Heineken imwe mu nzoga zishimirwa na benshi ndetse Bralirwa ikaba Ishami rya Heineken Group; kuri ubu iri kwizihiza imyaka 150 imaze itangiye gukora iyi nzoga.
Umuhanzi Nasibu Abdul Juma Isaack, wamenyekanye ku izina rya Diamond Platnumz mu muziki wa Tanzania ndetse na Afurika muri rusange yamaze kuba ahabwa ubutumire mu bukwe bw'uwahoze ari umukunzi we Zari ndetse bakaza no gusezerana.
Umuyobozi w'ikipe yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ya Inter Miami, Jorge Mas, yemeye ko azakora uko ashoboye kose Lionel Messi agasubira gusezera ku bafana ba FC Barcelona.