RFL
Kigali

Umunyamakuru Antoinette Niyongira yakoze ubukwe yambikana impeta na Kigenza Aimé Patrick - AMAFOTO

Yanditswe na: Manirakiza Théogène
Taliki:30/11/2015 17:31
17


Umunyamakuru wa Radio 10 na TV10; Antoinette Niyongira yasezeranye imbere y’Imana yambikana impeta na Kigenza Aimé Patrick bari bamaze imyaka ine bakundana, ibi bikaba byarabanjirijwe n’imihango yo gusaba no gukwa ndetse no gusezerana imbere y’amategeko y’u Rwanda.



Kuri uyu wa Gatandatu tariki 28 Ugushyingo 2015, Antoinette Niyongira na Patrick Kigenza basezeranye imbere y’Imana mu rusengero rwa Christian Life Assembly ruherereye i Nyarutarama mu mujyi wa Kigali, bemeranywa kuzabana akaramata bagasangira twose. Nyuma yo kwambikana impeta, bizihirije ibirori by’ubukwe bwabo muri Green Hills i Nyarutarama mu mujyi wa Kigali ari naho abatumiwe muri ibi birori bakiriwe, bafatanya n’inshuti n’imiryango kwizihiza no kwishimira uyu munsi wabo udasanzwe.

ubukwe

ubukwe

Byari ibyishimo bihambaye kuri Antoinette na Patrick ndetse n'abari babagaragiye

Byari ibyishimo bihambaye kuri Antoinette na Patrick ndetse n'abari babagaragiye. Photos: Plaisir Picturesubukwe

ubukwe

Ubukwe bwa Antoinette na Patrick bwari igitangaza. Photos: Plaisir Pictures

Ubu bukwe bwabo bwabaye nyuma y’uko ku mugoroba wo kuwa Kabiri tariki 24 Ugushyingo 2015, Antoinette Niyongira yari yasezeranye imbere y’amategeko na Kigenza Aimé Patrick , imihango yo kurahirira kuzabana akaramata ikaba yarabereye mu murenge wa Remera wo mu karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali.

 Antoinette

Antoinette

Antoinette

Antoinette

Antoinette

Aha hari Antoinette na Patrick bari basezeranye imbere y'amategeko

Aha hari Antoinette na Patrick bari basezeranye imbere y'amategeko

Mbere yaho gako kandi, kuwa Gatandatu tariki 21 z’uku kwezi k’Ugushyingo 2015, Kigenza Aimé Patrick yari yerekeje iwabo wa Antoinette Niyongira aherekejwe n’abo mu muryango we ndetse n’inshuti zari zimugaragiye, akamusaba ndetse amaze kumwemererwa n’umuryango aramukwa, mu birori byizihirijwe ahitwa mu Mudendezo mu karere ka Kicukiro mu mujyi wa Kigali.

Antoinette

Antoinette

Antoinette

Antoinette

Antoinette

Antoinette

Antoinette

Antoinette

Antoinette

Antoinette

Antoinette

Antoinette

Aha hari mu mihango yo gusaba no gukwa Antoinette






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • dddd8 years ago
    nibyiza , congz
  • usanase8 years ago
    Sha ibintu bisigaye byaradutse byo kwambara amapantalons kuba filles d honneur ni bibi pe.ni bibi no ku cyumweru.sinzi uwababeshye ko byiyubashye.anyways nice couple
  • Florence 8 years ago
    Aya mariage mwanshyizeho makeya
  • flo8 years ago
    awwww muraberewe cyane special abamwambariye hh urugoro ruhire cousin ngusuye vuba sha say hi to our bro in low
  • Tuyiaenge Aime Augustin8 years ago
    Muzabyare muheke Imana izabahe ishya nihirwe murugo rwanyu icyo nicyo mbasabiye.
  • Emmauwacu8 years ago
    See ko ndeba abari intuit aribo bica iibiintu koko abantu ntituzi meaning y ikanzu koko mubirori creativity ntikuraho kwiga aga mwavanze amasaha n amasacramento Nya pantalo ku ha fille d honneur iruhande rw umugeni mu ikanzu
  • 8 years ago
    Aya mapantalo kuba fille donneur bi bibi peeee cngz ku mugeni mwiza
  • munyampirwa8 years ago
    Na njye ntyo.ndabona iyi style isekeje pe!
  • AngeR8 years ago
    I love the way she is humble!! Congz to them!
  • Hahah8 years ago
    Niko se? Mbibarize,uyu marraine si Sandrine? None se ibyateye ubu nabyo byaranyobeye. Marraine se utarakora ubukwe,harya ubwo aba ari uwo kukugenda iruhande no kwifotoza? Utazi gufata selfie ubwo ntiyaba marraine! Ibyateye ubu ni agahomamunwa. Ariko rero Sandrine nawe waranabyibushye cyane,ugabanyeho gato. Ubundi abageni bo bati baberewe
  • 8 years ago
    umva ako nkawe uvuga ko aribibi uherahe icyabwira iwanyu umunyacyaro gsa !!! congz rata
  • eugene ndayisaba8 years ago
    nibyiza nuko bitaba ibyatwese imana irinde uyumuryaango.
  • Maya8 years ago
    Nshuti ibyo wavuga byose Sandrine aracyari number 1 Ni umukobwa wumwimerere Ntiyisiga namba kandi uziko Abanyarwanda aricyo abakobwa baharaye Aritonda aratuza Nubwo yabyibuha inshuro 100000 Ahora ari mwiza mu maso yanjye Nabandi tumukunda Ubukwe bwiza nshuti Kandi mwese umwaka mwiza Kuri buri wese duhurira kuri uru rukuta
  • musoni james8 years ago
    nukururi baraberanye pe! imana izabahe umugisha nurugoruhire murakoze
  • 8 years ago
    YEWEEEEEEEEEE YOU,RE VR VR NC!!!!!!!!!!
  • 6 years ago
    ukwezi kwiza kwabuki kuriwowe niongira
  • Emeryne2 years ago
    Ooo mbega ukuntumuribeza muzabyare muheke mbifurije ishyanihirwe murugorwanyu murakozë





Inyarwanda BACKGROUND