RFL
Kigali

Ntiyabanye na Jay-Z kuko ari we yashakaga- Nyirarume wa Beyonce

Yanditswe na: ndayizeye claude
Taliki:20/05/2013 13:38
0




Uyu musaza ati  “Kubana kwabo byarantunguye. Ntekereza ko Beyonce yari arambiwe kuba wenyine. Umukobwa ufite amafaranga nk’aye aba agomba kwitondera abamushaka kubera ayo mafaranga. Ikintangaza nuko na Jay-Z ayafite. Gusa Jay-Z niwe wamukundaga kuko we yavugaga ko atamukunda. Igihe nabonaga amafoto yabo ndetse numva n’amwe mu magambo yavugwaga ko baba bakundana nabimubaza akampakanira yivuye inyuma. Ibyo bikanyereka ko mu by’ukuri atamwiyumvagamo.”

Jay-Z na Beyonce bamaranye imyaka itanu babana nk'umugabo n'umugore

Gusa uyu musaza ngo arishimira cyane ko mwishywa we abanye neza n’umugabo we nyuma y’uko bamaranye n’igihe kitari gito dore ko banaherutse kwizihiza isabukuru y’imyaka 5 bamaze babana, aho banibarutse umwana bise Blue Ivy.

Beyonce ateruye umwana wabo Blue Ivy

Beyonce kandi yanditsweho byinshi mu minsi ishize aho byavugwaga ko atwite undi mwana wa kabiri nyamara yabihakanye yivuze inyuma avuga ko ari ibihuha.

Denyse Iranzi






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND