RFL
Kigali

VIDEO: Ni njye wisabiye kuva muri Rayon, Sadate namwizeye ataranyobora, Sunrise FC ni yo nshyizeho umutima-MUDEYI

Yanditswe na: Mihigo Saddam
Taliki:9/08/2019 18:30
0


Umwaka umwe muri itatu yari yasinye muri Rayon Sports, ni cyo gihe Mudeyi Suleiman yamaranye n’iyi kipe yambara umweru n’ubururu. Nyuma yo gusinya muri Sunrise FC, yatubwiye buri kimwe cyose yahuriye nacyo muri iyi ikipe.



Mu kiganiro cy’amajwi n’amashusho yagiranye na INYARWANDA, Mudeyi yatubwiye ko iyi kipe yayigiriyemo ibihe byiza nko gutwara igikombe cya mbere mu mateka ye ndetse ko hari n’igihe yagezemo akumva arababaye.


Mudeyi Suleiman ubwo yakinaga umukino wa nyuma muri Rayon Sports batwara umwanya wa 3 mu gikombe cy'Amahoro 2019

Mudeyi Suleiman yaciye mu makipe nka SC Kiyovu, Gicumbi FC, Mukura Victory Sport na Rayon Sports. Kuri ubu ni umwe mu bakinnyi bashya muri Sunrise FC nyuma yo gusinya amasezerano y'imyaka ibiri.

Kurikira ikiganiro kirambuye twagiranye na Mudeyi Suleiman 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND