhungu aho yamwise "Statistical Information Communication Office", izina rikomoka ku kazi ke akaba yaragafashe nk'aho ari igice cy'ubuzima bwe bwite.https://inyarwanda.com/inkuru/150717/umugabo-yise-umwana-we-izina-ryakazi-ke-statistical-information-communication-office-150717.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Rurageretse hagati ya Itangishaka Blaise na AS Kigali muri FERWAFA Itangishaka Blaise utoza APR WFC yatanze ikirego muri FERWAFA arega AS Kigali imishahara itamuhembye ubwo yayikiniraga.https://inyarwanda.com/inkuru/150719/rurageretse-hagati-ya-itangishaka-blaise-na-as-kigali-muri-ferwafa-150719.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Mukura VS yashyize akadomo ku rugendo rwo kudatsindwa kwa Rayon Sports -AMAFOTO+VIDEOIkipe ya Mukura VS yatsinze Rayon Sports mu mukino wo ku munsi wa 15 wa shampiyona y'icyiciro cya mbere mu Rwanda wakinwe kuri uyu Wa Gatandatu Saa kumi nimwe kuri Sitade mpuzamahanga ya Huye.https://inyarwanda.com/inkuru/150715/live-mukura-vs-igiye-kwakira-rayon-sports-mu-mukino-wimvura-150715.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Sky 2 washinje Papa Cyangwe kwica indirimbo ya Yampano mu bashinjwa kwica igitaramo ‘Icyumba cya Rap’ – VIDEOUmuhanzi Sky 2 n’abahanzi bakizamuka bijunditswe n’abakunzi b’injyana ya Hip Hop ku bwo kumara iminota myinshi ku rubyiniro bigatuma abaraperi bagize Tuff Gang badatarama.https://inyarwanda.com/inkuru/150713/sky-2-washinje-papa-cyangwe-kwica-indirimbo-ya-yampano-mu-bashinjwa-kwica-igitaramo-icyumb-150713.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Kristina ufite abana 22 ku myaka 26 afite intego yo kugeza abana 100Kristina Ozturk umubyeyi w’imyaka 26 ukomoka mu Burusiya, afite abana 22, barimo 21 bavutse binyuze muri surrogacy (uburyo umuntu agutwitira), afite intego yo kugeza abana 100.https://inyarwanda.com/inkuru/150712/kristina-ufite-abana-22-ku-myaka-26-afite-intego-yo-kugeza-abana-100-150712.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 6,8% mu mpera za 2024Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyatangaje ko mu Kuboza 2024, ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 6,8% ugereranyije n’igihe nk'icyo mu 2023.https://inyarwanda.com/inkuru/150683/ibiciro-mu-mijyi-byiyongereyeho-68-mu-mpera-za-2024-150683.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Yvanny Mpano agiye kumurikira Album i DubaiMutangana Yves umaze kwamamara mu muziki Nyarwanda nka Yvanny Mpano agiye gutaramira abakunzi be i Dubai, aho azanabasogongeza kuri Album ye nshya mu gitaramo yise 'Valentine's Night Show in Dubai.'https://inyarwanda.com/inkuru/150688/yvanny-mpano-agiye-kumurikira-album-i-dubai-150688.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200