RFL
Kigali

Zoom: Umunyeshuri w'umukobwa yafashwe ari mu bikorwa by'urukozasoni nyuma yo kwibagirwa gukuraho camera amasomo arimbanije

Yanditswe na: David Mayira
Taliki:21/04/2021 15:51
0


Muri ibi bihe icyorezo cya Coronavirus cyugarije isi muri rusange, byagize ingaruka mu ngeri zitandukanye aho n'amashuri yafunzwe bikagera aho hakaza uburyo bwo gukoresha iyakure (Zoom).



Zoom; ni uburyo abantu benshi bahurira ku kintu kimwe nk'aho bari kumwe bakurikiranye inama cyangwa amasomo. Kaminuza cyane cyane niyo isigaye ikoresha uburyo bwa Zoom abanyeshuri bagakurikira amasomo bibereye iwabo, gusa ubasha kwiga neza ni ufite telefone cyangwa Mudasobwa ikoresha camera neza.


Umukobwa wari kwiga mu buryo bwa Zoom, yatunguranye ubwo yari kumwe n'umukunzi we bagatangira gusomana no gukorakoranaho ibiganisha mu busambanyi. Kubera ko Zoom abanyeshuri mwigana baba bari kureba, bahise babona ibyo barimo baratungurwa, uyu mukobwa yari azi ko camera ya Telefone ye itakimwerekana.

Uyu munyeshuri yiga muri Legon, muri Ghana. Amashusho ye n'umusore bari bari kumwe yafashwe akwirakwizwa hirya no hino ku mbuga nkoranyamba no mu bitangazamaru birimo Expressiveinfo.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND