Nyuma y’igihe kirekire Zari Hassan yavuze ku mpamvu yamuteye kwibagisha bimwe bice by’umubiri n’amafaranga byamutwaye agira n'icyo abwira ababyifuza.
Uyu mubyeyi w’abana 5 yatangaje ko nubwo umubiri we utari uteye nabi, ariko hari ibintu bicye yashakaga kongera ku miterere ye. Ikindi yari agamije kurushaho gukesha amenyo n’imiterere yayo.
Ibi byose yabikoze agamije kugira ngo arusheho kwiyongerera icyizere no kugira uruhu rumeze neza. Zari yavuze ko rwose aticuza ibyo yakoze byamutwaye agera kuri Miliyoni 13Frw.
Uyu mugore yatangaje ko ibirebana n’amanyo y'urwererane
yabikoreshereje muri Turkey naho mu nda yagiye mu kindi gihugu.
Yaboneye kugira inama abantu abasaba kujya baharanira kubaho neza
mu gihe bumva batazabyicuza.
Hirya yo kuba ari umubyeyi, Zari akunda gufasha
abatifashije. Mm buzima bwe ikintu kirebana no kwiyitaho kiri mu byo
ashyira imbere.
TANGA IGITECYEREZO