RFL
Kigali

Koresha uyu muti inshuro imwe bizakwibagiza indwara mu gihe cy’imyaka itanu

Yanditswe na: Liliane Kaliza
Taliki:16/01/2019 18:11
3


Uyu muti umaze imyaka ibihumbi ukoreshwa mu kuvura indwara zitandukanye. N'ubwo uyu muti wari umaze imyaka irenga 5000 wavumbuwe mu rusengero rw’Ababudisite mu mwaka w'1972.



Kubera ko ukozwe n’ibintu binshi bitandukanye kandi bifite ingufu, umuntu yemerewe kuwukoresha inshuro imwe mu gihe cy’imyaka itanu. Uyu muti w’ingirakamaro ukozwe cyane mu bwiganze bwa Tungurusumu. Igihingwa cyo kwifuzwa mu iyi si. Uyu muti karemano uzafasha ubuzima bwawe mu byiciro bitandukanye.

Igira imbaraga zikomeye mu guhangana n’udukoko dutera indwara mu mubiri, ndetse ugira ubushobozi bukomeye bwo kurwanya virus, Ibihushi ndetse n’indiririzi. Ikindi ni mwiza cyane mu kuvura ya athérosclérose, indwara z’ibihaha,indwara z’ubuhumekero,Umuvuduko w’amaraso, Indwara y’igifu, kuva imyuna, kugaba ibiro, indwara zo kutabona neza ndetse no kutumva neza n’izindi nyinshi.

Ntakindi ukeneye uretse amagarama 350 ya Tungurusumu na 200 ml y’alcool y’umwimerere. Nibyiza gukoresha alcool itavanzemo méthanol cyangwa chlorure benzalkonijum.

Uko bikorwa:

Tegura Tungurusumu yawe neza nurangiza uyiswe neza, Ongeramo alcool yawe. Bivange neza ubundi ubisuke mu icuma ryiza rikoze mu kirahure.Reka iyo mvage muri iryo cupa nibuze iminsi 7. Hindura icupa, iyo mvange uyishyire mu rindi cupa maze iyibike muri filigo iminsi 2

Uko ukoreshwa:

Uburyo buteganwa bwo kuwukoresha ni udutonyanga duke mu minsi 12 ikurikiranye. Funguza udutonyanga tw’uwo muti, ikirshure cy’amazi maze ujye ubifata mbere y’amafunguro ya mu gitondo, irya ku manwa, ndetse n’irya ni mugoroba. Mu gutangira ku munsi wa mbere ni byiza ko wafata agatonyanga kamwe ku ifunguro rya mu gitondo, udutonyanga 2 ku ifunguro rya ku manwa, hanyuma ku ifunguro rya nijoro bwo ufate udutonyanga 3.

Src: santesos.com






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Umusomyi5 years ago
    None se ko mudasobanuye neza Alcool ikoreshwa ni iyihe?
  • 07824327882 years ago
    Mwatangiye muvugako umuti ugizwe nibintu byinshi bitandukanye none mwavuze 2gusa aho ibindi ntimwabyibagiwe?
  • Schadrack 1 year ago
    Iyo muvuze udutonyanga mubyukuri ntabwo umuntu yumva ingano. Murabiziko igitonyanga cyurushinge katanga nicyumuhehe, ndetse nicya Robin.munsobanurire ingano muri cent litres(cl) muraba mukoze.





Inyarwanda BACKGROUND