RFL
Kigali

Fireman ahishuye abamubaye hafi kurusha abandi muri Tuff Gang mu bihe bikomeye yaciyemo-VIDEO

Yanditswe na: InyaRwanda
Taliki:11/08/2020 15:32
0


Umuraperi Uwimana Francis wamamaye mu muziki nka Fireman mu kiganiro yagiranye na InyaRwanda TV, yahishuye amazina y’abamubaye hafi mu itsinda yahozemo ryakanyujijeho muri muzika nyaRwanda. Ibi abivuze nyuma yo gushyira umukono ku masezerano y’imikoranire na na sosiyete yitwa Taconi Groupe.



Uwimana Francis uzwi nka Fireman mu muziki agiye gukorana na Taconi mu bikorwa bigamije guteza muzika ye imbere mu gihe kingana n’imyaka itatu. Twaganiriye nawe adutangariza byinshi birimo abamubaye hafi cyane mu bo bahoranye mu itsinda rya Tuff Gang.

BYOSE YABISOBANUYE MU KIGANIRO TWAGIRANYE


Kanda hano ureba izindi nkuru zacu ku InyaRwanda Tv





TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND