Kuri uyu wa Kane tariki 7 Nzeri 2017, Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame yagaragaye ari mu karere ka Rubavu mu murenge wa Nyamyumba ahitwa Bruxelles ari kunyonga igare.
Perezida Paul Kagame uri mu karere ka Rubavu mu kiruhuko,ubwo abaturage bamubonaga atwaye igare, bamwishimiye cyane bagenda berekeza aho ari, na we arabegera arabaramutsa. Muri iki kiruhuko Perezida Kagame arimo i Rubavu kuva kuri uyu wa Gatatu, bivugwa ko yanabashije gusura ingagi zo mu Birunga.
REBA AMAFOTO UBWO PEREZIDA KAGAME YARI ATWAYE IGARE
Perezida Kagame yavuye ku igare asuhuza abaturage
AMAFOTO: Social Media
TANGA IGITECYEREZO