RSS feed - INYARWANDA.COMhttps://inyarwanda.com/index.phpEntertainment and Peopleen-usCopyright (C) 2025 - Inyarwanda.comIsrael yongeye kugaba ibitero kuri Gaza, abarenga 970 bahasiga ubuzima mu masaha 48Minisiteri y’Ubuzima ya Gaza yatangaje ko abantu 970 bamaze kwicwa mu masaha 48 ashize, nyuma y’uko Israel isubukuye ibitero bikomeye kuri Gaza. https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153675/israel-yongeye-kugaba-ibitero-kuri-gaza-abarenga-970-bahasiga-ubuzima-mu-masaha-48-153675.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Rurageretse hagati ya Bebe Cool na Alex MuhangiBebe Cool yajyanye mu nkiko Alex Muhangi ufite izina rikomeye mu rwenya no gutegura ibitaramo byarwo muri Uganda, amushinja gukoresha amashusho ye nta burenganzira amuhaya.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153665/rurageretse-hagati-ya-bebe-cool-na-alex-muhangi-153665.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Imibu ikunda cyane amaraso yo mu bwoko bwa O - UbushakashatsiUbushakashati bwakozwe na Dr. Yoshikazu Shirai na bagenzi be bo muri Kaminuza ya Pest Control Technology mu Buyapani, bwagaragaje ko amaraso yo mu itsinda rya O (Group O) akurura imibu incuro zikubye Kabiri ugereranyije n’andi maraso.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153673/imibu-ikunda-cyane-amaraso-yo-mu-bwoko-bwa-o-ubushakashatsi-153673.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Mama Mukura umufana ukomeye wa Mukura VS n’Amavubi arembeye muri CHUB Umufana ukomeye w’ikipe ya Mukura VS ndetse n’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, Mukanemeye Madeleine uzwi nka Mama Mukura, arembeye mu bitaro bya Kaminuza bya Butare (CHUB).https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153672/mama-mukura-umufana-ukomeye-wa-mukura-vs-namavubi-arembeye-muri-chub-153672.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Inkuru itangaje y'umugabo wabashije kumara imyaka 22 yose ari umubikira nta muntu uramuvumbura Frank Tavares cyangwa Sister Margarita, akomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Dominikani akaba yaravutse ari umuhungu, yabayeho ubuzima budasanzwe kandi bwuzuye amayobera, aho yabaye umubikira mu gihe cy'imyaka irenga 20 ntta muntu n’umwe ubashije kumenya ukuri ku buzima bwe, uyu yabaye umubikira mu muryango ibiri. https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153669/inkuru-itangaje-yumugabo-wabashije-kumara-imyaka-22-yose-ari-umubikira-nta-muntu-uramuvumb-153669.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Bivuze kwaguka – Moses Turahirwa ku banyamideli bahesha u Rwanda ishema ku ruhando mpuzamahangaUruganda rw’imideli rw’u Rwanda ruragenda rutera imbere ku buryo budasanzwe, aho abamurika imideli n’abayihanga bakomeje kwigaragaza ku ruhando mpuzamahanga. Ubu, imyambaro ikorerwa mu Rwanda irakundwa, ndetse n’abanyamideli b’Abanyarwanda bakomeje kubengukwa n’ibigo bikomeye ku Isi.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153659/bivuze-kwaguka-moses-turahirwa-ku-banyamideli-bahesha-u-rwanda-ishema-ku-ruhando-mpuzamaha-153659.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Zelensky arashinja Putin kwica nkana amasezerano y'agahenge k'iminsi 30Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yashinje Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, kwica amasezerano yari yagiranye na Donald Trump yo guhagarika ibitero ku bikorwa remezo muri Ukraine mu gihe cy’iminsi 30. https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153670/zelensky-arashinja-putin-kwica-nkana-amasezerano-yagahenge-kiminsi-30-153670.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200N’Golo Kanté yubakiye ibitaro abaturage bo muri Mali bihagaze arenga Miliyari 5 Frw Umukinnyi w'ikipe y'igihugu y'u Bufaransa na Al-Ittihad yo muri Arabia Saudite, N’Golo Kanté yubakiye ibitaro abaturage bo muri Mali bifite agaciro k'amafaranga arenga Miliyari 5 z'Amanyarwanda anagurayo inzu.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153668/ngolo-kante-yubakiye-ibitaro-abaturage-bo-muri-mali-bihagaze-arenga-miliyari-5-frw-153668.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Rev Dr. Antoine Rutayisire yasobanuye imvo n'imvano y'Ubutegetsi bwa Satani ku IsiRev Dr. Pasteur Antoine Rutayisire yasobanuye mu buryo burambuye uburyo Bibiliya isobanura ubutegetsi bwa Satani ku isi, inkomoko yabwo, intego yawo ndetse n’ingaruka bigira ku bakirisitu n’isi muri rusange.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153667/rev-dr-antoine-rutayisire-yasobanuye-imvo-nimvano-yubutegetsi-bwa-satani-ku-isi-153667.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Mako Nikoshwa yahishuye iby’indirimbo yakorewe na Lick Lick itarasohotse igasimbuzwa indi-VIDEOUmuhanzi wamenyekanye kuva mu myaka 21 ishize ari mu muziki, Makombe Joseph wamenyekanye nka Mako Nikoshwa yatangaje ko ikorwa ry’indirimbo ye ‘Nkutekerezaho’ yakorewe na Producer Lick Lick yabanjirijwe n’indirimbo ‘Kunda ugukunda’ itarigeze ijya hanze.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153662/mako-nikoshwa-yahishuye-ibyindirimbo-yakorewe-na-lick-lick-itarasohotse-igasimbuzwa-indi-v-153662.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Umunyabigwi wa Nigeria yaburiye Super Eagles kutazasuzugura umukino w’AmavubiMu gihe habura iminsi mike ngo ikipe y’igihugu ya Nigeria, Super Eagles, ihure n’Amavubi y’u Rwanda mu mukino wo guhatanira itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, icyamamare Victor Ikpeba yaburiye bagenzi be kudafata uyu mukino nk’uworoshye.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153666/umunyabigwi-wa-nigeria-yaburiye-super-eagles-kutazasuzugura-umukino-wamavubi-153666.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Qatar yaba umuhuza mwiza mu kibazo cy’umutekano mucye muri DRC?Mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri, abantu batunguwe no kubona Perezida Kagame yahuye na Perezida Felix Tshiseked nyuma y’imyaka irenga itatu aba bombi batavugana, bakaba bahujwe na Emir wa Qatar Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153655/qatar-yaba-umuhuza-mwiza-mu-kibazo-cyumutekano-mucye-muri-drc-153655.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Dany Nanone yahishuye uburyo Pastor P yamubereye ikiraro cyo kongera kumvikana mu muziki-VIDEOUmuraperi Ntakirutimana Dany wamamaye nka Dany Nanone yatangaje ko kwifashisha Pastor P kuri Extended Play (Ep) ye nshya yise ‘112’ byaturutse mu kuba ariwe wanamukoreye indirimbo ‘Iminsi myinshi’ yitiriye Album ye ya mbere yatumye yongera kumvikana mu muziki nk’umuhanzi wigenga.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153653/dany-nanone-yahishuye-uburyo-pastor-p-yamubereye-ikiraro-cyo-kongera-kumvikana-mu-muziki-v-153653.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Umusenateri wahoze ari rutahizamu wa Brazil yasabye gukora iperereza kuri Lucas Paquetá kubera BettingUwahoze ari rutahizamu w'ikipe y'igihugu ya Brazil, Romário, ubu akaba ari umusenateri uzwiho kurwanya ruswa, yasabye ko hakorwa iperereza ryimbitse ku byaha bikekwa ko bifitanye isano no kwihesha amakarita y'umuhondo nk’uburyo bwo gukorera amafaranga binyuze mu gutega imikino (betting).https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153663/umusenateri-wahoze-ari-rutahizamu-wa-brazil-yasabye-gukora-iperereza-kuri-lucas-paqueta-ku-153663.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Lady Gaga yamaganye ivangura rishingiye ku myaka mu muzikiUmuhanzikazi w’Umunyamerika, Lady Gaga, w’imyaka 38, yanenze ivangura rishingiye ku myaka mu ruganda rwa muzika ya pop, avuga ko ari ibintu bidasobanutse gufata abagore bari mu myaka ya za 30 nk'abashaje.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153660/lady-gaga-yamaganye-ivangura-rishingiye-ku-myaka-mu-muziki-153660.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Itorero Urukerereza na Massamba bitabiriye iserukiramuco ryihariye muri Ethiopia- VIDEOItorero ry’Igihugu Urukerereza ryamaze kwerekeza mu Mujyi wa Addis Ababa mu gihugu cya Ethiopia, aho bitabiriye ku nshuro yabo ya mbere iserukiramuco rizwi nka “East African Culture& Arts Festival” rihuza ibihugu bitandukanye byo ku Mugabane wa Afurika.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153657/itorero-urukerereza-na-massamba-bitabiriye-iserukiramuco-ryihariye-muri-ethiopia-video-153657.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Bafana Bafana mu migambi igomba gucungirwa hafi n’AmavubiIkipe y’igihugu ya Afrika y’Epfo (Bafana Bafana) inganya amanta arindwi n’u Rwanda mu itsinda C yakaniye gutsinda imikino ibiri ifitanye na Lesotho na Benin, ibintu iramutse igezeho bishobora guca ku Amavubi mu gihe atakwitwara neza.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153656/bafana-bafana-mu-migambi-igomba-gucungirwa-hafi-namavubi-153656.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Umwana wa The Ben na Pamella azaba Umubiligi cyangwa Umunyarwanda? Icyo amategeko avuga The Ben na Pamella babyariye mu Bubiligi aho bari bamaze iminsi bari nyuma yo kwerekezayo uyu muhanzi agiye gufasha Bwiza mu gitaramo cyo kumurika album ‘25Shades’.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153658/umwana-wa-the-ben-na-pamella-azaba-umubiligi-cyangwa-umunyarwanda-153658.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Josh Cavallo yahishuye ko atotezwa bikomeye nyuma y’uko yemeye ko ari umutinganyiJosh Cavallo, umukinnyi wo hagati ukinira Adelaide United muri shampiyona ya A-League muri Australia, yatangaje ko yohererezwa ubutumwa bwuzuyemo iterabwoba n’itotezwa buri munsi kuva yagaragaza ku mugaragaro ko ari umutinganyi mu Ukwakira 2021.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153647/josh-cavallo-yahishuye-ko-atotezwa-bikomeye-nyuma-yuko-yemeye-ko-ari-umutinganyi-153647.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Afurika y'Epfo: Pasiteri yatawe muri yombi ashinjwa gusambanyiriza umukobwa w'imyaka 14 mu musaraniBishop Meshack Molefi Phofedi, umuyobozi w'Itorero rya New Babillon Apostolic Church rikorera mu gace ka Evaton West muri Afurika y'Epfo, yatawe muri yombi ashinjwa gusambanya umukobwa w'imyaka 14 w'umukirisitu we inshuro nyinshi.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153652/afurika-yepfo-pasiteri-yatawe-muri-yombi-ashinjwa-gusambanyiriza-umukobwa-wimyaka-14-mu-mu-153652.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200The Ben na Pamella bibarutseUmuryango wa Mugisha Benjamin ‘The Ben’ na Uwicyeza Pamella, uri mu byishimo byinshi nyuma yo kwibaruka umwana wabo w’imfura.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153654/the-ben-na-pamella-bibarutse-153654.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Michael Jackson akomeje gushyirwaho ibirego bikomeye! Abamushinja bahishuye ibyababayeho nyuma yo kujya mu nkikoHashize imyaka irenga 10 ababyinnyi Wade Robson na James Safechuck batangaje ko Michael Jackson yabasambanyije bakiri abana. Ibi byahinduye ubuzima bwabo, aho bavuga ko bahuye n’ibibazo bikomeye birimo n'iterabwoba bashyizweho n'abafana b’uyu muhanzi wari ukunzwe n'abatari bake ndetse n’umuryango we wamaganira kure ibi birego. https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153650/michael-jackson-akomeje-gushyirwaho-ibirego-bikomeye-abamushinja-bahishuye-ibyababayeho-ny-153650.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Intsinzi iheruka i Rwanda! Imibare ivuga iki ku mikino yahuje u Rwanda na Nigeria?Nubwo u Rwanda na Nigeria bitari byakina imikino myinshi, ntabwo rwakunze kwitwara neza imbere ya Nigeria ariko imibare ya vuba iraruvugira kuko mu mikino ibiri iheruka guhuza ibi bihugu byombi u Rwanda rwabonye amanota 4/6, mu gihe Nigeria yo yabonye amanota 1/6.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153649/intsinzi-iheruka-i-rwanda-imibare-ivuga-iki-ku-mikino-yahuje-u-rwanda-na-nigeria-153649.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Kristina Khorram yamaganye iby'ubufatanyacyaha na P. DiddyKristina Khorram, Umuyobozi Mukuru wa Sean Combs, yatanze itangazo rikomeye, ahakana yivuye inyuma ibyaha bimushinja kugira uruhare mu bikorwa by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina byagejeje P Diddy muri Gereza.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153645/kristina-khorram-yamaganye-ibyubufatanyacyaha-na-p-diddy-153645.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Karongi: Umugore yishe umugabo we ahita yihamagarira ubuyoboziUmugore w’imyaka 53 wo mu Karere ka Karongi, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) akurikiranyweho kwica umugabo we w’imyaka 63 agahita ahamagara ubuyobozi ngo abumenyeshe ibyo yakoze.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153648/karongi-umugore-yishe-umugabo-we-ahita-yihamagarira-ubuyobozi-153648.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Icyizere kiragerwa ku mashyi kuri Nigeria mbere y’uko ikina n’u RwandaMbere y’uko ikipe y’igihugu ya Nigeria ikina n’u Rwanda mu gushaka itike y’igikombe cy’isi, abanya Nigeria nta cyizere bafite cyane ko ari umukino wa mbere bazaba bakinnye bari kumwe n’umutoza mushya Eric Chelle.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153602/icyizere-kiragerwa-ku-mashyi-kuri-nigeria-mbere-yuko-ikina-nu-rwanda-153602.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ellen Pompeo w'izina riremereye muri Sinema yanenze imyanzuro ya Trump idaha agaciro abimukiraEllen Pompeo wamamaye muri filime ya Grey’s Anatomy, aherutse kugaragaza ko atishimiye uburyo Donald Trump afata abimukira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153598/ellen-pompeo-wizina-riremereye-muri-sinema-yanenze-imyanzuro-ya-trump-idaha-agaciro-abimuk-153598.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Amarangamutima ya Manishimwe Djabel na Ishimwe Pierre basubiye mu Amavubi yitegura NigeriaManishimwe Djabel na Ishimwe Pierre batangaje ko ari ibyishimo nyuma y'uko bongeye guhamagarwa mu ikipe y'Igihugu y'u Rwanda, Amavubi, bataraherukaga guhamagarwa. https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153643/amarangamutima-ya-manishimwe-djabel-na-ishimwe-pierre-basubiye-mu-amavubi-yitegura-nigeria-153643.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Perezida Trump yibasiye ubutabera kubera kwitambika imigambi yePerezida Donald Trump yongeye kugaragaza umujinya ukomeye nyuma yo gukumirwa n’inkiko ku migambi yo kwirukana abanyamahanga bakekwaho iterabwoba. https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153642/perezida-trump-yibasiye-ubutabera-kubera-kwitambika-imigambi-ye-153642.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200NBA: Boston Celtics yaburaga abakinnyi bakomeye yatsinze Brooklyn NetsBoston Celtics yakomeje kwerekana imbaraga zayo muri shampiyona ya NBA, itsinda Brooklyn Nets amanota 104-96 mu mukino wabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, nubwo itari ifite ibihangange byayo Jayson Tatum na Jaylen Brown, baruhukijwe kubera imvune.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153646/nba-boston-celtics-yaburaga-abakinnyi-bakomeye-yatsinze-brooklyn-nets-153646.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Uyu munsi mu mateka: Zimbabwe yavanywe muri Commonwealth ishinjwa guhohotera uburenganzira bwa muntuTariki ya 19 Werurwe ni umunsi wa 79 w’uyu mwaka usigaje indi 287 ngo ugere ku musozo.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153644/uyu-munsi-mu-mateka-zimbabwe-yavanywe-muri-commonwealth-ishinjwa-guhohotera-uburenganzira--153644.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ubayeho utishimye waba iki?Abantu bose bakora amanywa n’ijoro bafite intego imwe gusa ‘Kwishima’ n’ubwo ariko bose batagera kuri iyo ntego.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153625/ubayeho-utishimye-waba-iki-153625.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Dore ibintu 8 byakwereka umuntu mwiza w'inyangamugayo mu minota 5Mu buzima bwa buri munsi, dukunze guhura n’abantu bashya mu bihe bitandukanye haba mu kazi, mu muryango, cyangwa no mu buzima busanzwe. Ariko, kenshi biragorana kumenya uwo umuntu ari we koko mu gihe gito cy’ibiganiro bya mbere. https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153631/ibintu-8-byakwereka-umuntu-mwiza-winyangamugayo-mu-minota-5-153631.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200FERWAFA yatangiye gukurikirana ikibazo cya MigiIshyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryatangaje ko ryatangiye gukurikirana ikibazo cya Mugiraneza Jean Baptiste uzwi nka Migi, wumvikanye asaba myugariro wa Musanze FC, Bakaki Shafiq, kwitsindisha ku mukino wa Kiyovu Sports.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153638/ferwafa-yatangiye-gukurikirana-ikibazo-cya-migi-153638.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Dore uko wakwitwara imbere y'umuntu ugusuzuguraGusuzugurwa ni ibintu bitera agahinda cyane, iyo umuntu agusuzuguye ushobora gusigara wibaza impamvu ibimuteye cyangwa uko wakwitwara muri ako kanya, niba nawe ugomba guhita umubwira nabi cyangwa hari ubundi buryo bwiza wakwitwara. Inzobere mu itumanaho zigaragaza uburyo bwiza wakwitwara mu gihe umuntu runaka agusuzuguye. https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153632/dore-uko-wakwitwara-imbere-yumuntu-ugusuzugura-153632.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Uko wategura umunsi wawe ukaba mwiza bikakubera inzira yo gutsinda no kugera ku ntego zaweGutegura umunsi neza ni intambwe ikomeye mu kugera ku ntego z’umuntu no gutsinda mu buzima bwa buri munsi.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153635/uko-wategura-umunsi-wawe-ukaba-mwiza-bikakubera-inzira-yo-gutsinda-no-kugera-ku-ntego-zawe-153635.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Megan Moroney yatunguye Ed Sheeran Megan Moroney yatunguye benshi ubwo yashyiraga ahabona indirimbo ye nshya yise "Beautiful Things" mu gitaramo cyabereye muri Bluebird Cafe i Nashville.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153608/megan-moroney-yatunguye-ed-sheeran-153608.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Perezida Kagame na Tshisekedi bahuriye mu biganiro muri Qatar Perezida Paul Kagame na mugenzi we wa DRC Félix Tshisekedi bahuriye i Doha muri Qatar mu nama yatumijwe n'Umuyobozi w'Ikirenga w'iki gihugu Tamim bin Hamad Al Thani igamije gushakira umuti ibibazo by'umutekano mu Burasirazuba bwa DRC.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153633/perezida-kagame-na-tshisekedi-bahuriye-mu-biganiro-muri-qatar-153633.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Nitwe duhabwa amahirwe yo kwegukana igikombe - Lamine Yamal avuga kuri UEFA Champions League Lamine Yamal yahamije ko kuva Liverpool yarasezerewe muri UEFA Champions League, FC Barcelona ariyo kipe ihabwa amahirwe menshi yo kwegukana igikombe.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153630/nitwe-duhabwa-amahirwe-yo-kwegukana-igikombe-lamine-yamal-avuga-kuri-uefa-champions-league-153630.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Afrika ishobora kubura imiti igabanya ubukana bwa virusi itera SIDA kubera ikurwaho rya USAIDIcyemezo cy'ubuyobozi bwa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, cyo guhagarika inkunga Amerika yahaga amahanga cyakomye mu nkokora ibikorwa birimo itangwa ry’imiti igabanya ubukana bwa virusi itera SIDA mu bihugu byinshi, ibihugu bimwe bikaba biri mu kaga gakomeye ko kuzabura imiti bitewe n’uko iyo bacungiragaho iri hafi gushihttps://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153629/afrika-ishobora-kubura-imiti-igabanya-ubukana-bwa-virusi-itera-sida-kubera-ikurwaho-rya-us-153629.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Malawi: Umugore yatawe muri yombi azira gukubita umwana abereye Mukase akamukura iryinyo amuziza amandaziPolisi yo mu Karere ka Mangochi muri Malawi yafashe umugore witwa Diana Bauleni w’imyaka 30 akurikiranyweho gukubita bikabije umwana w’imyaka 7 abereye Mukase, amukura iryinyo nyuma yo kumusanga arimo kurya amandazi yari agenewe ifunguro rya saa yine. https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153628/malawi-umugore-yatawe-muri-yombi-azira-gukubita-umwana-abereye-mukase-akamukura-iryinyo-am-153628.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Uko abatekamutwe biba amafaranga ya 'Cryptocurrencies' n'uburyo bwo kwirindaUko ifaranga ryo kuri murandasi rishyirwa imbere, ni na ko abitwa ‘Crypto Scams’ bakomeje kwiyongera bituma abatari bamenya imikorere y’ubucuruzi bw’amafaranga yo kuri murandasi bagira ubwoba bwo kwinjira mu Isi nshya.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153627/uko-abatekamutwe-biba-amafaranga-ya-cryptocurrencies-nuburyo-bwo-kwirinda-153627.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Abantu barenga 404 bishwe n’ibitero by’indege za gisirikare za Isirayeli zagabye muri GazaAbantu barenga 404 biciwe mu gitero cyagabwe n’ingabo za Isiraheri abandi 562 barakomereka, mu gitondo cyo ku wa kabiri. Mu bitero bikaze byagabwe n’indege za gisirikare za Isirayeli byibasiye imijyi inyuranye yo muri Gaza harimo Khan Younis na Rafah, nk’uko byemejwe na minisiteri y’ubuzima ya Gaza.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153624/abantu-barenga-404-bishwe-nibitero-byindege-za-gisirikare-za-isirayeli-zagabye-muri-gaza-153624.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Dukeneye impinduka muri Afurika! Samuel Eto’o yihanangirije abahimba imyaka y’abakinnyiUwahoze ari rutahizamu ukomeye wa FC Barcelona na Cameroun, Samuel Eto’o, akaba ari na Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Cameroun (FECAFOOT), yagaragaje impamvu ibihugu by’Afurika bikunze gutsinda mu byiciro by’abato ariko bikagorwa no gutsinda mu marushanwa y’abakuru.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153623/dukeneye-impinduka-muri-afurika-samuel-etoo-yihanangirije-abahimba-imyaka-yabakinnyi-153623.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Bamaze guhindurira benshi ubuzima! Ibyamamare 10 byashoye amafaranga menshi mu bikorwa by’ubugiranezaMu gihe Isi ikomeje guhangana n’ibibazo by’ubukene, uburwayi, ibyorezo, uburezi budahagije ndetse n’ibindi bibazo byugarije sosiyete, hari abantu bafite amazina akomeye cyane ku rwego mpuzamahanga bashyira ingufu mu gufasha abandi binyuze mu bikorwa by’ubugiraneza. https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153616/bamaze-guhindurira-benshi-ubuzima-ibyamamare-10-byashoye-amafaranga-menshi-mu-bikorwa-byub-153616.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Abantu badashyira ubuzima bwabo ku mbuga nkoranyambaga bagira imyitwarire yihariyeMu gihe imbuga nkoranyambaga zikomeje kugira uruhare runini mu mibereho ya buri munsi, hari itsinda ry’abantu bahisemo kutazikoresha no kurengera ubuzima bwabo bwite aba bagira imyitwarire yihariye igabanyijemo ibyiciro bitanu by’ingenzi.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153621/abantu-badashyira-ubuzima-bwabo-ku-mbuga-nkoranyambaga-bagira-imyitwarire-yihariye-153621.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Zari yajyanwe mu nkiko azira arenga Miliyoni 300 FrwThe South African Revenue Service (SARS) yatanze ikirego mu rukiko ruherereye mu mujyi wa Johannesburg bashinja rwiyemezamirimo Zari Hassan kubwo kwanga kwishyura imisoro ku mafaranga yinjije.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153622/zari-yajyanywe-mu-nkiko-azira-arenga-miliyoni-300rwf-153622.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Agashya: Ikipe yo muri LaLiga yahawe gukina imikino ibiri mu minsi ibiri yikurikiranyaIshyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Esipanye (RFEF) ryemeje ko umukino wa FC Barcelona na Osasuna, wari wasubitswe ku wa 8 Werurwe, uzakinwa ku wa 27 Werurwe kandi Ossasouna ku ngengabihe ya Laliga izakina na Athletic Bilibao ku itariki 28 Werurwe.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153609/agashya-ikipe-yo-muri-laliga-yahawe-gukina-imikino-ibiri-mu-minsi-ibiri-yikurikiranya-153609.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200RIB yataye muri yombi abayobozi babiri bazira ruswaRIB yatangaje ko yafunze Mutware Francois ushinzwe imari n’ubutegetsi mu Murenge wa Kigali na Uwimana Jean ushinzwe icungamutungo muri uwo Murenge, nyuma yo gufatirwa mu cyuho bakira ruswa kugira ngo uwari ufite isoko yongere arihabwe.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153620/rib-yataye-muri-yombi-abayobozi-babiri-bazira-ruswa-153620.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Emmanuel Okwi yasezeye mu ikipe y'Igihugu ya Uganda Rutahizamu w'ikipe ya AS Kigali, Emmanuel Arnold Okwi yasezeye mu ikipe y'Igihugu ya Uganda nyuma 16 atangiye kuyikinira.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153610/emmanuel-okwi-yasezeye-mu-ikipe-yigihugu-ya-uganda-153610.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200