RFL
Kigali

Turahirwa Moses, umuyobozi w’inzu y’imideli ya Moshions

Yanditswe na: UDAHOGORA Vanessa Peace
Taliki:21/12/2018 16:04
3


Turahirwa Moses ni umusore umaze kubaka izina mu bijyanye n’imideli hano mu Rwanda. Niwe wagize igitekerezo cyo gushing inzu y’imideli yise Moshions, izina rikomatanyije izina rye Moses ndetse n’akazi ke ka buri munsi ka Fashion.



Amazina: Turahirwa Moses

Aho yavukiye: Nyamasheke, Kanjongo

Aho yize amashuri yisumbuye:  College st Paul Gisuma, Ecole Technique st Kizito Save, IPRC Kicukiro

Ibyo yize: Water and Sanitation Engineering

Abo afata nk’ikitegererezo: Olivier Rousteing, Balmain Paris, David Tlale, Daddy De Maximo, Laduma

Igihe yatangiriye Moshions: 2015

Akazi kamutera ishema cyane: Intsinzi collection (2017), Ruheru Collection (2016)

Aho akorera: 30, KN 41 St, Kiyovu

Inama ku rubyiruko: Gukora ibyo ukunda utarebeye ku bandi ahubwo ukita cyane ku byo wowe wumva ushoboye kandi wakora neza cyane.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • neema5 years ago
    ndakwemera sana kdi niwowe mfatiraho urugero nanjye nifuza kuba nkawe
  • Agasaro Christine2 years ago
    Bonjour ndi Bruxelles mfite mon neveux uri ikigali nashakaga kumuha cadeau yumwenda mwiza uvuye iwanyu twavugana nyuma nkamwohereza kuri adresse yanyu mukambwira nuko bishyura muraba mukoze.
  • Agasaro Christine2 years ago
    Bonjour ndi Bruxelles mfite mon neveux uri ikigali nashakaga kumuha cadeau yumwenda mwiza uvuye iwanyu twavugana nyuma nkamwohereza kuri adresse yanyu mukambwira nuko bishyura muraba mukoze.





Inyarwanda BACKGROUND