RFL
Kigali

Zodwa Wabantu avuga ko kwiyambika ubusa mu bitaramo hamwe n’amafoto atangaje ariyo turufu akuruza abantu

Yanditswe na: David Mayira
Taliki:22/12/2020 18:20
0


Abahanzikazi akenshi usanga bakunda kwiyambika imyenda yerekana ibice bimwe na bimwe by’umubiri, gusa umuhanzikazi ukunzwe cyane muri Afurika y’Epfo, Zodwa Rebecca Libram [Zodwa Wabantu], niwe muntu uza ku isonga muri iki gihugu mu kwiyambika ubusa ku rubyiniro.



Ku mbuga nkoranyambaga hakunze gucaracara amafoto y'uyu muhanzikazi. Ahora yandikwa mu binyamakuru bitandukabye aho azwi nk’umuhanzikazi wambara ubusa akerekana imyaya ye y’ibanga.

Zodwa Wabantu had her cake... and licked it too – Report Focus News

Zodwa wambara ubusa ku rubyiniro nta n'akenda k'imbere yashyizemo

Zodwa Wabantu ntabwo yigeze agira isoni zo kwerekana umubiri we cyangwa kuvuga ibiri mu mitekerereze ye. Muri iki gihe uyu muhanzikazi ntiyagize amahirwe yo kwiyerekana mu bitaramo akora kubera icyorezo cya Covid-19 cyabereye inzitizi abahanzi muri rusange, gusa avuga ko umwaka utaha azakora ibitangaza ku rubyiniro kurusha uko yabikoraga mbere.

Zodwa Wabantu works out on a treadmill in the latest Instagram video

Mu kiganiro na TshisaLIVE, Zodwa yagaragaje ko yishimira uburyo abantu bakunda ibyo akora kandi ko yiyambika ubusa kugira ngo abeho. Ati: "Nzi ko abantu banzi kubera umubiri wanjye hamwe n’uburyo mbyina, nibyo nkora kugira ngo mbeho. Ariko nashakaga ko abafana banjye nabo bazabona ko ndi mu bintu byinshi kuruta mbere, ubuzima nabayemo bufite amasomo menshi abantu biga“.

Mu nkuru ya Timeslive, Zodwa akomeza avuga ko adacira urubanza abagore bakora umwuga w’uburaya. Ati: “Nshyigikira abagore mu mirimo y'uburaya. Ntabwo mbacira urubanza, ndabakunda kandi abantu bazabona impamvu nabo bankunda”.

Pantless South African Dancer, Zodwa Wabantu Deported From Zambia

Mu minsi ishize Zodwa yagiye ku rukuta rwe rwa Instagam yambara ubusa, gusa uyu mugore ni ibisanzwe kuri we






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND