RFL
Kigali

Ray C na Marina bakoze igitaramo cya kabiri muri Kigali mbere yo kwerekeza i Musanze –AMAFOTO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:11/09/2017 17:05
0


Muri iyi minsi i Kigali, hari kubarizwa umuhanzikazi Ray C umwe mu bubatse izina mu muziki wa Tanzania, uyu yaje kwifatanya na Marina mu kwamamaza umuziki wabo ndetse no kugerageza kwigarurira imitima y’abakunzi ba muzika mu Rwanda.



Ku nshuro ya mbere aba bakobwa bataramiye muri People Club aho bagombaga kuva baririmbira muri Ambassadors Park i Gikondo gusa ntibyakunda birangira bakoze igitaramo cya kabiri cyabo kuri iki cyumweru tariki 10 Nzeri 2017 muri Sun City i Nyamirambo.

Nyuma yo gutaramira aha igihe kirenga icyumweru aba bihaye bazagikomereza mu karere ka Musanze aho bazataramira mu mpera z’icyumweru dutangiye mbere gato ko bagaruka i Kigali aho bazakorera igitaramo cya nyuma muri iyi gahunda, Ray C agahita yisubirira muri Tanzania.

yemba voiceItsinda rya Yemba Voice ryari ryagiye gushyigikira aba bahanzikazihopeHope wo mu itsinda rya 3HillsmarinamarinaMarina aba yateguyeRay CRay CmarinaRay C yashimishije abafana be i Nyamirambo






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND