RFL
Kigali

Amafoto y'ubukwe bwa Riderman na Miss Nadia Agasaro

Yanditswe na: Niyonzima Moses
Taliki:19/08/2015 12:30
124









TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Mimi8 years ago
    Ariko icyambwira ikintu cyari cyababaje Riderman ku buryo ubukwe bwe busoza nta n'iryinyo yerekanye. Ahaaaa
  • 8 years ago
    ma bro kep it up
  • louise bera8 years ago
    mbega byiza iyi ni intambwe ikomeye nabandi bahanzi ba ba star barebereho
  • mugishajoshua8 years ago
    ni urugero rwiza kubandi ba star kbs, rider man uzabyare hungu na kobwa peeeeee!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!
  • Venuste8 years ago
    Musenge , kandi mujye mushima iteka , muzarwubake rukomere ,amabwire muyime amatwi .
  • 8 years ago
    muzahita mutandukana
  • selenino8 years ago
    Ndabona muzahita mutandukana
  • Haiyaremye Jean Bosco8 years ago
    Iyo baby mwana ni nziza ndabona yari ikwiriye kwinjira mumuryango wibusumizi.Imana ibane namwe kandi ikomeze kubana namwe mu bwumikane no mu rukundo.
  • 8 years ago
    pauline
  • 8 years ago
    kbs icyo cyuki uzagifate neza
  • Imaniragire Eric8 years ago
    Mbifurije gukomeza kugira urugo ruhire ruzabe urugo rugendwa kdi uwiteka akomeze abane na riderman n'umufashawe.
  • pita8 years ago
    muzahahemuronke kandimanizabahe umugisha
  • 8 years ago
    ARSINA NIWER MUKOBWA UZICUZA PE
  • 8 years ago
    GATSINZI UZICUZA
  • 8 years ago
    Riderman yari arakaye kdi ukabona ibitekerezo bye biri nkaho byibereye ahandi. Yagaragaraga nkutari kumwe n'umugeni we. Niwe uzi impamvu atariyishimye kuri uriya munsi, ko se imitima burya ibika byinshi utamenya!! Ntiyari yishimye wagirango yashyingiranywe n'uwo bamuhatiye kdi ariwe wamwihitiyemo ubwe. Ubukwe bwihuse we, ahaaaaa. Cyakoze uko biri, Imana izabafashe bagire urugo rurambye. Inama k'umukobwa rero: Mwana w'umukobwa, uzi urwego cga umwuga w'uwo urongowe nawe, bisaba kuzihanganira byose kuko wishinze iby'ubu wasenya, uzige kujya wirengagiza bimwe na bimwe byahimba ukajya ubimuganirizaho, muri mwembi mwasetse utarakaye, muri siyasa mbese z'abadamu, mukabiganiraho buhorobuhoro, uzamuyobora kuko burya umugore ahanini niwe ugomba gukomeza urugo rwe kdi kwihanganira byinshi birafasha, ukaba wirinze uruvugo rw'abantu.
  • tuyisenge8 years ago
    rider na gasaro muzagire urugo ruhire kdi imana izabafashe kugera kubyo mwifuza byose
  • Mufasha Emile8 years ago
    Amakuru Angejweho
  • mugabe egeune8 years ago
    ndabona ndiwe narekeraho kiririmba kugirango azabashe kubana neza numugorewe najye nari umudj mukabarij jye nahorago shwana numugore none narabiretse ubu tubanye neza kd ndamukunda
  • 8 years ago
    Urugo ruhire
  • 8 years ago
    indirimbo zabanya RWANDA





Inyarwanda BACKGROUND