Ugereranyije n’abandi bahanzi bo mu Rwanda, birashoboka ko Marina ariwe muhanzi wa mbere ufite amasezerano azamara igihe mu inzu ifasha abahanzi (Label).
Umuhanzi The Ben ubwo yari mu kiganiro kuri Radiyo Kiss Fm yahishuye impamvu akunda kurira, ibintu abantu bamaze iminsi bagarukaho cyane bibaza impamvu inshuro nyinshi iyo ari mu bitaramo akunze kugaragara ari kurira.