RURA
Kigali

Abaubakar Lawal wakiniye AS Kigali yitabye Imana

Yanditswe na: ISHIMWE Walter
Taliki:24/02/2025 12:25
0


Umunya Nigeria Aboubakar Lawal wahoze akinira AS Kigali yitabye Imana azize impanuka ya Moto yabereye mu gihugu cya Uganda.



Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere inkuru mbi yatashye mu bakunzi ba ruhago nyuma yo kumva ko umunya Nigeria wahoze akinira AS Kigali yitabye Imana nyuma y'impanuka ya Moto yabereye mu gihugu cya Uganda mu gace ka Entebe.

Uyu mukinnyi wahoze akinira AS Kigali yari yaratandukanye nayo asigaye akinira Vipers SC yo mu gihugu cya Uganda, akaba yakoze impanuka mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere itariki 24 Gashyantare 2025.

Lawal yakiniye AS Kigali imyaka ibiri, ayifasha kwegukana ibikombe igikombe kimwe cy’Amahoro

Aboubakar Lawal ufite umupira mu ifoto yitabye Imana azize impanuka ya Moto






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo


KOPA

Inyarwanda BACKGROUND