RFL
Kigali

M Izzle yashyize hanze amashusho y’indirimbo yakoranye na Sean Brizz VIDEO

Yanditswe na: Kawera Jeannette (Kajette)
Taliki:30/08/2018 19:45
1


Mu minsi yashize umuhanzi M Izzle yakoranye indirimbo na Sean Brizz bayita kamugi. Kuri ubu aba bombi bafatanyije na none bashyize hanze amashusho y’iyi ndirimbo.



M Izzle yahamirije Inyarwanda.com ko impamv yahisemo gukorana na Sean Brizz ari uko ari umusore w’umuhanga cyane. ‘Kamugi’ ni indirimbo bavugamo uburyo abantu bakunda kujyana n’ibigezweho, bakavugamo uburyo abantu muri iyi minsi bakunda ifaranga cyane.

M Izzle

M Izzle yahisemo gukorana na Sean Brizz kuko ari umuhanga

Muri aya mashusho ya ‘Kamugi’ M Izzle kuri ubu uri gukorana na Seruka Entertainment ari bo bari kumufasha mu muziki we, hagaragaramo ubuzima bwo mu muhyi nyine cyane cyane I Nyamirambo, imyambarire y’abo bise ba kamugi nyine ndetse na bamwe mu byamamare biri mu mashusho y’indirimbo.

Kanda hano urebe amashusho ya Kamugi ya M Izzle na Sean Brizz







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Simple5 years ago
    Aba basore ko bakaze ra, indirimbo yabo iraza gukora umuti. Ahubwo MIzzle agomba kujya muri guma guma y’ubutaha, arashoboye cyane kabisa





Inyarwanda BACKGROUND