RFL
Kigali

Bidasubirwaho Chelsea yamaze gusinyisha Tiago Silva ku buntu

Yanditswe na: ISHIMWE Olivier Ba
Taliki:28/08/2020 15:09
0


Uwahoze ari kapiteni wa Paris Saint-Germain ukomoka mu gihugu cya Brazil Thiago Emiliano da Silva amaze gusinya mu ikipe ya Chelsea aho atandukanye na Paris Saint-Germain ku buntu.



Nyuma y’imyaka igera ku munani akinira ikipe ya Paris Saint-Germain, Tiago Silva yayikiniye imikino igera kuri 315, yatwaye ibikombe 25 harimo ibikombe birindwi bya shampiyona, akaba akoremeje urugendo rwe mu gihugu cy’u Bwongereza.

Tiago Silva ufite imyaka 35 y’amavuko  yasinyije ikipe ya Chelsea kuzayikira igihe kigera ku mwaka umwe ushobora kongewa.







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND