RFL
Kigali

Indirimbo 5 z’umwaka mu mboni za bamwe mu banyamakuru b’imikino bakurikiranira hafi muzika nyarwanda

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:19/12/2017 12:44
3


Umwaka wa 2017 uri kugana ku musozo, hasigaye iminsi mike ngo umwaka urangire, umwaka wabaye mwiza muri muzika nyarwanda cyane ko hasohotse indirimbo nyinshi zanamamaye cyane mu Rwanda. Ni muri urwo rwego twifuje kumenya indirimbo eshanu zikunzwe cyane mu Rwanda aho twifashishije bamwe mu banyamakuru b’imikino bakunzwe ariko banakurikirana umuzik



Bamwe mu banyamakuru baganiriye na Inyarwanda.com harimo Rutamu Elie Joe uzwi cyane nk’umunyamakuru w’imikino kuri Radio 1, Mahoro Nasri, umunyamakuru w’imikino wa Radio Flash Fm, David Bayingana umunyamakuru wa Radio 10, Rugangura Axel wa RBA ndetse na Fuadi Uwihanganye nawe akaba umunyamakuru w’imino kuri Radio 10.

Rutamu Elie Joe/ Radio 1

rutamu

Ikinya ya Bruce Melody

Zahabu ya Charly na Nina

Super Star y’umuhanzi Social Mula

Slowly y’umuhanzi Meddy

Amadayimoni y’umuhanzi Kitoko

Mahoro Nasri / Flash fm

nasri

Deep in love ya Knowless

Binkolera ya The Ben na Sheebah

Slowly ya Meddy

Ikinya ya Bruce Melody

Owooma ya Charly na Nina

Fuadi Uwihanganye/ Radio 10

fuadi

Thank you ya Tom Close na The Ben

Nkuko njya mbirota ya Yverry

Super Star ya Social Mula

Slowly ya Meddy

Winning team ya Knowles

David Bayingana/Radio 10

david

Habibi ya The Ben

Ku ndunduro ya Social Mula

Ikinya ya Bruce Melody

Face to Face ya Charly na Nina

Binkolera ya Sheebah Karungi na The Ben

Rugangura Axel/ RBA

axel

Ikinya ya Bruce Melody

Ntawamusimbura  ya Meddy

Just a Dance ya Yvan Buravan

Zahabu ya Charly na Nina

Habibi ya The Ben

Nkuko twabitangaje izi ni indirimbo eshanu bamwe mu banyamakuru b’imikino mu Rwanda basanga zaba indirimbo z’umwaka, gusa ikigaragara ni uko indirimbo ‘Ikinya’ ya Bruce Melody itari kubura ku rutonde rw’indirimbo zikunzwe mu Rwanda. Uwashaka kujanisha yahamya ko iyi ariyo ndirimbo yaba ishoje umwaka ikunzwe mu Rwanda. Ariko nanone indirimbo z’abandi bahanzi nka Meddy, The ben ,Charly na Nina ndetse na Social Mula ziri mu zigaruka cyane ku rutonde rw’indirimbo aba banyamakuru batanze.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Ngarambe6 years ago
    Ikinya kweli
  • 6 years ago
    Ikinya habibi and slowly izo nizo zariye hit cyaane kbs
  • Genesis6 years ago
    Ku bwanjye mbona ari Ikinya, Habibi, just dance, superstar na slowly





Inyarwanda BACKGROUND