RFL
Kigali

Yagenze aharenga kilometero 15 asinziriye

Yanditswe na: munyaneza evariste
Taliki:19/03/2013 11:35
0




Nk置ko byatangajwe n段kinyamakuru The Telegraph,ubwo Richard umugabo w置yu mugore yakangukaga yashatse umugore we aramubura amaze kubona ko idirishya rikinguye niko guhita yibwira ko umugore we yagiye mu nzozi ahita atabaza batangira kumushakisha dore ko atari ubwa mbere byari bimubayeho.

Ubwo bamaraga kubona uyu mugore aho yari yafashe urugendo rurenga kilometero 15 mu bitotsi bahise bihutira kumujyana mu bitaro dore ko yari agisinziriye.Umugabo we Richard akaba yavuze ko atatngajwe n段byo ko ahubwo yishimiye kuba umugore we yabonetse.

Mu kwezi kwa mbere nabwo uyu mugore yarose agenda aho yakanguwe na telefone ye yari yaraje mu mufuka we nyuma y段birometero bitari bicye yari amaze agenda asinziriye.Abaganga bakaba batangaza ko iyi ari indwara ikunzekubaho ku bantu benshi.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND