RFL
Kigali

Aline Gahongayire asanga igihe kigeze ngo abahanzi baririmba indirimbo zihimbaza Imana bamenye kubibyaza umusaruro

Yanditswe na: UDAHOGORA Vanessa Peace
Taliki:13/02/2017 11:18
1


Nk’umwe mu bahanzi baririmba indirimbo z’Imana, Aline gahongayire abona ari byiza ko abaririmba indirimbo zihimbaza Imana bakoresha impano zabo bazibyaza n’amafaranga. Ibi Aline Gahongayire yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’INYARWANDA ubwo twamubazaga ku mashusho y’indirimbo ye nshya yise ‘Nakumbuka’.



Aline yagize ati “Hari ibyo twaherewe ubuntu, agakiza twagaherewe ubuntu ariko Bibiliya turayigura. Niba Ama G The Black ajya muri studio nanjye nya muri studio, sinjya mu ijuru ngo nkore indirimbo nze.”

Si ibi gusa Aline yavuzeho kuko yanasobanuye byinshi ushobora kuba wibaza ku ndirimbo ye ‘Nakumbuka’ ushobora gukurikirana mu kiganiro The Video Talk.

Kanda hano urebe ikiganiro kirambuye.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Enny7 years ago
    Mama Ineza( Gahongayire ) ubarikiwe sana! Ndagushimiye wakoze akazi keza muri iyi ndirimbo, shimiye abagufashije bose n'abayikozeho bose! Uyu ni umwaka w'Imbabazi umwaka w'Ineza nibyo! Turibuka aho Imana yadukuye n'aho itugejeje. Ndibuka Ineza y' Imana, urakoze cyane. TUragukunda ababa mu Rwanda no hanze yarwo.





Inyarwanda BACKGROUND