Eddy Ntamvutsa uri kubarizwa mu Rwanda nyuma y'imyaka 7 yari amaze aba muri Amerika, yakoranye indirimbo na Olivier Roy bayita 'Nzamunambaho' ndetse kugeza ubu yamaze kugera hanze.
Eddy Ntamvutsa yaherukaga gushyira hanze indirimbo nshya mu minsi micye ishize. Ni indirimbo yise ‘Oh My God’ yakorewe mu Rwanda. Kuri ubu Eddy Ntamvutsa yamaze gushyira hanze indirimbo nshya yakoranye na Olivier Roy. Ni indirimbo ivuga ku muntu wiyemeje komatana n'Imana no kunambana nayo bitewe n'ibitangaza bikomeye yakorewe n'Imana.
Eddy Ntamvutsa hamwe na Olivier Roy
UMVA HANO 'NZAMUNAMBAHO' YA EDDY FT ROY
TANGA IGITECYEREZO