RFL
Kigali

Uburyo bugera kuri 20 umuntu yasigamo amabara ku nzara(Verni à Ongles).

Yanditswe na: Denise Iranzi
Taliki:8/07/2014 14:49
0


Umugore mu mico ye karemano agomba guhora akeye. Ni byiza cyane ko acya ku mutima ariko kandi no gucya ku mubiri ni inshingano zabo. Guhorana isuku, guhanga udushya ndetse n’ibindi byose byatuma agaragara neza mu maso y’abamuzengurutse



Ibi rero bikorwa mu buryo bwinshi bumwe muri bwo bukaba ari uburyo bwo gutunganya inzara zabo aho uretse no kuzoza neza bazisiga amabara atandukanye azwi mu rurimi rw’Igifaransa nka Verni à Ongles.

Ibi rero bishobora gukorwa nabwyo mu buryo bwinshi ndetse no mu mabara menshi atandukanye. Uburyo tuvugaho uyu munsi rero ni uburyo bwo  kwisiga amabara 2 cyangwa arenzeho ibyo bakunda kwita “Igice” cyangwa se  “French Manicule mu rurimi rw’Icyongereza”.

Gusiga “Igice” rero bishobora gukorwa mu moko menshi atandukanye bityo ubikunda akaba yahinduranya uko abyifuza kandi agahora ari mushya.

Dore amoko agera kuri 20 ushobora gusigamo inzara zawe mu buryo bw’igice.

1

 

2

 

3

 

4

 

5

 

6

 

7

 

8

 

 9

 

10

 

11

 

12

 

13

 

 14

 

15

 

16

 

17

 

18

 

19

 

20

Denise IRANZI






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND