RFL
Kigali

MU MAFOTO: Ubwoko bwihariye bwa Telefone zigezweho wasanga muri itel Mobile

Yanditswe na: Kawera Jeannette (Kajette)
Taliki:11/07/2019 9:30
0


itel Mobile ni kompanyi izwiho gukora telefone zigezweho kandi zikaba zigurishwa ku giciro cyoroheye abakiriya cyane ndetse bakaba bafite amaduka atandukanye mu Rwanda hose aho mwasanga ibicuruzwa byabo.



INYARWANDA yasuye amwe mu maduka ya itel Mobile ngo babashe kubereka zimwe muri telefone ngendanwa mwasanga muri iyi kompanyi ikomeje kugaragaza ubudahangarwa mu gukora telefone zo mu bwoko bwa Smartphone.



Muri itel Mobile bafite telefone nziza kandi zigezweho

Telefone za itel Mobile zimwe muri zo zishobora kubika umuriro amasaha agera kuri 80 yose nta mpungenge zo kuyikoresha ndetse nta no kwikanga kuva ku murongo ngo washiriwe.



Zimwe muri telefone za itel Mobile zimarana umuriro amasaha agera kuri 80

Amwe mu maduka ya itel Mobile ari mu mujyi wa Kigali rwagati ni nka Schillo Phone iri muri City Plaza ndetse na Near East Supplier hafi y'isoko rya Nyarugenge.


Bimwe mu byo mwasanga mu maduka atandukanye ya itel

Ubundi mu mijyi yose y’u Rwanda hagiye hari amaduka ya itel. Uwagira ikibazo cyangwa igitekerezo ndetse n’inyunganizi, yanyura ku mbuga nkoranyambaga za itel ari zo izi zikurikira: Kuri Facebook ni @itelMobileRwanda, Instagram ni @itelrwanda naho kuri Twitter ikaba @itelMobileRW

ANDI MAFOTO YA TELEPHONE ZA iTEL:




Telephone za itel Mobile mu gufata Selfie ni iza mbere








itel Mobile ifite telefone nini n'intoya buri munyarwanda wese mu bushobozi bwe yabasha kubona 

Kureba andi mafoto y'ibicuruzwa bya itel Mobile, Kanda hano

AMAFOTO: Cyiza Emmanuel-Inyarwanda Pictures






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND