Ruti Joel ni umuhanzi w’Umunyarwanda uzwi cyane mu njyana ya gakondo. Yamenyekanye mu ndirimbo nka Igikobwa, Rusaro, Rumuri rw'Itabaza, na Rosana yakoranye na Mike Kayihura.
Ikipe ya Musanze FC ishobora kuba iri guca amarenga ko igiye kugaruka mu bihe byiza kuko mu mikino ibiri iherutse gukina na Rayon Sports na APR FC, yatumye abakunzi bayo makipe bakambya agahanga.
Perezida Donald Trump na Vladimir Putin bemeranyije gutangiza ibiganiro byo kurangiza intambara ya Ukraine, nyuma y'ifungurwa ry'Umunyamerika Marc Fogel.