FPR
RFL
Kigali

Miss Rusaro Carine yakoze ubukwe, yambikana impeta na Mpayana Fio Logan - Amafoto

Yanditswe na: Manirakiza Théogène
Taliki:3/04/2016 11:35
15


Utamuriza Rusaro Carine wabaye Nyampinga w’icyahoze ari Kaminuza y’u Rwanda i Huye mu mwaka wa 2007, akaba n’igisonga cya mbere cya Miss Bahati Grace mu marushanwa ya Nyampinga w’u Rwanda ya 2009, yambikanye impeta y’urudashira na Mpayana Fio Logan uherutse kumusaba no kumukwa.



Kuri uyu wa Gatandatu tariki 2 Mata 2016, nibwo Miss Rusaro Carine na Mpayana Fio Logan bambikanye impeta basezerana kuzabana iteka bagasangira akabisi n’agahiye. Ibi birori by’ubukwe bwabo bikaba byarabayemo imihango yo gusezerana imbere y’Imana yabereye i Remera muri Centre Christus, hanyuma abatumiwe bajya kwiyakirira i Nyarutarama muri Green Hills.

Ibirori by’ubukwe bwabo byaranzwe n’ibyishimo n’umunezero, biba igihe cy’ishema n’akanyamuneza ku miryango yombi n’inshuti n’abavandimwe b’aba bageni bishimiye ko urukundo rwabo rwari rumaze imyaka myinshi, rwakomeje gusigasirwa kugeza ku munsi nyirizina w’ubukwe bwabo.

Amafoto agaragaza ibyaranze ubu bukwe:

 carine

carine

carine

Miss Rusaro Carine asezerana imbere y'Imana na Mpayana Fio Logan

Miss Rusaro Carine asezerana imbere y'Imana na Mpayana Fio Logan

carine

carine

carine

carine

Nyuma yo gusezerana kuzabana akaramata, ibyishimo byari byose ku bageni 

carine

carine

carine

Umunsi w'imbonekarimwe mu buzima bwabo, bawizihije bafite akanyamuneza

carine

carine

carine

carine

carine

carine

carine

carine

carine

carine

carine

carine

carine

Ibyishimo n'akanyamuneza byagaragaraga ku maso ya Miss Rusaro Carine kimwe n'umugabo we Mpayana

AMAFOTO: IGIHE






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Gogo8 years ago
    Ariko disi baraberewe! congs p
  • bebeto8 years ago
    woooow byiza kbs nice couple
  • riri8 years ago
    incwii!! I need to marry their son... lol Their babies are going to be beautiful... tubyitege!
  • poella8 years ago
    Mbifurije umugisha kumana
  • Gaelle8 years ago
    Miss umwe rukumbi kandi wibihe byiza baramujyanye walah.ndebera nawe uyu mukobwa,nako ubu ni umugore ukuntu asa umbwire niba harundi tuzabona umeze nkawe .ntawe pe.gusa mbabajwe nuko amafoto yanyu yose ari ibice nkaba ntabona ikanzu ye neza
  • Wow8 years ago
    Muri beza weeeeeeeee
  • James8 years ago
    BYEBYE !! NISHIMIYE IBIBYIZA MUTUGEZAHO MUKOMEREZAHO THENKS
  • Neema 8 years ago
    Mana weeee ubahe umugisha ukuva ho mbega byiza!!! Birandenze Imana ibahe ibyishimo byiteka nubutunzi nurubyaro, ibahe iberenze ibyo namwe ubwanyu muyisaba!!
  • Weller8 years ago
    congz miss Carine
  • SERGENT8 years ago
    GUSA BIRABA BYIZA AMUKUYEMO UMWENDA WANYUMA AMUBONA WESE SAWA
  • claude8 years ago
    ohhh! how beautifully this miss .
  • 8 years ago
    Byiz!!
  • 8 years ago
    MUZABIBEMO NEZA.
  • Assa8 years ago
    Ndabakunze cyane muribeza!!!!!!mbasabiye umugisha uva ku Mana,muzabyere hungu na kobwa kandi muzubahane kuko couple yanyu niyambere nziza izabe niyambere yubahana byiteka ryose Amen
  • BeBe8 years ago
    waouuuuu Muri beza cyane muzagire urugo ruhire





Inyarwanda BACKGROUND