RFL
Kigali

Amwe mu mafoto y’ubukwe atangaje, ateye isoni hamwe n’asekeje ku isi yafotowe mu bihe bitandukanye

Yanditswe na: Marie Clemence Cyiza Uwimanimpaye
Taliki:25/07/2022 1:47
2


Ubukwe ni ikintu cyiza umuntu wese yishimira, hamwe usanga abantu bakora iyo bwabaga kugira ngo bagire ubukwe bwiza aho hari n’abemera gufata amadeni kugira ngo babigereho. Ibi ni ibintu byumvikana cyane kuko buri wese aba agamije ko uyu munsi uza rimwe mu buzima (kuri benshi) uza koko ari igitangaza.



Muri uko gushaka ko uyu munsi uzaba ari igitangaza, abantu bakora uko bashoboye kugira ngo bazane agashya mu bukwe bwabo, kugeza ubwo hari n’abakora ibidakorwa cyangwa se ibitabonwa kimwe bagamije kugira ngo bemeze abantu.

Dore amwe mu mafoto twabateguriye atangaje, ateye isoni, ndetse n’asekeje yagiye afotorwa hirya no hino ku isi: 



















































TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Marcel 1 year ago
    Ndumiwe Koko 🤗🤗
  • UWASE ARISA1 year ago
    MUKOMEREZAHO TURABA SHYIGIKI YE





Inyarwanda BACKGROUND