RFL
Kigali

MU MAFOTO MENSHI: Reba uko byari byifashe mu birori byatangiwemo ibihembo bya Rwanda Movie Awards 2017

Yanditswe na: Ndayisaba Ben Claude
Taliki:11/07/2017 9:04
0


Ku wa Gatanu tariki ya 07 Nyakanga 2017 ni bwo habaye ibirori byo gutanga ibihembo mu irushanwa rya Rwanda Movie Awards ritegurwa na Ishusho arts. Muri iyi nkuru tugiye kuberaka uko byari bimeze mu mafoto ubwo hatangwaga ibi bihembo ku nshuro ya 6 y'iri rushanwa.



Ni ibirori byari byitabiriwe n'abantu batandukanye barimo abakora umwuga wa sinema ndetse n'abakunzi ba filime. Ibi birori byatangijwe no guca ku itapi itukura ku bakinnyi 20 bahataniraga igihembo cy'umukinnyi wa filime wakunzwe kurusha abandi mu mwaka wa 2016.

Abantu nubwo bari batinze kwinjira ntibabuze gushimishwa n'Umurage band wabaririmbiraga indirimbo ziryoheye amatwi

Rwanda Movie AwardsRwanda Movie Awards

Mutoni Assia ni we wabimburiye abandi guca ku itapi itukura

Kalisa Erineste 
Uwamwezi Nadege
Ntakirutimana Ibrahim 
Munezero Aline
Mugisha Emmanuel
Uwineza Nicole
Ndayizeye Emmanuel
Uwamahoro Antoinette
Irunga Rongin
Umuganwa Sarah
Habiyakare Muniru
Mukeshimana Aimee Marie Clombe
Niyitegeka Gratien
Mukasekuru Khadja Fabiora
Danielle Gaga
Musanase Laura
D'Amour Seleman
Kamanzi Didier
Nyuma y'aba bakinnyi banyuze ku itapi itukura hanyuzeho na Nadia Buari ndetse na Andy Boyo bari abashyitsi bakuru muri ibi birori
Nadia Buari bakunze kwita Beyonce nawe wari waje kwifatanya n'abanyarwanda kwizihiza uyu munsi

Nyuma y'aba bakinnyi hakurikiyeyo ijambo ry'umuyobozi wa Ishusho arts, Mucyo Jackson watangiye asaba imbabazi kuko bari bakererewe.
Mucyo Jackson umuyobozi wa Ishusho Arts

Habayeho kandi umwanya wo guhemba abakinnyi, filime n'abakora filime bitwaye neza mu mwaka wa 2016

Aha bakaba barahembye filime ngufi nziza yabaye She was'nt Me yo muri KFTV

Hitimana Emmanuel ahemberwa kwandika inkuru ya filime nziza 'Samantha'


Gasigwa Leopold wahembewe kuba yarakoze filime mbarankuru nziza 'Miracle and the family'

Rurangwa Jean Norbert wahawe igihembo cy'uwahize abandi mu gufata amashusho 
Habimana Amadoulallah wahawe igihembo cy'utunganya amashusho neza

Maritin wahawe igihembo cy'ufata amajwi meza ya filime
Uwamahoro Antoinette
Uwamahoro Antoinette wahawe ibihembo bibiri birimo icy'umukinnyi mwiza w'umugore muri filime z'uruhererekane ndetse na Best surpport Actress
D'Amour Seleman wahawe igihembo cya Best support acter
Irunga Rongin ni we wabaye umukinnyi w'umugabo mwiza w'umwaka
Kirenga Saphine ni we wabaye umukinnyi mwiza mu bagore

Niyitegeka Gratien wahawe ibihembo 2 harimo icy'umukinnyi wakunzwe cyane ndetse n'icy'umukinnyi mwiza wa filime z'uruhererekane zica kuri Tv 


Filime Ca Inkoni izamba ni yo yabaye filime y'umwaka muri filime ndende
Rwanda Movie Awards
Ibyishimo byari byose ku bahawe ibihembo

Ibirori byo gutanga ibihembo ku nshuro ya 6 byitabiriwe n'abantu batandukanye harimo abayobozi abahanzi amanyamakuru, abakora umwuga wa sinema ndetse n'abakunzi ba filime nyarwanda.
Abakinnyi bari mu bahatana ni bo bari bicaye imbere
Ibi birori kandi byitabiriwe na Justin nyiri Rainbow HotelRucagu Boniface nawe yitabiriye ibi birori
Umunyamakuru Patycope nawe yari muri ibi birori

Muzogeye Plaisir n'umufasha we Rubega Lysette nabo bari bitabiriye

Ahmed na John Kwezi uhagarariye Federasiyo ya filime 
John Kwezi n'umufasha we

Abahagarariye Kiwundo nabo bari bitabiriye
Aimee Milienne na Milly bari mu Umurage Band
Young Grace ujya unanyuzamo agakina muri filime nawe yari ahari

Jones Kennedy Visi Perezida muri Federasiyo na Ruyonza Arlette umukozi wa MINISPOC mu ishami rishinzwe guteza imbere umuco
Ntihabose Ismael uhagarariye inama y'igihugu y'abahanzi

Senderi aha igikombe Gratien NIYITEGEKA
Mike Karangwa aha Rurwanga Norbert igihembo cy'uwafashe amashosho neza
Iyi ni yo shusho y'ibikombe byatanzwe

AMAFOTO: Saidi Muhigira





TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND