RFL
Kigali

Byamutwaye Miliyoni 13Frw! Icyateye Zari kubagisha bimwe mu bice by’umubiri we no kugira amenyo y'urwererane

Yanditswe na: Abitije Seraphin Elise
Taliki:15/05/2024 16:40
0


Nyuma y’igihe kirekire Zari Hassan yavuze ku mpamvu yamuteye kwibagisha bimwe bice by’umubiri n’amafaranga byamutwaye agira n'icyo abwira ababyifuza.



Uyu mubyeyi w’abana 5 yatangaje ko nubwo umubiri we utari uteye nabi, ariko hari ibintu bicye yashakaga kongera ku miterere ye. Ikindi yari agamije kurushaho gukesha amenyo n’imiterere yayo.

Ibi byose yabikoze agamije kugira ngo arusheho kwiyongerera icyizere no kugira uruhu rumeze neza. Zari yavuze ko rwose aticuza ibyo yakoze byamutwaye agera kuri Miliyoni 13Frw.

Uyu mugore yatangaje ko ibirebana n’amanyo y'urwererane yabikoreshereje muri Turkey naho mu nda yagiye mu kindi gihugu.

Yaboneye kugira inama abantu abasaba kujya baharanira kubaho neza mu gihe bumva batazabyicuza.

Hirya yo kuba ari umubyeyi, Zari akunda gufasha abatifashije. Mm buzima bwe ikintu kirebana no kwiyitaho kiri mu byo ashyira imbere.Zari yavuze ko yakoresheje amenyo kugira ngo arusheho kuba urwererane akagira ducye ahindura ku ruhuNubwo avuga ko atarafite mu nda habi ariko yifuje ko yahitaho kugira ngo harusheho kumera nk'uko yabyifuzagaIbyo yakoze byose yagira ngo arusheho kujya akandagira akumva ubutaka butigita mbega kuzamura icyizere cye






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND