RURA
Kigali

Uyu munsi mu mateka: Hafunguwe umunara mukuru w’i Paris ‘Tour Eiffel’

Yanditswe na: Brenda MIZERO
Taliki:31/03/2025 8:26
0


Tariki ya 31 Werurwe ni umunsi wa 91 mu minsi y’umwaka, hasigaye iminsi igera kuri 275 kugira ngo umwaka ugere ku musozo.



Ibintu biba byarabaye kuri iyi tariki mu myaka yashize ni byinshi cyane ariko uyu munsi, InyaRwanda yaguhitiyemo bimwe mu by’ingenzi bidateze kwibagirana mu mateka y’isi.

Bimwe mu bintu byaranze iyi tariki

307: Nyuma yo gutandukana na Minervina, Umwami Constantine yahise arongora Fausta, umukobwa w’umwami w’abami w’i Roma Maximian.

1889: Umunara mukuru w’i Paris (Tour Eiffel) wafunguwe ku mugaragaro.

1909: Iyubakwa ry’ubwato bwa RMS Titanic ryaratangiye.

1909: Serbia yemeye kuyoborwa na Australie biciye muri Bosnia na Herzegovina.

1921: Umutwe w’ingabo z’ubwami muri Australie warashinzwe.

1942: Mu ntambara ya kabiri y’isi, ingabo z’u Buyapani zigaruriye ikirwa cya Christmas, maze itera n’imwe muri koloni y’u Bwongereza.

Bamwe mu bavutse kuri iyi tariki

1962: John Taylor, Umukinnyi w’umupira w’amaguru w’Umunyamerika.

1969: Steve Smith, umukinnyi wa basketball w’Umunyamerika.

Bamwe mu bitabye Imana kuri iyi tariki

1988: Wiiliam McMahon, Minisitiri w’Intebe wa 20 wo muri Australie.

2002: Barry Took, umunyarwenya w’umwongereza.

2009: Raul Alfonsin, Perezida wa Argentine.

 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo


KOPA

Inyarwanda BACKGROUND