RFL
Kigali

Hafunguwe umupaka mushya uhuza u Rwanda na Uganda

Yanditswe na: Habineza Gabriel
Taliki:5/07/2023 11:49
0


Ubuyobozi Bukuru Bushinzwe abinjira n’abasohoka bwatangaje ko umupaka mushya wa Rwempasha/Kizinga uhuza u Rwanda na Uganda mu Karere ka Nyagatare, ufunguye ku bagenzi bose guhera uyu munsi tariki 5 Nyakanga 2023.



Nk’uko bikubiye mu Itangazo  ryashyizwe  hanze n’urwego rw’abinjira n’abasohoka , binyuze kuri Twitter ,ryemeza ko uyu mupaka utangira gukoreshwa  ku bantu bose  kuri uyu wa Gatatu tariki ya 5 Nyakanga 2023.


Uyu mupaka ukaba ufunguwe   nyuma y’uko   guhera mu 2007 abaturage bakomeje bakagaragaza  ko hakorerwa ubucuruzi bwambukiranya umupaka.Ukwaba wari umaze igihe  ufunze kubera imirimo  yo kuwuvugurura  mu buryo bujyanye n’igihe.







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND