RFL
Kigali

Umudepite yahagaritswe mu kazi nyuma yo kwita Perezida umubeshyi

Yanditswe na: Muramira Racheal
Taliki:29/03/2024 12:39
0


Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko muri Zambia, Hon Jean Chisenga yahagaritswe ku nshingano ze iminsi igera kuri 30 azira guhamya kuvuga ko Perezida wa Zambia Hakainde Hichilema ari umubeshyi. zambianobserver.com



Kuri uyu wa Kane, Inteko Nshingamategeko ya Zambia yicaye hamwe yigana ku kibazo cy’umugore wari umudepite Hon Jean Chisenga wahangaye gusebya Perezida w’iki Gihugu avuga ko ari umubeshyi.

Hon Chisenga, yateye benshi kubabara ubwo yafataga ijambo Nnteko Nshingamategeko yateranye agahamya ko Perezida wabo ari umubeshyi imbere ya rubanda bakorana n’abandi bayobozi bakomeye.

Nyuma yo kubitangaza, bagenzi be bicaye bamuhanisha gukurwa ku nshingano no igihe kingana n’iminsi 30.Ihagarikwa rye ryatumye bamwe bamuvuganira, bituma nabo birukanwa nk'uko Zambian Observer.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND