RSS feed - INYARWANDA.COMhttps://inyarwanda.com/index.phpEntertainment and Peopleen-usCopyright (C) 2025 - Inyarwanda.comMuri Argentine habaye misa yo gusabira Papa FransisikoKuri uyu wa 25 Gashyantare 2025, mu murwa mukuru wa Argentine, abakristu ba Arikidiyosezi ya Buenos Aires batuye Misa yihariye yo gusabia Papa Fransisiko, umaze igihe kinini arwariye mu bitaro bya Gemelli, i Roma.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152772/muri-argentine-habaye-misa-yo-gusabira-papa-fransisiko-152772.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ibyishimo kuri Esther Niyifasha, umukirigitananga wacurangiye John Legend mbere yo kujya i LagosUmukirigitananga Esther Niyifasha yagaragaje akanyamuneza yatewe no gutaramira umuririmbyi w’icyamamare ku Isi, John Legend ubwo yari kumwe n’ikipe yamuherekeje muri Hoteli iherereye mu Karere ka Musanze, mu Majyaruguru y’u Rwanda.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152763/ibyishimo-kuri-esther-niyifasha-umukirigitananga-wacurangiye-john-legend-mbere-yo-kujya-i--152763.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Uko abahanga basobanura abantu bavuga bagaragaza ibimenyetso n'amarenga 'Body Language' Ese ujya wisanga uri gukoresha ibimenyetso by’umubiri “body language” cyangwa amarenga ukoreshaje intoki, uzunguza umutwe, cyangwa amaso mu gihe uri kuvuga?.Ibi bishobora kuba bikubaho mu gihe uri kuvugana n’abantu muri kumwe, nyamara ushobora kuba ujya unabikora uri kuvugira kuri telephone, umuntu muri kuvugana mutari kumwe.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152769/uko-abahanga-basobanura-abantu-bavuga-bagaragaza-ibimenyetso-namarenga-body-language-152769.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ibyo wamenya kuri Brady Gilmore wegukanye agace ka Kabiri ka Tour du Rwanda 2025Umunya-Australia Brady Gilmore ukinira ikipe ya Israel Premier Tech, yegukanye agace ka Kabiri ka Tour du Rwanda ya 2025 kavaga i Kigali kereka i Musanze ku ntera y'ibilometero 121 kakinwe kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Gashyantare 2025.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152771/ibyo-wamenya-kuri-brady-gilmore-wegukanye-agace-ka-kabiri-ka-tour-du-rwanda-2025-152771.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200USA: Urujijo mu bakozi ba Leta nyuma y’Itegeko rya Elon Musk Elon Musk yasabye abakozi ba leta gutanga raporo y’ibyagezweho, Trump arabishyigikira, ariko ibigo bimwe birabyanga. OPM yemeje ko bitari itegeko, bikomeza guteza urujijo.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152744/urujijo-muri-leta-zunze-ubumwe-za-amerika-nyuma-yitegeko-rya-elon-musk-ku-bakozi-ba-leta-152744.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Nsengiyumya wageze i Musanze ayoboye yavuze impamvu ategukanye agace ka Kabiri ka Tour du Rwanda 2025 Nsengiyumya Shemu ukinira Java-Inovotec wayoboye igihe kinini agace ka Kabiri ka Tour du Rwanda ya 2025 ndetse akagera i Musanze ariwe uri imbere, yavuze impamvu atariwe byarangiye akegukanye.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152768/nsengiyumya-wageze-i-musanze-ayoboye-yavuze-impamvu-ategukanye-agace-ka-kabiri-ka-tour-du--152768.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Nigeria: Polisi yataye muri yombi umukobwa n’umuganga bazira ubutubuzi n’uburiganyaMuri Nigeria hakunze kumvikana inkuru z’ubutubuzi, ariko ibyabaye uyu munsi byo byababaje abaturage cyane aho bamwe babyise ubugambanyi. https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152753/nigeria-polisi-yataye-muri-yombi-umukobwa-numuganga-bazira-ubutubuzi-nuburiganya-152753.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Nta cyo muri Afurika kirimo! Ibihugu 10 biyoboye Isi mu kohereza ibicuruzwa byinshi mu mahangaUbucuruzi mpuzamahanga ni kimwe mu bigaragaza imbaraga z'ubukungu bw'igihugu. Ibihugu binini mu kohereza ibicuruzwa mu mahanga bifite uruhare rukomeye mu isoko mpuzamahanga, aho bifasha mu kubona ibikenerwa mu byiciro birimo ikoranabuhanga, inganda, n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152762/nta-cyo-muri-afurika-kirimo-ibihugu-10-biyoboye-isi-mu-kohereza-ibicuruzwa-byinshi-mu-maha-152762.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Nigeria: Umuraperi Odumodublvck ari mu bitaro nyuma yo gukora impanuka ikomeyeUmuhanzi wo muri Nigeria Odumodublvck yashyizwe mu bitaro nyuma yo gukorera impanuka aho yayikoreye muri 2023. https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152766/nigeria-umuraperi-odumodublvck-ari-mu-bitaro-nyuma-yo-gukora-impanuka-ikomeye-152766.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Yanditse filime zanyuze kuri RTV: Cobby wamamaye muri Cinema yatangiye gukora filime yeUmukinnyi wa filime akaba n’umwanditsi, Hagenimana Cobby [Kobby] yatangaje ko yatangiye gukora kuri filime ye ya mbere y’uruhererekane yise ‘Ikarita y’urupfu’ irimo abakinnyi bakomeye, mu rwego rwo kubyaza umusaruro ubumenyi yungutse mu gihe cy’imyaka icumi ishize ari muri cinema.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152756/yanditse-filime-zanyuze-kuri-rtv-cobby-wamamaye-muri-cinema-yatangiye-gukora-filime-ye-152756.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ni we mugore wa mbere ubigezeho! Soraya Hakuziyaremye yagizwe Guverineri wa BNRPerezida Kagame yashyizeho abayobozi bashya ba Banki Nkuru y'u Rwanda, aho Soraya Hakuziyaremye yagizwe Guverineri na ho Dr Justin Nsengiyumva agirwa Guverineri Wungirije.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152761/niwe-mugore-wa-mbere-ubigezeho-soraya-hakuziyaremye-yagizwe-guverineri-wa-bnr-152761.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200ITANGAZO RYA CYAMUNARA KU MUTUNGO UTIMUKANWAKUGIRANGO HASHYIRWE MU BIKORWA ICYEMEZO CY'UMWANDITSI MUKURU Ref. N° 025-023917 CYO KUWA 07/02/2025, KUGIRANGO HISHYURWE UMWENDA WA BANKI; https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152760/itangazo-rya-cyamunara-ku-mutungo-utimukanwa-152760.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200ITANGAZO RYA CYAMUNARA KU MUTUNGO UTIMUKANWAKUGIRANGO HASHYIRWE MU BIKORWA ICYEMEZO CY'UMWANDITSI MUKURU Ref. N° 025-023908 CYO KUWA 07/02/2025, KUGIRANGO HISHYURWE UMWENDA WA BANKI;https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152759/itangazo-rya-cyamunara-ku-mutungo-utimukanwa-152759.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ni inkuru mpamo! Umuramyi Emeline Penzi yasohoye indirimbo y’intsinzi n’amashimwe yise "Irabikoze"Umuhanzikazi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Emeline Uwimama umaze kumenyekana ku izina rya "Emeline Penzi" yashyize hanze ndirimbo "Irabikoze", igamije kugaragaza ubuhamya, urugendo rw’ukwizera n’intsinzi nyuma yo gutegereza ibisubizo by’Imana.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152747/ni-inkuru-mpamo-umuramyi-emeline-penzi-yasohoye-indirimbo-yintsinzi-namashimwe-yise-irabik-152747.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200SKOL Brewery Ltd yizihije imyaka 15 y’iterambere n’ubuziranenge mu Rwanda -AMAFOTOSKOL Brewery Ltd. (SBL), uruganda rukora ibinyobwa rumaze kuba ubukombe mu Rwanda, rwizihije isabukuru y’imyaka 15 rumaze rukorera mu Rwanda, bishimangira uruhare rwarwo mu guteza imbere ubukungu, kurengera ibidukikije no gufasha abaturage.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152749/skol-brewery-ltd-yizihije-imyaka-15-yiterambere-nubuziranenge-mu-rwanda-amafoto-152749.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Bamwe bariteguye abandi biragoye! Impinduka ku mukino wa APR FC na Rayon Sports ntizivugwaho rumwe Ikipe ya APR FC yatangaje ko yiteguye gukina na Rayon Sports mu gihe Gikundiro yo ivuga ko kwitegura bigoranye nyuma y'uko hakozwe impinduka mu mukino uzabahuza. https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152748/bamwe-bariteguye-abandi-biragoye-impinduka-ku-mukino-wa-apr-fc-na-rayon-sports-ntizivugwah-152748.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Harimo abiyambuye ubuzima kubera ibikomere by'urukundo: Ba Nyampinga 5 bapfuye biyahuyeMu mateka y’amarushanwa y’ubwiza ku isi, ba Nyampinga benshi bagiye bagira amahirwe akomeye mu mibereho yabo, bakinjira mu mwuga w’imideli, sinema, cyangwa ubucuruzi. Nyamara, inyuma y’iyo shusho nziza berekanaga imbere ya camera, hari bamwe bagiye bahura n’ibibazo bikomeye byo mu mutwe, bigatuma bafata umwanzuro wo kwiyambura ubuzima.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152738/harimo-abiyambuye-ubuzima-kubera-ibikomere-byurukundo-ba-nyampinga-5-bapfuye-biyahuye-152738.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ukraine yatakaje 11% by’ubutaka bwayo, Trump ayishyira ku munzani! Ibyo wamenya ku myaka 3 iki gihugu kirwana n'u BurusiyaLeta Zunze Ubumwe za Amerika zatanze angana na 46% by’inkunga zose Ukraine yakiriye. Trump arasaba Ukraine kujya yishyura inkunga nk’ingurane y’amabuye y'agaciro mu gihe bidakozwe intambara igahagarara.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152743/ukraine-yatakaje-11-byubutaka-bwayo-trump-ayishyira-ku-munzani-ibyo-wamenya-ku-myaka-3-iki-152743.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Brady Gilmore yegukanye agace ka Kabiri ka Tour du Rwanda ya 2025Umunya-Australia Brady Gilmore ukinira Ikipe ya Israel Premier Tech, yegukanye Agace ka Kabiri ka Tour du Rwanda ya 2025, naho Fabien Doubey akomeza kwambara umwambaro w'umuhondo.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152750/brady-gilmore-yegukanye-agace-ka-kabiri-ka-tour-du-rwanda-ya-2025-152750.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Uruhare rwa telefone mu kugabanyiriza umwana kumenya kuvuga vubaIkibazo cyo gukoresha telefone cyane ku babyeyi gishobora gutuma umubano w'umubyeyi n'umwana ugabanuka, bikaba byatuma umwana atamenya ururimi neza. Kuva zatangira kuboneka, zagiye zigira uruhare rukomeye mu buzima bwa buri munsi, ndetse zigira n'ingaruka ku buryo ababyeyi bagirana umubano n'abana babo. https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152737/uruhare-rwa-telefone-mu-kugabanyiriza-umwana-kumenya-kuvuga-vuba-152737.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Cristiano Ronaldo ashobora kugura ikipe yigeze gushaka kumugura akiri mutoRutahizamu w'ikipe y'igihugu ya Portugal na Al Nassr yo muri Arabia Saudite,Cristiano Ronaldo ashobora kugura ikipe ya Valencia yo muri Espagne yigeze gushaka kumugura ubwo yari akiri muto.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152733/cristiano-ronaldo-ashobora-kugura-ikipe-yigeze-gushaka-kumugura-akiri-muto-152733.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Perezida Kagame yakomoje ku kibazo cy’ubwiyongere bw’urubyiruko rujya gushaka akazi mu mahangaUbwo yafunguraga ku mugaragaro Inama y'Ikoranabuhanga mu by'Imari (Inclusive FinTech Forum), Perezida Kagame yagaragaje abarebwa cy'urubyiruko rujya gushaka akazi mu bihugu by'amahanga, aho usanga rwizezwa ibitangaza rimwe na rimwe bikarangira rushowe mu byaha birimo no gucuruzwa.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152746/perezida-kagame-yakomoje-ku-kibazo-cyubwiyongere-bwurubyiruko-rujya-gushaka-akazi-mu-mahan-152746.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Kenya: Chris Brown yasimbujwe Burna Boy kubera ibura ry’ibikorwaremezoUmunya-Nigeria Burna Boy aritegura gutaramira abanya-Kenya, mu gihe Chris Brown washakwaga muri icyo gitaramo bitashobotse ko acyitabira.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152741/kenya-chris-brown-yasimbujwe-burna-boy-kubera-ibura-ryibikorwaremezo-152741.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Rumaga yahaye icyubahiro Orchestre Les Fellows mu gisigo cye gishya- VIDEOUmusizi Junior Rumaga yatangaje ko yifashishije amagambo agize indirimbo ‘Sinigeze nkureba nabi’ mu gisigo cye gishya yise ‘Inshuti y’Amajye’ kubera ko asanzwe ari umwe mu banyuzwe n’ibihangano bya Orchestre Les Fellows yamamaye mu myaka 40 ishize.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152745/rumaga-yahaye-icyubahiro-orchestre-les-fellows-mu-gisigo-cye-gishya-video-152745.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Hakenewe Miliyari $200 buri mwaka yo kurengera ibidukikijeIntumwa z’ibihugu 154 zateraniye i Roma mu biganiro bigamije kurangiza inama ya COP16 yasubitswe i Cali, hibandwa ku buryo bwo kubona miliyari 200$ yo kurengera ibidukikije.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152725/hakenewe-miliyari-200-buri-mwaka-yo-kurengera-ibidukikije-152725.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Imbwa ye yakanze intama: Polisi yasobanuye imvano y'urugomo rwakorewe Turahirwa washinze Moshions-VIDEOUmuvugizi wa Polisi y'u Rwanda mu Ntara y'Amajyaruguru, SP Mwiseneza Jean Bosco, yatangaje ko urugomo rwakorewe Turahirwa Moses washinze inzu y’imideli ya Moshions rwakomotse ku mbwa ye yari afite yikanzwe n’intama ikajya mu rugo rw’umuturage, waje kuvuga ko hari ibyo yangije agomba kwishyura.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152740/imbwa-ye-yakanze-intama-polisi-yasobanuye-imvano-yurugomo-rwakorewe-turahirwa-washinze-mos-152740.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Polisi ikomeje ibikorwa byo kurwanya abangiza ibikorwaremezo rusangePolisi y'u Rwanda yatangaje ko, ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage,ku cyumweru tariki ya 23 Gashyantare, hafashwe abagabo babiri bakurikiranyweho kwangiza ibikorwaremezo rusange.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152739/polisi-ikomeje-ibikorwa-byo-kurwanya-abangiza-ibikorwaremezo-rusange-152739.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200U Bushinwa bukomeje kurya isataburenge Samsung muri Amerika y'EpfoIsoko rya telefone muri Amerika y'Amajyepfo ryazamutseho 15%, Samsung ikomeza kuyobora, ariko ibigo by’Abashinwa nka Xiaomi, Transsion na Honor biragenda bikura cyane.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152730/u-bushinwa-bukomeje-kurya-isataburenge-samsung-muri-amerika-yepfo-152730.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ibintu wakora kugira ngo umukobwa agukundeUrukundo nta gisobanuro rusange rufite, kuko buri muntu afite ibyo yifuza mu rukundo bitandukanye n’iby’undi. Kubwira umukobwa ko umukunda ntibihagije ngo nawe agukunde! Abakobwa bafite ibyo bagenderaho mu guhitamo umusore bakundana.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152732/ibintu-wakora-kugira-ngo-umukobwa-agukunde-152732.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Umukino wa APR FC na Rayon Sports wimuwe Umukino ikipe ya APR FC izakiramo Rayon Sports wari utegerejwe tariki ya 10 Gicurasi 2025 wimuwe ushyirwa mu kwezi gutaha kwa Werurwe.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152736/umukino-wa-apr-fc-na-rayon-sports-wimuwe-152736.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Paris: Yajugunye uruhinja arucishije mu idirisha rya hoteri ruhira rupfaUmwana w'uruhinja yapfuye mu buryo bubabaje cyane nyuma yo kujugunywa mu idirishya rya hoteri, aho umukobwa w’imyaka 18 bivugwa ko ari we nyina w’uyu mwana ari we ushijwa kunyuza uru ruhinja mu idirishya rya hoteri akarujugunya hasi.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152731/paris-yajugunye-uruhinja-arucishije-mu-idirisha-rya-hoteri-ruhira-rupfa-152731.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200UNICEF yerekanye ingaruka zikomeye ku Bana n'Imiryango yabo mu ntambara ya UkraineIntambara muri Ukraine yateje ingaruka zikomeye ku bana, ikangiza uburezi bwabo, ikababuza ibyishimo kandi igahungabanya ubuzima bwabo.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152715/unicef-yerekanye-ingaruka-zikomeye-ku-bana-nimiryango-yabo-mu-ntambara-ya-ukraine-152715.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ubwiru ku ibuye rya Uranium rikorwamo intwaro za kirimbuziUranium ni ikinyabutabire gifite akamaro gakomeye mu bice bitandukanye by'ubuzima, cyane cyane mu gukora intwaro kirimbuzi, mu gutanga ingufu z’amashanyarazi no mu buvuzi. Izwiho gutanga ingufu nyinshi, aho ikomeza kuba isoko y'ingufu zitandukanye kandi ifite uruhare runini mu iterambere rigezweho.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152703/ubwiru-ku-ibuye-rya-uranium-rikorwamo-intwaro-za-kirimbuzi-152703.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Manchester United igiye kwirukana abandi bakozi 200,ibiryo by'ubuntu yatangaga ibikurahoIkipe ya Manchester United yemeje ko igiye kwirukana abandi bakozi bari hagati ya 150 na 200 ndetse ikanakuraho ibiryo by'ubuntu yatangaga ku bakozi bayo mu rwego rwo kugabanya amafaranga isohora.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152724/manchester-united-igiye-kwirukana-abandi-bakozi-200ibiryo-byubuntu-yatangaga-ibikureho-152724.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Yahawe ubutumire muri Trace Awards! Iby’ingenzi ku rugendo rwa Element muri ZanzibarUmuhanzi akaba na Producer, Mugisha Robinson wamamaye nka Element Eleeeh yerekeje i Zanzibar mu gihugu cya Tanzania, aho yitabiriye ibirori byo gutanga ibihembo bya Trace Awards&Festival, byatangiye kuri uyu wa 24 Gashyantare, bikazasozwa tariki 26 Gashyantare 2025.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152734/yahawe-ubutumire-muri-trace-awards-ibyingenzi-ku-rugendo-rwa-element-muri-zanzibar-152734.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Grace Khan yitabaje abamufasha ngo ahagarike kunywa ibiyobyabwenge Umuhanzikazi Grace Khan arasaba ubufasha mu guhagarika kunywa ibiyobyabwenge.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152722/grace-khan-yitabaje-abamufasha-ngo-ahagarike-kunywa-ibiyobyabwenge-152722.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Waba wibaza ukuntu Shitani isa? Menya byinshi ku byo abahanga babivugahoBenshi bagerageza kuvuga kuri Shitani cyangwa Satani ko ari umuhanga, afite amababa, inzara, cyangwa ifite isura y'umutuku, akenshi bavuga ko yica abantu. https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152720/waba-wibaza-ukuntu-shitani-isa-menya-byinshi-ku-byo-abahanga-babivugaho-152720.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Uyu munsi mu mateka: Nicholas Sarkozy yasuye u Rwanda yakirwa na Perezida Kagame Tariki ya 25 Gashyantare ni umunsi wa 56 mu minsi y’uyu mwaka, hakaba hasigaye igera kuri 309 ngo ugere ku musozo. Hari ibikorwa by’ingenzi byaranze uyu munsi bidateze kuzibagirana.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152721/uyu-munsi-mu-mateka-nicholas-sarkozy-yasuye-u-rwanda-yakirwa-na-perezida-kagame-152721.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Menya urusengero rwa Lakshmi Narasimha Swamy ruri mu ishusho y’ikiyoka kininiUrusengero rwa Lakshmi Marasimha Swamy rwo mu Buhinde, ruratangaje cyane ndetse usanga abantu benshi barusura cyane abandi bahiga kuzarusura byibuze rimwe mu buzima bwabo, kubera ubwiza bwarwo n’amateka yarwo atangaje. Ushobora kuba ari ubwa mbera urwumvise! Menya amateka atangaje n’ibindi byinshi kuri rwo.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152704/menya-urusengero-rwa-lakshmi-narasimha-swamy-ruri-mu-ishusho-yikiyoka-kinini-152704.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Aryoha asubiwemo! Uko John Legend yateguriwe urubyiniro mu minota 43'- AMAFOTOIkipe ngari y'abatekinisiye ba John Legend yari yitwaje mu gitaramo cye cya mbere i Kigali, bafashe igihe kingana n'iminota 43' bakuraho ibyuma byari ku rubyiniro, ndetse bongeraho n'ibindi kugira ngo hatagira ikosa na rimwe ryabaho mu gihe cyose uyu muhanzi yari kuba ari ku rubyiniro.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152701/aryoha-asubiwemo-uko-john-legend-yateguriwe-urubyiniro-mu-minota-43-amafoto-152701.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Rayon Sports yemeje ko rutahizamu wayo atazongera gukandagira mu kibuga muri uyu mwaka w'imikino Ikipe ya Rayon Sports yemeje ko rutahizamu wayo,Fall Ngagne atazongera gukandagira mu kibuga muri uyu mwaka w'imikino nyuma y'uko agize ikibazo cy'imvune. https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152723/rayon-sports-yemeje-ko-rutahizamu-wayo-atazongera-gukandagira-mu-kibuga-muri-uyu-mwaka-wim-152723.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200 KNC yishongoye kuri APR FC bazakina mu gikombe cy’Amahoro Perezida wa Gasogi United, KNC yasezeranyije ikipe ya APR FC ko azayisezerera muri kimwe cya kane mu gikombe cy’Amahoro, akayibutsa ibyo yayikoreye mu mwaka ushize.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152716/knc-yishongoye-kuri-apr-fc-bazakina-mu-gikombe-cyamahoro-152716.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Dan Bongino yagizwe umuyobozi wungirije wa FBIKu wa Mbere, umuyobozi mushya wa FBI, Kash Patel, yatangaje ko Dan Bongino agizwe umuyobozi wungirije w’uru rwego, agaragaza ko ari umuntu w’inararibonye kandi wiyemeje kurengera ubutabera n’umutekano.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152713/dan-bongino-yagizwe-umuyobozi-wungirije-wa-fbi-152713.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200 Umuhanzikazi Roberta Flack yitabye Imana ku myaka 88Roberta Flack yitabye Imana afite imyaka 88. Yari umuhanzi ukomeye uzwi cyane ku ndirimbo "Killing Me Softly", akaba yaragize uruhare runini mu muziki no mu kurengera uburenganzira bwa muntu.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152711/umuhanzikazi-roberta-flack-yitabye-imana-ku-myaka-88-152711.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Ibyo wamenya kuri Henok Mulubrhan wegukanye agace ka Mbere ka Tour du Rwanda 2025Henok Mulubrhan uri kumwe n'ikipe ye y'igihugu ya Eritrea aka abitse Tour du Rwanda ya 2023, yegukanye agace ka Mbere ka Tour du Rwanda ya 2025 kavaga i Rokomo kerekeza mu karere ka Kayonza ku ntera y'ibilometero 157,8. Yakoresheje amasaha 3, iminota 57 n'amasegonda 52.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152710/ibyo-wamenya-kuri-henok-mulubrhan-wegukanye-agace-ka-mbere-ka-tour-du-rwanda-2025-152710.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Kiyovu Sports yatsinzwe na Gasogi ahazaza hayo hakomeza kwanga Gasogi United yatsinze Kiyovu Sport ibitego 2-1 muri shampiyona y'u Rwanda umunsi wa 18, maze ahazaza h'Urucaca mu cyiciro cya mbere hakomeza kuba agaterera nzamba.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152707/kiyovu-sports-yatsinzwe-na-gasogi-ahazaza-hayo-haguma-kuba-agatereranzamba-152707.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Abakekwaho guhohotera Moses Turahirwa bafashweMu gihe Moses Turahirwa atameze neza nyuma yo gutegwa n'abagizi na nabi, polisi yatangaje ko abakekwaho ubu bugizi bwa nabi bamaze gufatwa.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152709/abakekwaho-guhohotera-moses-turahirwa-bafashwe-152709.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Icyuho mu baganga babaga kiracyari umutwaro uremereye ku RwandaMu Nama Mpuzamahanga yo ku rwego rwa Afurika yahuje abaganga bakora mu bijyanye no kubaga n’abakora mu rwego rw’ubuzima muri rusange u Rwanda rwakiriye, hongeye kugaragazwa ko ubuke bw'abaganga babaga ari ikibazo gikomeye ku gihugu ndetse no muri Afurika.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152706/icyuho-mu-baganga-babaga-kiracyari-umutwaro-uremereye-ku-rwanda-152706.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Urujijo kuri gahunda yo gushyiraho Guverinoma y’Ubumwe yatangajwe na Perezida TshisekediPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yatangaje ko agiye gushyiraho Guverinoma y’ubumwe ihuriyemo n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi, mu rwego rwo guhangana n’ubwicanyi bukomeje kwiyongera mu burasirazuba bw’igihugu.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152685/urujijo-kuri-gahunda-yo-gushyiraho-guverinoma-yubumwe-yatangajwe-na-perezida-tshisekedi-152685.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200Barayihakanye birangira bayitabye! Bamwe mu byamamare bapfuye batemera ImanaMu gihe usanga hirya no hino ku Isi, aho usanga hari ibihugu byinshi bisenga ibintu binyuranye bigaragaragira amaso bigendanye n'imyemerere yabo ahandi ugasanga bemera Imana, kugeza ubu amateka agaragaza ko hari abantu benshi bari ibyamamare bihakanye Imana cyangwa bagahakana ubushobozi bwabo ariko n'ubundi bikarangira bapfuye.https://inyarwanda.com/index.php/inkuru/152700/barayihakanye-birangira-bayitabye-bamwe-mu-byamamare-bapfuye-batemera-imana-152700.htmlThu, 01 Jan 1970 02:00:00 +0200