Hari ubwo bihurirana n’akazi kenshi maze wajya kureba, ugasanga nta munota n’umwe usigaranye wo kuba wakwicara ngo ufate amafunguro ya saa sita bityo ugahitamo kubireka. Ese ni amahitamo meza gusubika amafunguro ya saa sita? Ese ni iyihe saha nziza yo kuyafatiraho ?