RURA
Kigali

Yahisemo gushyingiranwa n’ihene nyuma yo guterwa indobo nyinshi

Yanditswe na: Ndayishimiye Fabrice
Taliki:1/04/2025 11:52
0


Inkuru dukesha ikinyamakuru News 18 Hindi cyo mu Buhinde, iravuga ko umusore utatangajwe amazina, yahisemo gusezerana n’ihene bakabana nk’umugore n’umugabo nyuma yo kubabazwa kenshi mu rukundo.



Bivugwa ko uyu musore yababajwe n’abakobwa batandukanye bagiye bamutera indobo, abandi bagakundana ntibamare kabiri bagahita bamuta bakigendera, ibyatumye agera aho yumva ko nta muntu ushobora kumukunda bya nyabyo.

Ibi nibyo byatumye agira igitekerezo kivuga ko urukundo rwa nyarwo yabuze mu bantu, ashobora kuba yarushakira mu bindi biremwa nk’amatungo ahitamo gushakana n’ihene. 









TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo


KOPA

Inyarwanda BACKGROUND