RFL
Kigali

SPORTS ROOM: Ese Man.United izagaragara muri Big 4, Zahabu Chelsea yibitseho zizatanga umusaruro ryari?

Yanditswe na: SAFARI Garcon
Taliki:21/09/2020 20:42
0


Nyuma y'uko amakipe atandukanye yigaragaje ku isoko ry’abakinnyi muri iyi mpeshyi, hakomeje kwibazwa byinshi kuri Manchester United yaguze umukinnyi umwe gusa ndetse na Chelsea yibitseho abakinnyi beza kandi benshi bitezweho byinshi muri uyu mwaka w’imikino.



Manchester United yasoje umwaka ushize w’imikino ku mwanya wa gatatu n’amanota 66, ikurikiwe na Chelsea banganyaga amanota, gusa uyu mwaka uteye amatsiko kuri aya makipe yiyubatse mu buryo butandukanye.

Mu kiganiro Sports Room cy'uyu munsi, hagarutswe ku buryo aya makipe yiyubatse, uko yatangiye uyu mwaka w’imikino ndetse n’icyo abakunzi bayo bakwitega muri uyu mwaka w’imikino, ndetse n’amahirwe afite ku gikombe cya Premier League.

KANDAHANO UKURIKIRE IKIGANIRO KURI MANCHESTER UNITED NA CHELSEA







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND