RFL
Kigali

Miss CBE (SFB)2016 yakoze ubukwe atarasubiza ikamba–AMAFOTO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:8/08/2017 11:36
1


Ikirezi Sandrine ni we mukobwa wegukanye ikamba rya Nyampinga uhiga abandi uburanga n’ubwenge muri kaminuza ya CBE yahoze yitwa SFB muri 2016, uyu mukobwa mu mpera z’icyumweru turangije ni bwo yarushinze, arushingana ikamba yari ataratanga.



Ikirezi Sandrine yegukanye ikamba mu Ugushyingo 2016 ubwo hatorwaga Nyampinga uhiga abandi ubuhanga n’uburanga, bivuze ko ashatse atarasubiza ikamba dore ko haburaga amezi make ngo yuzuze umwaka yambaye ikamba ryo kuba ari Miss CBE yahoze yitwa SFB.

Ikirezi Sandrine wamaze gukora ubukwe na Kamugisha George yiga mu mwaka wa kabiri mu ishami rya Business Accounting akaba yarasezeraniye mu itorero rya ADEPR asanzwe n'ubundi asengeramo.

AMAFOTO Y'UKO BYARI BIMEZE

sandrine

Miss IkireziMiss IkireziMiss Ikirezi

Amafoto: Igihe






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • dj pac6 years ago
    Ubwose haricyo utuva buriya afite akana munda kamezi nka 3





Inyarwanda BACKGROUND