Kigali

Massamba Intore na Ben Kayiranga bataramiye i Paris mu Bufaransa

Yanditswe na: Seleman Nizeyimana
Taliki:13/07/2015 6:40
0


Umuhanzi Intore Massamba umaze iminsi ku mugabane w’i Buraye aho yagiye mu bitaramo byo kwizihiza umunsi mukuru wo kwibohora, kuri uyu wa Gatandatu w’iki Cyumweru twasoje yataramiye mu murwa mukuru w’u Bufaransa i Paris, aho yari kumwe na Ben Kayiranga ndetse n’itorero nyarwanda riba mu Bufaransa.



Mu kiganiro twagiranye na Massamba yadutangarije ko cyari igitaramo cyiza kitabiriwe n’abantu benshi bataramanye mu muziki gakondo nyarwanda hafi amasaha 5 yose.

Ati “Byari ibirori byiza cyane, cyari igitaramo cyo kwibohora, abantu bishimye cyane. Ben Kayiranga yari hari cyane hamwe n’itorero riba mu Bufaransa.”

Massamba

Massamba

Massamba

Massamba

Massamba

Massamba

Byari ibihe byiza cyane ku muryango nyarwanda utuye mu Bufaransa n'inshuti zabo

Jacques

Ambasaderi Jacques Kabale nawe yari yitabiriye iki gitaramo

Massamba

Massamba yabakumbuje u Rwanda

Massamba

Massamba

Massamba na Ben Kayiranga usanzwe ukunze kuba aherereye mu Bufaransa bahuriye muri iki gitaramo






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo


KOPA

Inyarwanda BACKGROUND