Abarimu ni bamwe mu bantu bakora umwuga ukomeye kandi w’ingenzi cyane ku isi. Abarimu nibo bategura urubyiruko rw’ahazaza, bakarutegurira kuba abayobozi cyangwa kujya mu zindi nzego z’ubuzima. Abarimu nibo bategura abaturage b’igihugu bakabafasha kuzabaho neza. Abantu benshi baribaza ati “Ese kuki abarimu bakunda uburezi?
DORE
IMPAMVU ABARIMU BAKUNDA UMWUGA WABO WO KWIGISHA
1. Ubushobozi
bwo gukora ibisa n’ibitanganza
Abarimu ni bamwe mu bantu bifitemo ubushobozi bwo
gukora ibifatwa nk’ibitangaza, ndetse bagashyira itandukaniro rikomeye hagati
yabo n’abandi bantu. Abarimu batangira kwigisha umwana kuva akiri muto kugeza
abaye umuntu mukuru, bigatuma bamwe mu batifitemo ubwo bushobozi bavuga ko uyu
mwuga batawushobora.
Abantu batandukanye uzumva bibuka abarimu babigishije
mu myaka ya mbere batararangiza ishuri, bakavuga ko bababereye urugero rwiza
rw’ubuzima bafite bitewe n’urwego baba baramaze kugeraho.
Ikindi kigaragaza ko abarimu baba bifitemo ubushobozi
bwo gushyiraho itandukaniro no gukora ibisa n’ibitangaza , ni uko bafasha
abanyeshuri babo kugira imico myiza ibafasha mu buzima busanzwe aho ababyeyi
babo bari.
2. Akazi kabo
gatanga umutekano
Burya kugira akazi kaguha umuteka ni cyo abantu bose
bifuza. Abarimu baba bakenewe ahantu hose bigendanye n’ubwenge bwabo, ubuhanga
bwabo n’ibindi. Abarimu ntabwo bajya baterwa ubwoba no kwirukanwa na cyane ko
bidakunda kubaho. Kuba akazi kabo gafite umuteka uhagije kubagakora, ni kimwe mu bituma
bakanambaho.
3. Ubushobozi
bwo gukora aho ariho hose
Abarimu baba bakenewe mu mijyi myinshi cyane dore ko
bamwe basaza abandi bakabasimbura, ndetse n’amashuri akubakwa ari menshi
bigatuma bizera guhorana akazi. Umwarimu niwe wihitiramo aho akwiriye kujya
kwiga. Rero kubw’ibyo, usanga ubwo bwisanzure aribwo bumufasha kuba we ubwe.
4. Guhitamo ibyo
bifuza
Abarimu bafashwa kwigisha ibyo bashaka bitewe n’ibyo
bize.
5. Kuba umwigisha
6. Icyubahiro kiva muri rubanda
Inkomoko: Kangan
TANGA IGITECYEREZO