RFL
Kigali

Umusifuzi Mukansanga Salima mu bitabiriye Kigali Night Run - AMAFOTO

Yanditswe na: ISHIMWE Olivier Ba
Taliki:13/05/2022 23:21
0


Umusifuzi Mpuzamahanga Mukansanga Salima, ari mu bitabiriye Siporo ya Kigali Night Run anabakoresha imyitozo.



Mu kabwibwi ko kuri uyu wa 5 tariki 13 Gicurasi, nibwo Siporo ya Kigali Night Run yakorwaga aho kuri iyi nshuro yateguraga Kigali international Peace Marathon. Iyi Siporo yatangiye ku isaha ya saa 19:00 PM, gusa saa 18:00 PM abantu bari batangiye kugera Kigali Height ari naho bari guhagurukira.

Iyi Siporo yaherukaga kuba muri Werurwe uyu mwaka, isanzwe iba itegura irushanwa rya Kigali international Peace Marathon riba ngaruka mwaka. Kuri iyi nshuro Kigali international Peace Marathon izaba tariki 29 Gicurasi.


Mukansanga yakoranye imyitozo n'abandi

Abantu bahageze hakibona Imyiteguro yari yatangiye kare


Ingeri zose zari zitabiriye


Imihanda ya Kimihurura yari yagenewe abanyamaguru gusa




Muri Night Run umuntu yiruka uko ashoboye






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND