RSS feed - INYARWANDA.COMhttps://inyarwanda.com/index.phpEntertainment and Peopleen-usCopyright (C) 2025 - Inyarwanda.comRobert Randolph yatangaje album ye nshya izagaragaramo abahanzi bakomeyeUmuhanzi w'umuhanga mu gucuranga Pedal steel guitar, Robert Randolph, yatangaje ko agiye gusohora album ye nshya yise We Just Made It Up.Izaba irimo ubufatanye n'abahanzi nka Margo Price na Shooter Jenninghttps://inyarwanda.com/index.php/inkuru/154020/robert-randolph-yatangaje-album-ye-nshya-izagaragaramo-abahanzi-bakomeye-154020.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Sobanukirwa uko Tsutomu Yamaguchi yarokotse ibisasu by'i Hiroshima na Nagasaki wenyineTsutomu Yamaguchi wemejwe nka "nijū hibakusha" umuntu warokotse ibisasu bya Hiroshima na Nagasaki mu gihe benshi batikitiye muri ibyo bitero.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/154011/sobanukirwa-uko-tsutomu-yamaguchi-yarokotse-ibisasu-bya-hiroshima-na-nagasaki-wenyine-154011.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Torsten Spittler yavuze impamvu yatumye asezera mu AmavubiUmutoza w’Umudage, Torsten Frank Spittler, wahagaritse imirimo ye nk’umutoza mukuru w’Amavubi muri Mutarama 2025, yasobanuye impamvu nyakuri zamuteye gufata uwo mwanzuro.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/154014/torsten-spittler-yavuze-impamvu-yatumye-asezera-mu-amavubi-154014.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Koroshya no kwihutisha serivisi z’ubuziranenge: Intambwe ikomeye mu guteza imbere ubucuruzi n’ingandaHashize igihe gito Leta y’u Rwanda ishyizeho amavugurura agamije koroshya no kwihutisha itangwa rya serivisi z’ubuziranenge, hagamijwe guteza imbere inganda no korohereza ubucuruzi. https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/154018/koroshya-no-kwihutisha-serivisi-zubuziranenge-intambwe-ikomeye-mu-guteza-imbere-ubucuruzi--154018.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Selena Gomez yifuza ko Martin Short avuga ijambo ku bukwe bwe na Benny BlancoUmuhanzikazi w’icyamamare Selena Gomez yagaragaje ko yifuza ko Martin Short, umukinnyi wa filime bakinana muri Only Murders in the Building, avuga ijambo ku bukwe bwe na Benny Blanco.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153996/selena-gomez-yifuza-ko-martin-short-avuga-ijambo-ku-bukwe-bwe-na-benny-blanco-153996.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200U Buhinde: Bamushyinguye ari muzima bamuziza kuryamana n’umugore w’abandiMu Buhinde, umugabo yashyinguye mugenzi we wari umwarimu muri kaminuza ari muzima, amuziza kugirana umubano wihariye n’umugore we ndetse no kumuca inyuma.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/154012/ubuhinde-bamushyinguye-ari-muzima-bamuziza-kuryamana-numugore-wabandi-154012.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Andrew Tate mu mazi abira nyuma yo gushinjwa gukubita no kuniga umukunzi we muri hoteliRwiyemezamirimo Andrew Tate ari mu mazi abira nyuma y’uko Brianna Stern, uwahoze ari umukunzi we, amushinje kumukubita no kumuniga bikabije muri hoteli ya Beverly Hills. https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/154013/andrew-tate-mu-mazi-abira-nyuma-yo-gushinjwa-gukubita-no-kuniga-umukunzi-we-muri-hoteli-154013.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Mu Rwanda hagiye kubera imurikagurisha ry’ikawa n’icyayi ‘Africa Coffee and Tea Expo’- AMAFOTOKu nshuro ya mbere muri Afurika hagiye kubera imurikagurisha ry'ikawa n'icyayi ry’iminsi ibiri rizabera mu Rwanda kuva tariki 7 kugeza ku wa 8 Nyakanga 2025. Rizabera kuri Kigali Convention Center, rikaba ryariswe “Africa Coffee and Tea Expo 2025” rizitabirwa n’ibigo bitandukanye byo hirya no hino muri Afurika.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/154017/mu-rwanda-hagiye-kubera-imurikagurisha-ryikawa-nicyayi-africa-coffee-and-tea-expo-amafoto-154017.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200AS Kigali yaguye miswi na Gasogi United ifata umwanya wa GatatuImikino y’umunsi wa 22 wa shampiyona y’u Rwanda yabimburiwe no kunganya hagati ya Gasogi United na AS Kigali byakinnye kuri uyu wa Gatanu.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/154019/as-kigali-yaguye-miswi-na-gasogi-united-ifata-umwanya-wa-gatatu-154019.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Putin yongeye kwigamba guhirika Zelensky ku butegetsi Mu gihe Donald Trump ntako atari kugira ngo ngo intambara ya Russia na Ukraine ihagarare, Perezida Putin yatangaje ko hagomba gushyirwaho umuyobozi mushya wa Ukraine usimbura Zelensky kandi ingabo ze zigahangamura iza Ukraine.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/154003/putin-yongeye-kwigamba-guhirika-zelensky-ku-butegetsi-154003.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ni ngombwa kwemeza no kwirarira ku nshuti zawe muri weekend?Iyo benshi bageze mu mpera z’icyumweru, baba bateganya gusohokana no kwemeza inshuti zabo nyamara ugasanga bibasize mu bukene butuma uwatakaje amafaranga abaho nabi igihe kirekire.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/154008/ni-ngombwa-kwemeza-no-kwirarira-ku-nhsuti-zawe-muri-weekend-154008.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Perezida Kagame yasabye RIB gufatanya n’inzego z’ubutabera mu gutanga ubutabera buboneye kandi vubaPerezida Kagame yashimye intambwe urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rumaze gutera mu kugenza ibyaha mu Rwanda ndetse anasaba gukomeza ubufatanye n’inzego z’ubutabera mu kurenganura abaturage kandi vuba.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/154015/perezida-kagame-yasabye-rib-gufatanya-ninzego-zubutabera-mu-gutanga-ubutabera-buboneye-kan-154015.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Elon Musk yateje impaka muri Wisconsin: Inkunga ye ya miliyoni 20$ ishobora guhindura ubucamanza?Mu gihe amatora y’Urukiko rukuru rwa Wisconsin yegereje, Elon Musk, umuherwe akaba n’umuyobozi wa Tesla na X (yahoze ari Twitter), yateye inkunga ikomeye umukandida w’Abarepubulikani Brad Schimel, inkunga y’amafaranga ikaba yateje impaka zikomeye. https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/154009/elon-musk-yateje-impaka-muri-wisconsin-inkunga-ye-ya-miliyoni-20-ishobora-guhindura-ubucam-154009.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ayra Starr yahishuye ko indirimbo akora nawe aba yumva atazumvaUmuhanzikazi Ayra Starr umaze kubaka izina rikomeye mu muziki wa Africa, yatangaje ko iyo amaze gukora indirimbo aba atumva uburyohe bwayo bituma akomeza kuyikorogoshora ayongeramo ibirungo.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/154005/ayra-starr-yahishuye-ko-indirimbo-akora-nawe-aba-yumva-atazumva-154005.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Raila Odinga yoherejwe guhosha amakimbirane muri Sudan y’Epfo Kenya yohereje Raila Odinga nk’intumwa mu gihugu cy Sudan y’Epfo kugira ngo akurikirane ndetse anafashe mu gucyemura ikibazo kiri hagati ya Perezida Salva Kiir na mukeba we umaze igihe kinini bahanganye akaba na Visi Perezida wa mbere, Riek Machar.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/154007/raila-odinga-yoherejwe-guhosha-amakimbirane-muri-sudan-yepfo-154007.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ni ugushaka uturimo tw’amaboko cyangwa higwe andi mayeri? Ahazaza h'abahanzi mu Isi ya AIMu Isi ya none, ikoranabuhanga rirakataje n’ubwo rishyirwamo imbaraga nyinshi bizarangira rigiriye akamaro umubare muto cyane w’abantu ku Isi abandi babeho nabi.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153998/ni-ugushaka-uturimo-twamaboko-cyangwa-higwe-andi-mayeri-ahazaza-habahanzi-mu-isi-ya-ai-153998.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Dani Alves yagizwe umwere Uwahoze ari myugariro wa FC Barcelona n’ikipe y’igihugu ya Brazil, Dani Alves, yatsinze ubujurire bwe nyuma y’uko urukiko rwo muri Espagne rusanze ibimenyetso bidahagije byo kumuhamya icyaha cyo gufata ku ngufu.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/154006/dani-alves-yagizwe-umwere-154006.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Burna Boy yungutse izina rishyaNyuma yo gukorana n’umuhanzi wo muri Haiti, Joé Dwèt Filé, Burna Boy yatangaje ko yungutse izina kuri ubu azajya yitwa Jean Béna Dieudonné.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/154004/burna-boy-yungutse-izina-rishya-154004.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ese habaho abagabo babyara igitsina kimwe?Bisanzwe bizwi ko umugabo ari we ugira uruhare runini mu kugena igitsina cy’umwana azabyarana n’umugore we ariko hari bamwe bihariye mu kubyara abana b’igitsina kimwe gusa (Umukobwa cyangwa umuhungu).https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/154001/ese-habaho-abagabo-babyara-igitsina-kimwe-154001.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Amb Olivier Nduhungirehe yagaragaje ko M23 ariyo iri kurwana mu gihe RDC itsimbaraye ku RwandaIntumwa ihoraho ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo muri Loni, Zénon Mukongo, yavugiye imbere y’akanama ka LONI yashinzwe umutekano ko ½ cy’ingabo z’u Rwanda ziri muri RDC mu gihe Amb Nduhungirehe yagaragaje ko M23 ariyo yigaruriye ibice bya RDC atari u Rwanda.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/154000/amb-olivier-nduhungirehe-yagaragaje-ko-m23-ariyo-iri-kurwana-mu-gihe-rdc-itsimbaraye-ku-rw-154000.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200N'ubu ndahumiriza simubone! Yampano avuga kuri Melodie atazi Yampano yatangaje ko n’ubwo yavuze ko atazi Bruce Melodie, n’ubu ahumiriza ntamubone kuko n’ubundi atamuzi batari bahura amaso ku maso.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153993/nubu-ndahumiriza-simubone-yampano-avuga-kuri-melodie-atazi-153993.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Bill Gates yagaragaje imirimo itatu itazasimburwa n'ikoranabuhanga rya AIBill Gates, umuyobozi wa Microsoft, yavuze ko ikoranabuhanga rya AI rizahindura uburyo abantu bakora imirimo myinshi, ariko hakaba hari imirimo itatu itazagerwaho n’iri koranabuhanga.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153988/bill-gates-yagaragaje-imirimo-itatu-itazasimburwa-nikoranabuhanga-rya-ai-153988.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Kuribwa mu gihe cy’imihango: Impamvu n'uburyo bwo kubivuraMu buzima bwa buri munsi, umukobwa w’umwangavu wese agira imihango mu gihe nta kibazo kihariye gihari. Ariko abakobwa bamwe bagira uburibwe bukabije mu gihe cy’imihango, iki kikaba ari ikibazo cy’uburibwe buzwi nka Dysmenorrhea.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153999/kuribwa-mu-gihe-cyimihango-impamvu-nuburyo-bwo-kubivura-153999.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Abakinnyi ba Kiyovu Sports banze gukora imyitozo kubera ibirarane by'imishahara baberewemo ‎‎Abakinnyi ba Kiyovu Sports banze gukora imyitozo kubera ko baberewemo ibirarane by'imishahara y'amezi atatu bakaba basaba ubuyobozi kubanza kubishyura.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153997/abakinnyi-ba-kiyovu-sports-banze-gukora-imyitozo-kubera-ibirarane-byimishahara-baberewemo-153997.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Minisitiri Claudette Irene yahaye impanuro urubyiruko rusoje Itorero Intagamburuzwa icyiciro cya 5Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Uburezi Claudette Irere, yasoje Itorero Intagamburuzwa icyiciro cya 5 ryitabiriwe n'abanyeshuri bahagarariye abandi mu mashuri makuru na za kaminuza aho bose hamwe ari intore 233, rikaba ryaraberaga mu Kigo cy'Ubutore cya Nkumba mu Karere ka Burera. https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153978/minisitiri-claudette-irene-yahaye-impanuro-urubyiruko-rusoje-itorero-intagamburuzwa-icyici-153978.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Umusore wari wigize nk'umurwayi wo mu mutwe yafatanywe telefoni ebyiri, ikarita ya ATM, ibyangombwa bya moto n’amaroziMuri Nigeria, muri leta ya Ogun, abaturage baguye mu kantu nyuma y’uko umusore yiyoberanyije akigira umurwayi wo mu mutwe, nyamara akaza gusanganwa ibikoresho bitandukanye birimo telefoni ebyiri, ikarita ya ATM, ibyangombwa bya moto, n’ibindi bikekwa ko ari amarozi.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153986/umusore-wari-wigize-nkumurwayi-wo-mu-mutwe-yafatanywe-telefoni-ebyiri-ikarita-ya-atm-ibyan-153986.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Will Smith yavuze inama yagiriwe na Jay-Z na Kendrick LamarNyuma y’imyaka ibiri atagaragara ku isoko ry’umuziki, Will Smith yongeye gusohora album nshya, Based on a True Story. Kugira ngo azayikore neza kandi itajyanwa n’ibihe gusa, yafashe icyemezo cyo kugisha inama bamwe mu baraperi bakomeye barimo Jay-Z na Kendrick Lamar.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153994/will-smith-yavuze-inama-yagiriwe-na-jay-z-na-kendrick-lamar-153994.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Umwana w'imyaka 13 yishe arashe mugenzi we w'imyaka 14 biganaga Umukobwa w’imyaka 14 yishwe arashwe na mugenzi we biganaga mu ishuri rimwe ku bwo gutonganira mu modoka barimo bataha bava ku ishuri.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153991/umwana-wimyaka-13-yishe-arashe-mugenzi-we-wimyaka-14-biganaga-153991.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ubuhamya bw'abarimo Mutesi Scovia na Antoinette Niyongira ku ineza bagiriwe na Jean Lambert Gatare Abarimo Abanyamakuru Mutesi Scovia na Antoinette Niyongira bavuze ineza bagiriwe na Jean Lambert Gatare uheruka kwitaba Imana bahamya ko icyo Imana yari yaramutumye ku Isi ari ugufasha abantu. ‎https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153995/ubuhamya-bwabarimo-mutesi-scovia-na-antoinette-niyongira-ku-ineza-bagiriwe-na-jean-lambert-153995.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ibihugu 10 bya Afurika byaguze intwaro nyinshi cyane mu BurusiyaNubwo u Burusiya buba igihugu gifite ubucuruzi buto muri Afurika ugereranyije n’ibihugu by’ibihangange nka Leta Zunze Ubumwe z'Amerika cyangwa Ubushinwa, inyungu z’ubukungu z’iki gihugu muri Afurika, kimwe n’ibindi bihugu bikomeye, zishingiye ku by’ingenzi birimo intwaro, amabuye y’agaciro n’ingufu.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153985/ibihugu-10-bya-afurika-byaguze-intwaro-nyinshi-cyane-mu-burusiya-153985.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Kim Kardashian: Ubuzima bw’ubwangavu bwamuteye gushyigikira ivugururwa ry’amategeko agenga amagerezaKim Kardashian, icyamamare mu ruganda rw’imyidagaduro, yongeye kugaragaza impamvu ikomeye yatumye yiyemeza guharanira ivugururwa ry’amategeko agenga amagereza. https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153987/kim-kardashian-yavuze-ko-ubuzima-bwe-bwubwangavu-bwamuteye-gushyigikira-ivugururwa-ryamate-153987.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Umugabo yafashe umwanzuro wo gushyingira umugore we umusore bari bamaze igihe bakundana mu ibangaMu Buhinde, umugabo yafashe umwanzuro ukomeye ndetse watangaje abantu benshi, aho yahisemo gutegurira ubukwe umugore we n’undi migabo nyuma yo kumenya umubano dasanzwe bafitanye.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153984/umugabo-yafashe-umwanzuro-wo-gushyingira-umugore-we-umusore-bari-bamaze-igihe-bakundana-mu-153984.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Umuyobozi wa NBA yatangaje umushinga wo kugaba ishami i BurayiIshyirahamwe ry’umukino wa Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (NBA) ryatangaje ko riri mu biganiro byo gushyiraho shampiyona nshya y’umwuga ku mugabane w’u Burayi ku bufatanye na FIBA, umuryango uyobora uyu mukino ku isi. https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153990/umuyobozi-wa-nba-yatangaje-umushinga-wo-kugaba-ishami-i-burayi-153990.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Bill Gates yatangaje ko nta mwarimu cyangwa umuganga uzaba ugikenewe mu myaka 10 iri imbereUmunyemari Bill Gates yatangaje ko kubera imbaraga zashyizwe mu bwenge bw’ubukorano, nta muganga cyangwa umwarimu uzaba ugikenewe mu myaka 10 dore ko n’ubundi abari bahari bakiri ku mubare muto.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153989/bill-gates-yatangaje-ko-nta-mwarimu-cyangwa-umuganga-uzaba-ugikenewe-mu-myaka-10-iri-imber-153989.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200MTN yashyizeho ishimwe ku bazagura telefoni 'Camon 40 Series' yashyizwe ku isoko na TECNO-AMAFOTOSosiyete y’itumanaho ya MTN Rwanda yatangaje ko umukiliya uzagura telefoni za Tecno ‘Camon 40 Series’, azajya ahabwa internet ya 4G ingana na 15GB mu gihe cy’amezi atatu, ndetse azahabwa n’inyongera ingana n’amanite 300 yo gukoresha ahamagara.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153968/mtn-yashyizeho-ishimwe-ku-bazagura-telefoni-camon-40-series-yashyizwe-ku-isoko-na-tecno-am-153968.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Katy Perry arerekeza mu Isanzure mu kwezi gutaha!Katy Perry, umuhanzikazi w'icyamamare w'imyaka 40, arateganya kujya mu isanzure mu kwezi gutaha. https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153980/katy-perry-arerekeza-mu-isanzure-mu-kwezi-gutaha-153980.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200‎Kenya: Umunyezamu waketsweho kugurisha imikino yahagaritswe Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru muri Kenya FKF) ryatangaje ko ryahagaritse umunyezamu Patrick Matasi mu gihe cy'iminsi 90 nyuma yo gukekwaho kugurisha imikino binyuze ku bategura imikino y'amahirwe 'Betting'.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153982/kenya-umunyezamu-waketsweho-kugurisha-imikino-yahagaritswe-153982.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Impamvu indege za Private Jets zigurukira hejuru cyane kurusha izisanzweIndege z’ubucuruzi bwihariye (Private Jets) zifite ubushobozi bwo kugurukira hejuru cyane, zikagera ku butumburuke bwa metero 15,500, mu gihe izisanzwe ari hagati ya metero 9,000 na 12,000. Ibi bituma ziba nziza mu bijyanye no gutwara abagenzi vuba, neza kandi mu buryo bwizewe.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153977/impamvu-indege-za-private-jets-zigurukira-hejuru-cyane-kurusha-izisanzwe-153977.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Young Thug yateguje abakunzi be igihe azagarukira ku rubyiniroUmuhanzi w'icyamamare mu njyana ya Hip Hop, Young Thug, yatangaje ko azaba agarutse ku rubyiniro nyuma y'igihe kinini yari amaze ataboneka aho zitabira iserukiramuco rya Summer Smash 2025 rizabera muri SeatGeek Stadium i Bridgeview, Illinois kuva ku ya 20 kugeza ku ya 22 Kamena 2025.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153979/young-thug-yateguje-abakunzi-be-igihe-azagarukira-ku-rubyiniro-153979.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ubushize yadutsinze dufite imvune nyinshi! Kapiteni wa Rayon Sports yarahiriye gutsinda Mukura VS Kapiteni w'ikipe ya Rayon Sports, Muhire Kevin yavuze ko bagomba gutsinda ikipe ya Mukura VS dore ko umukino yabatsinze kubera ko bari bafite imvune nyinshi. ‎https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153981/ubushize-yadutsinze-dufite-imvune-nyinshi-kapiteni-wa-rayon-sports-yarahiriye-gutsinda-muk-153981.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Uko wahakanira mu kinyabupfura umuntu ushaka ko mukundanaTekereza umuntu ukunda cyane cyangwa niba ufite umukunzi, igihe wamusabaga ko mukundana iyo aza kuguhakanira. Birababaza cyane, niba rero umuntu agusabye ko mukundana, ukaba wumva bidashoboka, ntukamukomeretse ahubwo muhakanire mu kinyabupfura.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153976/uko-wahakanira-umuntu-ushaka-ko-mukundana-mu-kinyabupfura-153976.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Harabura iki ngo u Rwanda rwihaze ku mbuto n’imboga rugitumiza mu mahanga?Nubwo u Rwanda rufite ubutaka butoshye n’ikirere kibereye ubuhinzi, haracyari imbuto n’imboga nyinshi zitumizwa mu mahanga. Kugeza ubu, haribazwa ikibura ngo igihugu cyihaze ku musaruro w'ibi biribwa bikenewe kugira ngo ubuzima bw'Abanyarwanda burusheho kugenda neza. https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153975/harabura-iki-ngo-u-rwanda-rwihaze-ku-mbuto-nimboga-rugitumiza-mu-mahanga-153975.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200RIB yibukije abatuye i Gahanga kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside no kwirinda ubujura bushukana Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwakanguriye abaturage bo mu Kagari ka Kagasa, Umurenge wa Gahanga ho mu Karere ka Kicukiro, kurwanya Ingengabitekerezo ya Jenoside no kwirinda ubujura bushukana bima amatwi ababizeza ibitangaza bagamije kubarya utwabo.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153974/rib-yibukije-abatuye-i-gahanga-kurwanya-ingengabitekerezo-ya-jenoside-no-kwirinda-ubujura--153974.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200RGB yabujije imiryango yose ikorera mu Rwanda kugirana imikoranire na Guverinoma y’u BubiligiUrwego rw'Igihugu rw'Imiyoborere (RGB) rwabujije imiryango mpuzamahanga n'iy'imbere mu gihugu, imiryango ishingiye ku myemerere n'idaharanira inyungu yanditse ndetse ikorera mu Rwanda kugira imikoranire na Guverinoma y'u Bubiligi n'ibigo biyishamikiyeho.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153973/rgb-yabujije-imiryango-yose-ikorera-mu-rwanda-kugirana-imikoranire-na-guverinoma-yu-bubili-153973.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200InyaRwanda Art Studio yadabagije abanyeshuri bifuza kwimenyereza umwuga wa Photography, Videography na Graphic DesignAbanyeshuri bifuza kwimenyereza umwuga wo Gufotora, Gukora amashusho na Graphic design, bashyizwe igorora na InyaRwanda Art Studio.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153896/inyarwanda-art-studio-yadabagije-abanyeshuri-bifuza-kwimenyereza-umwuga-wa-photography-vid-153896.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200‎UEFA yatangiye gukora iperereza ku bakinnyi ba Real Madrid barimo Mbappé na Vinicius Impuzamashyirahamwe y'umupira w'amaguru ku mugabane w'Iburayi, UEFA, yatangiye gukora iperereza ku bakinnyi ba Real Madrid barimo Vinicius Junior na Kylian Mbappé kubera imyitwarire idahwitse yabagaragayeho ubwo basezereraga Atletico Madrid muri Champions League.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153971/uefa-yatangiye-gukora-iperereza-ku-bakinnyi-ba-real-madrid-barimo-mbappe-na-vinicius-153971.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200iPhone 17 Pro izazana impinduka zirimo amashusho ya 8K na camera eshatu za 48MPMu gihe hasigaye amezi atandatu ngo iPhone 17 Pro imurikwe ku mugaragaro, amakuru akomeje kujya ahagaragara agaragaza impinduka zikomeye zizaba muri iyi telefoni nshya ya Apple.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153972/iphone-17-pro-izazana-impinduka-zirimo-amashusho-ya-8k-na-camera-eshatu-za-48mp-153972.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200SEE Muzik yakoze indirimbo ”Run No More" ihumuriza umuntu wese ufite byinshi bimuremereye-VIDEOIbaze usanze urukundo wagiye uhunga rutarigeze ruhwema kugushakisha, ibaze gukira bibaye bimaze igihe kinini bikomanga, byongorera, bihamagara izina ryawe? Umuramyi Patrick Cyuzuzo uzwi ku izina rya SEE Muzik yabigarutseho mu ndirimbo nshya yise “Run No More” [Ntuhunge gukira].https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153932/see-muzik-yakoze-indirimbo-run-no-more-ihumuriza-umuntu-wese-ufite-byinshi-bimuremereye-vi-153932.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Menya icyo wakora nyuma yo kurumwa n'inzoka y'ubumaraKurumwa n'inzoka y'ubumara bishobora gushyira ubuzima mu kaga, ni yo mpamvu ari ingenzi kumenya icyo wakora igihe uhuye n’icyo kibazo.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153946/menya-icyo-wakora-nyuma-yo-kurumwa-ninzoka-yubumara-153946.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200‎Kenya: Umunyezamu waketsweho kugurisha imikino binyuze muri 'betting' ari gukorwaho iperereza Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru muri Kenya (FKF) ryatangiye gukora iperereza ku munyezamu witwa Patrick Matasi nyuma yo gukekwaho kugurisha imikino binyuze ku bategura imikino y'amahirwe 'Betting'.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/153969/kenya-umunyezamu-waketsweho-kugurisha-imikino-binyuze-muri-betting-ari-gukorwaho-iperereza-153969.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200