RFL
Kigali

Nyuma y'amezi macye apfushije umugore we, Eric Mashukano yapfushije umubyeyi we

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:22/02/2018 14:02
2


Eric Mashukano umuyobozi wa Moriah Entertainment group ifasha abahanzi batandukanye ba Gospel, yapfushije mama we nkuko Inyarwanda tubikesha inshuti za hafi z'uyu muryango. Mu masaha ya mu gitondo kuri uyu wa Kane tariki 22/02/2018 ni bwo iyi nkuru yatugezeho.



Urupfu rw'umubyeyi wa Eric Mugisha Mashukano ruje rukurikira urw'umugore we Monique Tambo witabye Imana mu ijoro rya tariki 11 Kamena 2017. Nyuma y'amezi macye abuze umufasha we, kuri ubu inkuru ibabaje ni uko Mashukano yabuze mama we. Amakuru agera ku Inyarwanda.com avuga ko mama wa Eric Mashukano yari amaze iminsi micye arwariye mu Rwanda.

Image result for Mashukano n'umugore we Groove

Eric Mashukano hamwe na nyakwigendera Monique Tambo

Monique Tambo

Eric Mashukano mu muhango wo gushyingura umufasha we

Eric Mashukano

Mama wa Eric Mashukano yitabye Imana, hano yari arimo gushyingura umukazana we mu mpera za 2017






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • clementine6 years ago
    Komera!
  • Jmv 6 years ago
    Pore





Inyarwanda BACKGROUND