RFL
Kigali

Umutambagiro utegura umunsi w'umuganura wibukije benshi iby'amateka yo hambere mu Rwanda - AMAFOTO

Yanditswe na: Editor
Taliki:31/07/2014 9:06
3


Kuri uyu wa gatatu tariki 30 Nyakanga, mu mujyi wa Kigali habaye umutambagiro ugizwe n’imbaga y’abantu benshi bari barangajwe imbere n’ubuyobozi bwa Minisiteri y’umuco na Siporo, ibi bikaba byarakozwe mu rwego rwo kwitegura umunsi w’umuganura uzaba tariki ya mbere z’uku kwezi gutaha.



Abantu b’ingeri zose bahagurukiye I Nyamirambo berekeza mu mujyi rwagati ahazwi nko kwa Rubangura, bakomeza bagana I Remera kuri Stade Amahoro ari naho iyi Minisiteri ikorera, hanyuma banatambagira muri bimwe mu bikorwa n’ibicuruzwa bigaragaza iby’ingenzi mu muco nyarwanda ariko hibandwa cyane ku by’umunsi w’umuganura wo hambere mu Rwanda.

umuganura

umuganura

Umutambagiro wagaragayemo abantu bakora ibintu bitangaje cyane by'ubuhanga

Umutambagiro wagaragayemo abantu bakora ibintu bitangaje cyane by'ubuhanga

umuganura

umuganura

 umuganura

umuganura

umuganura

umuganura

Umutambagiro wari urimo udushya twinshi n'ingeri z'abantu benshi batandukanye

Umutambagiro wari urimo udushya twinshi n'ingeri z'abantu benshi batandukanye

umuganura

umuganura

umuganura

umuganura

Nyuma y'umutambagiro, hafunguwe ku mugaragaro iduka (stand) ahari ibicuruzwa bigaragaza umuco nyarwanda ndetse n'ibikorwa bidasanzwe abanyarwanda bigejejeho

Nyuma y'umutambagiro, hafunguwe ku mugaragaro iduka (stand) ahari ibicuruzwa bigaragaza umuco nyarwanda ndetse n'ibikorwa bidasanzwe abanyarwanda bigejejeho

umuganura

umuganura

umuganura

umuganura

Ibi byose ni ibikorwa by'abanyarwanda

Ibi byose ni ibikorwa by'abanyarwanda

Manirakiza Théogène

Photo: Jean Chris Kitoko






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • DAMIEN9 years ago
    TWISHIMIYE UMUCO NYARWANDA. MUGIHUGU CACU NCU RWANDA MURAKOZE.
  • DAMIEN9 years ago
    TWISHIMIYE UMUCO NYARWANDA. MUGIHUGU CACU NCU RWANDA MURAKOZE.
  • gael nkusi9 years ago
    twishimiye umunsi wu muganura





Inyarwanda BACKGROUND