RFL
Kigali

‘Bosco’ izina ry’umusore ugaragaza amarangamutima

Yanditswe na: Nadia Kangabe
Taliki:1/08/2021 8:29
0


Sobanukirwa byinshi ku izina Bosco rihabwa ab’igitsina gabo.



Bosco ni izina rikomoka mu gitaliyani (boscus) mu mujyi wa Turin mu gace karimo amashyamba menshi ka Piedmont ari nabyo bituma abantu baryitwa babita ba ‘Kanyamashyamba’.

Bimwe mu biranga Bosco:

-Mu buzima busanzwe, Bosco akunda gukora ibintu mu buryo bwimbitse mu mpande zose z’ubuzima, akunda gufata imyanzuro idakuka akayihagararaho.

-Akunda kwakira abantu, agaragaza amarangamutima inyuma ndetse akagaragaza n’umubabaro inyuma.

-Ayoborwa n’urukundo kandi iyo ntarwo aba keneye umuntu umutera umwete ndetse akamushimira ibyo akora akamwitaho.

-Bosco ni umunyakuri, akunda gukurikiza amategeko ndetse no kugendera kuri gahunda.

-Akunda gutanga ibitekerezo, kuyobora ndetse no kugenzura ibikorwa by’abandi. Ikindi kandi akunda kugaragaza itandukaniro mu Isi, ibyo bigatuma yinjira muri Politiki, imibereho myiza ndetse no guhanga udushya akoresheje impano ze.

Bamwe mu byamamare bitwa iri zina

Mutagatifu Don Bosco ni uwihayimana w’i Roma mu Butaliyani, yabaye umwanditsi ndetse n’umwarimu mu kinyejana cya 19.

Src: www.behindthename.com








TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND