RFL
Kigali

Ababyeyi ntibifuza ko abana babo bakurikiza imico ya bamwe mu byamamare

Yanditswe na: kundabose jean david
Taliki:19/06/2013 15:27
0




Ingimbi n’abangavu benshi bagira abantu b’icyitegererezo ariko akenshi ntibahuza n’ababyeyi babo. Ababyeyi bagera kuri 71% batangaje ko abana babo bafite ibyamamare bareberaho, 58% bakaba bahangayikishijwe n’amahitamo y’abana babo.

Ababyeyi babona ko imico ya bamwe mu byamamare atari myiza bityo ngo ntawifuza ko umukobwa we yakurikiza Miley Cyrus, Lindsay Lohan, Kim Kardashian cyangwa se Amanda Bynes. Naho ku ruhande rw’abahungu ababyeyi bifuza ko abana babo bagendera kure imico ya Chris Brown, Kanye West, Justin Bieber,Lili Wayne, Lance Armstrong cyangwa se nanone Tiger Woods.

Uru ni urutonde rwashyizwe ahagaragara na CouponsCode4u muri Leta zunze ubumwe z’Amerika

Ku ruhande rw’abakobwa:

1.Miley Cyrus

2.Lindsay Lohan

3.Kim Kardashian

4.Amanda Bynes

5.Farrah Abraham

6.Rihanna

7.Ke$ha

8.Kourtney Kardashian

9.Heidi Montag

10.Taylor Momsen

Ku ruhande rw’abahungu:

1.Chris Brown

2.Kanye West

3.Justin Bieber

4.Lil Wayne

5.Charlie Sheen

6.Lance Armstrong

7.Tiger Woods

8.Mel Gibson

9.Jay-Z

10.Bruce Jenner

Source 7sur7.be

Denise IRANZI






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND