RFL
Kigali

Rick Ross yatangaje impamvu adashobora gukorana n’umugore muri MayBach Music

Yanditswe na: Fred MASENGESHO
Taliki:27/07/2017 10:00
1


Umuraperi akaba n’umuyobozi mukuru w’inzu itunganya umuziki,MayBach Music yatangaje impamvu adashobora gukorana n’abagore mu nzu ye itunganya umuziki.Mu kiganiro yagiranye na Breakfast Club,uyu mugabo yavuze ko aramutse akoranye n’umugore byatuma aryamana na we.



William Leonard Roberts II uzwi ku izina rya Rick Ross yavuze ko aba afite impungenge ko abona gukorana n’abagore byamutera kumva ashaka kuryamana nabo bityo n’akazi kakaba karangiritse.Yagize ati”Sinigeze mbikora kuberako nziko naryamana nabo, mba ndajwe ishinga n’akazi mbabwize ukuri”.

rick

Rick Ross mu kiganiro na Breakfast Club.

Rick Ross yongeyeho ko kuba yazajya atakaza amafaranga kuri uwo mugore mu ifatwa ry’amafoto kandi ari mwiza ibi ari ibntu byatuma yifuza kuryamana na we.

src:Independent






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • 6 years ago
    yavugishije ukuri umusaza.





Inyarwanda BACKGROUND