RFL
Kigali

Money Banks yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye ‘Money’- VIDEO

Yanditswe na: Seleman Nizeyimana
Taliki:30/12/2016 11:28
2


Nyuma yo gushyira ahagaragara amashusho y’indirimbo ye nshya yise ‘Money’, umuraperi Money Banks aravuga ko azanye impinduramatwara mu muziki nyarwanda, by’umwihariko mu njyana ya Rap New Skul.



Mu kiganiro n’uyu musore, ubwo yatugezagaho iyi ndirimbo, yadutangarije ko nyuma yo gusoza amashuri yari amuhugije, iyi ari intangiriro y’ibikorwa byinshi ateganya yizera ko bizashimisha abakunzi b’umuziki.

Money Banks asanzwe afite indirimbo eshatu, harimo ebyiri zifite amashusho, kuri ubu akaba ateganya gukurikizaho indirimbo nshya afatanije na Fireman irimo itunganyirizwa muri Future Records.

Kanda hano urebe amashusho y'indirimbo ye 'Money' 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • 7 years ago
    U wlcm
  • Umusesenguzi7 years ago
    I really appreciate this song He's a good rapper!





Inyarwanda BACKGROUND