Nyuma yo gushyira ahagaragara amashusho y’indirimbo ye nshya yise ‘Money’, umuraperi Money Banks aravuga ko azanye impinduramatwara mu muziki nyarwanda, by’umwihariko mu njyana ya Rap New Skul.
Mu kiganiro n’uyu musore, ubwo yatugezagaho iyi ndirimbo, yadutangarije ko nyuma yo gusoza amashuri yari amuhugije, iyi ari intangiriro y’ibikorwa byinshi ateganya yizera ko bizashimisha abakunzi b’umuziki.
Money Banks asanzwe afite indirimbo eshatu, harimo ebyiri zifite amashusho, kuri ubu akaba ateganya gukurikizaho indirimbo nshya afatanije na Fireman irimo itunganyirizwa muri Future Records.
TANGA IGITECYEREZO