RFL
Kigali

BIRATANGAJE: Niyitegeka Gratien yiyambuye ikariso ayinyuza mu mutwe anikoreye icupa ry’amazi-VIDEO

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:6/06/2017 10:31
2


Niyitegeka Gratien uzwi nka SEBU muri filime y’uruhererekane yitwa Seburikoko itambuka kuri televiziyo Rwanda, yakoze ibintu bitangaje cyane yiyambura ikariso ayinyujije mu mutwe kandi anikoreye icuma ry’amazi.



Ni urwenya yise ‘Reka da!’ ndetse akaba yanarukoreye amashusho. Muri uru rwenya rwe, uyu musore Niyitegeka Gratien yabanje kwambarira ikariso inyuma y’ipantaro, arangije akuramo ipantaro yari yambariyemo imbere, asigara yambaye ikariso. Nyuma yaje gukuramo ikariso ayinyujije mu mutwe, kandi ubwo ibyo byose yabikoraga yikoreye icupa ry’amazi. Gratien yabwiye Inyarwanda.com ko ibyo yakoze abikesha gukora imyitozo ihagije. 

REBA HANO 'NIYITEGEKA GRATIEN' AKURAMO IKARISO AYINYUJIJE MU MUTWE







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • RWANDA6 years ago
    hHHHHHHHHHHHHHHHHHHHHHHHHHHHHHH WAMUTYPE AHO YABUGUZE NTIBAMUHENZE KBSSAA BARAMUPAKIRIYEEE
  • Hirwa Audace6 years ago
    Hahahahahahhah kabisa uyu muntu ni nibintu byose!!!





Inyarwanda BACKGROUND