Nk’umwe mu bahanzi baririmba indirimbo z’Imana, Aline gahongayire abona ari byiza ko abaririmba indirimbo zihimbaza Imana bakoresha impano zabo bazibyaza n’amafaranga. Ibi Aline Gahongayire yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’INYARWANDA ubwo twamubazaga ku mashusho y’indirimbo ye nshya yise ‘Nakumbuka’.
Aline yagize ati “Hari ibyo twaherewe ubuntu, agakiza twagaherewe ubuntu ariko Bibiliya turayigura. Niba Ama G The Black ajya muri studio nanjye nya muri studio, sinjya mu ijuru ngo nkore indirimbo nze.”
Si ibi gusa Aline yavuzeho kuko yanasobanuye byinshi ushobora kuba wibaza ku ndirimbo ye ‘Nakumbuka’ ushobora gukurikirana mu kiganiro The Video Talk.
TANGA IGITECYEREZO