Muri zimwe mu ndwara z’uruhu zikunze kwibasira abantu harimo indwara ikomeye ndetse itera abayifite ipfunwe, iyo nta yindi ni indwara yo kuzana utuntu tumeze nk’impengeri ariko tw’umukara kandi twinshi cyane mu maso, mu ijosi n’ahandi
Iyi ndwara rero ikunze kugirwa n’abatari bacye ariko
icyiza nuko noneho ubu yabonewe umuti gakondo ukoze mu bimera
Niba ufite iyi ndwara wizuyaza na gato gana muganga
MUNYANKINDI Innocent aragufasha kuyikira usubirane umubiri muzima
Mu kiganiro twagiranye ahamya neza ko iyi ndwara
ivurwa n’imiti gakondo ikozwe mu bimera kandi ko mu gihe kingana n’icyumweru
kimwe gusa ushobora kuba wayikira burundu igahinduka amateka
Ushaka kumenya byinshi kuri iyi nkuru
TANGA IGITECYEREZO