RFL
Kigali

Rubavu: Perezida Kagame yagaragaye ari kunyonga igare-AMAFOTO

Yanditswe na: Editor
Taliki:7/09/2017 16:45
0


Kuri uyu wa Kane tariki 7 Nzeri 2017, Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame yagaragaye ari mu karere ka Rubavu mu murenge wa Nyamyumba ahitwa Bruxelles ari kunyonga igare.



Perezida Paul Kagame uri mu karere ka Rubavu mu kiruhuko,ubwo abaturage bamubonaga atwaye igare, bamwishimiye cyane bagenda berekeza aho ari, na we arabegera arabaramutsa. Muri iki kiruhuko Perezida Kagame arimo i Rubavu kuva kuri uyu wa Gatatu, bivugwa ko yanabashije gusura ingagi zo mu Birunga.

REBA AMAFOTO UBWO PEREZIDA KAGAME YARI ATWAYE IGARE

Paul Kagame

Perezida Kagame yavuye ku igare asuhuza abaturage

Paul Kagame

AMAFOTO: Social Media






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND