RFL
Kigali

Ihere ijsho ibihe bikomeje kuranga ibitaramo bya Chris Brown ashyigikiwemo na Ayra na Muni-AMAFOTO

Yanditswe na: Abitije Seraphin Elise
Taliki:28/06/2024 9:39
0


Nk'uko byari biteganijwe, Chris Brown yatangiye gutaramira abakunzi mu bice bitandukanye byo muri Amerika y’Amajyaruguru.



Ibi bitaramo byatangiye kwamamazwa muri Werurwe 2024. Biteganijwe ko uyu muhanzi azazenguruka mu mijyi igera muri 26.

Ntabwo Chris Brown ari kugenda wenyine, ari gufashwa n’abahanzikazi Muni Long na Ayra Starr uri mu bagezweho bakomoka ku mugabane wa Africa mu bihangano bitandukanye.

Igitaramo cya mbere Chris Brown yagikoreye muri Detroit, akomereza mu yindi mijyi irimo Chicago, Columbus, Brooklyn, Montreal, Toronto na Boston.   

Azakomereza mu mijyi yindi itandukanye irimo Atlanta, Houston, Seattle, Denver, Oakland, Las Vegas and Phoenix na Los Angeles ari na ho azasoreza muri Kanama.

Album akomeje kwamamaza, yagiye hanze mu Ugushyingo 2023, kuva icyo gihe yayoboye intonde zitandukanye cyane cyane mu njyana ya R&B.

Iyi Album ya 7 ya Chriss Brown nko kuri Billboard 200 yatangiriyeho ari iya 09 mu cyumweru cya mbere cyayo, kandi yaragurishijwe bikomeye. Imwe mu ndirimbo zayo zatigishije isi harimo "Sensational" yakoranye na Davido na Lojay.Uruhererekane rw'ibitaramo bya Chriss Brown yatangiye muri Kamena kugera muri Kanama Ayra Starr watunguwe cyane no kwitabazwa na Chriss Brown bakomeje gufatanya mu mijyi imwe n'imwe Muni Long uri mu bahanzikazi banditse izina mu njyana zirimo Pop na R&B ari mu bakomeje gushyigikira Chriss BrownChris Brown uri kugana ku musozo w'ukwezi kwa mbere kw'ibitaramo by'uruhererekan bye akomeje gutanga ibyishimo ku bihumbi by'aba byitabira






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND