RFL
Kigali

Nizeyimana Alexis yegukanye 20 Km de Bugesera- AMAFOTO

Yanditswe na: Mihigo Saddam
Taliki:11/06/2017 13:02
0


Nizeyimana Alexis ni we mukinnyi w’umukino ngororamubiri wegukanye irushanwa rya 20 Km de Bugesera akoresheje isaha imwe n’amasegonda 33 (1h00’33”), ibihe yakoresheje yiruka intera ya kilometero 20 agakurikirwa na Sugira James.



Ni irushanwa ryabaga ku nshuro yaryo ya mbere rikinwa kuri iyi ntera ya kilometero 20, aryegukana ahigitse abasore barimo Hakizimana John wabaye uwa gatanu na Sugira James waje amukurikiye.

Dore uko bakurkiranye mu ntera ya 20 KM:

1.Nizeyimana Alexis (APR AC): 1h00’33”

2.Sugira James (MCAC): 1h00’35”

3.Nzirorera Joseph (APR AC): 1h01’32”

4.Hitimana John (APR AC): 1h01’59”

5.Hakizimana John (APR AC): 1h2’11”

6.Tuyishime Chriostophe (APR AC): 1h03’39’

......Ibindi byiciro ni mu kanya

Abasiganwa bisuganya mbere yo kwinjira munirushanwa nyirizina

Abasiganwa bisuganya mbere yo kwinjira mu irushanwa nyirizina

Abakomiseri b'irushanwa batondeka neza abakinnyi

Abakomiseri b'irushanwa batondeka neza abakinnyi

Ibinyabiziga bikurwa mu nzira zigana zinava i Nyamata

Ibinyabiziga bikurwa mu nzira zigana i Nyamata

Gasore Serge atanga ikaze ku bakinnyi

Gasore Serge atanga ikaze ku bakinnyi

Bamwe mu babarizwa muri Rwanda Children

Bamwe mu babarizwa muri Rwanda Children

Nsanzumuhire Emmanuel meya w'Akarere ka Bugesera atangiza irushanwa

Nsanzumuhire Emmanuel Meya w'Akarere ka Bugesera atangiza irushanwa

Abasiganwa ku magare bo batangiye mbere

Abasiganwa ku magare bo batangiye mbere

Abasiganwa ku maguru biteguye habura amasegonda macye

Abasiganwa ku maguru biteguye habura amasegonda macye

Bahaguruka Golden Tulip Hotel bagana i Nyamata

Bahaguruka Golden Tulip Hotel bagana i Nyamata

Ku mihanda abantu bihera ijisho abasiganwa

Ku mihanda abantu bihera ijisho abasiganwa

Umuhanda wuje umutekano

Umuhanda wuje umutekano

 Abasigaye inyuma

Abasigaye inyuma

Igikundi gitakata kiva i Nyamata

Baba  bahana ibyitwa 'Ama-Chances'

Igikundi gikata kiva i Nyamata

 Bagombaga kuva i Nyamata bagakata ikorosi ry'ahitwa kuri ARRETTE

Bagombaga kuva i Nyamata bagakata ikorosi ry'ahitwa kuri ARRETTE

Umuhanda ugana i Ntarama

Umuhanda ugana i Ntarama

Umuhanda ugana i Ntarama ukikijwe n'ibiti

Umuhanda ugana i Ntarama ukikijwe n'ibiti 

Umwana akura inka mu nzira

Umwana akura inka mu nzira

 Urwibutso rwa Jenoside rwa Ntarama ruri kubakwa mu buryo buruta ubwari busanzwe

Urwibutso rwa Jenoside rwa Ntarama ruri kubakwa mu buryo buruta ubwari busanzwe

Iyo ugeze i Ntarama ugatereza amaso uhita ubobna Gasore Serge Foundation Community

Iyo ugeze i Ntarama ugatereza amaso uhita ubona Gasore Serge Foundation Community

Nizeyimana Alexis ahinguka ku isonga

Nizeyimana Alexis ahinguka ku isonga akoresheje isaha imwe, n'amasegonda 33" (1h00'33")

Nizeyiimana yaje akurikiwe na Sugira James

Nizeyiimana yaje akurikiwe na Sugira James 

Sugira James yakoresheje isaha imwe n'amasegonda 35' (1h00'35")

Sugira James yakoresheje isaha imwe n'amasegonda 35' (1h00'35")

 Nzirorera Joseph yabaye uwa gatatu akoresheje 1h1'32"

Nzirorera Joseph yabaye uwa gatatu akoresheje 1h1'32"

Hakizimana John uheruka kuba uwa gatatu muri Kigali International Half Marathon yabaye uwa gatatnu akoresheje 1h2'11"

Hakizimana John uheruka kuba uwa gatatu muri Kigali International Half Marathon yabaye uwa gatanu akoresheje 1h2'11" 

AMAFOTO: Saddam MIHIGO/INYARWANDA.COM......HARAKURIKIRAHO AMAFOTO Y'IMIDALI N'IBIHEMBO






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND