RURA
Kigali

Shyaka Clever myugariro wa Sunrise FC, yateye ivi asaba Agnes kumubera umugore yasabye Imana - AMAFOTO

Yanditswe na: ISHIMWE Olivier Ba
Taliki:13/11/2023 11:13
3


Nyugariro w'ikipe ya Sunrise FC Shyaka Clever, yatereye ivi Mukobwa Agnes amusaba ko bazabana akaramata.



Ni umuhando wabaye ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 12 Ugushyingo, ubera mu mujyi wa Kigali muri Sainte Famille. 

Shyaka Clever wabaye umukinnyi w'umukino ubwo Sunrise FC yabuzaga igikombe cya shampiyona ikipe ya Kiyovu Sports amaze igihe mu rukundo na Mukobwa Agnes, nk'uko yabidutangarije.

Yagize Ati" Mukobwa ni umu umukobwa tumaze imyaka 8 dukundana, twamenyaniye mu mujyi wa Kigali, ariko umutima agira ndetse no kubaha, biri mu byatumye mfata umwanzuro wo gutangira urugendo rwo kubana ubuziraherezo."

Shyaka Clever ni umwe mu bakinnyi bamaze igihe mu ikipe ya Sunrise FC kuko yayigezemo mu 2016 avuye mu ikipe ya Etoile de L'est. Biteganyijwe ko Shyaka Clever na Mukobwa Agnes bazakora umubukwe muri Gashyantare umwaka utaha.

Shyaka Clever na Agnes bashyize hanze urugendo rwabo rwo kubana akaramata



B
amaze imyaka 8 bakundana 

Shyaka Clever aherutse kongera amasezerano mu ikipe ya Sunrise FC 

Shyaka Clever ubwo yagenzuraga umupira kuri sitade ya Huye 







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Mutoniallen2022@gmail.com1 year ago
    Uwo shyaka clever mumudusabire nokwita kumwana yabyaye afate ishingano nkumubyeyi
  • Coco1 year ago
    Ibyo byumwana ntago bitureba ubimubwire singombwa hano
  • MESSI8 months ago
    APARI YACICE REYO



KOPA

Inyarwanda BACKGROUND