RFL
Kigali

Amashusho y'indirimbo nshya ya Urban Boys azaba arimo udushya twinshi - AMAFOTO

Yanditswe na: Editor
Taliki:26/08/2014 8:03
6


Safi Madiba, Nizzo na Humble bagize itsinda rya Urban Boys, bahamya ko bamaze kugera ku rwego bishimira muri muzika yabo n’ubwo bakomeje gushaka uko barushaho guteza imbere impano yabo, nyuma y’indirimbo yabo Tayali ubu noneho bakaba barimo gukora amashusho y’indirimbo yabo nshya ariko akazaba ari amashusho adasanzwe.



Ubwo inyarwanda.com yasuraga aba bahanzi aho batangiye gufata amashusho y’indirimbo yabo nshya yitwa “Yawee”, twasanze hari udushya twinshi barimo gushyira muri aya mashusho batangiye gukora ndetse iyi ndirimbo amashusho yayo akaba agiye gutunganywa n’umu Producer ukomeye cyane mu karere ka Afrika y’Uburasirazuba no muri Uganda aho akomoka, dore ko ari no mu itsinda ry’abatunganyije amashusho y’indirimbo ya Eddy Kenzo imaze iminsi ivugisha ibyamamare bitandukanye ku isi.

Urban Boys mu mashusho mashya y'indirimbo yabo izasohoka mu minsi ya vuba

Urban Boys mu mashusho y'indirimbo yabo nshya azasohoka mu minsi ya vuba

Urban Boys bakaba badutangarije ko bagikomeje gufata amashusho kuko bazayafata iminsi igera kuri itatu, bityo bikazabafasha mu kurushaho kongeramo udushya kuburyo izashimisha buri wese uzayireba.

Dore mu mafoto bimwe mu bizagaragara mu mashusho (video) y’iyi ndirimbo:

urban boys

urban

urban

urban

Ibi ni bimwe mu bizagarara mu mashusho y'indirimbo nshya ya Urban Boys

producer

Uyu musore urimo gukora amashusho y'indirimbo ya Urban Boys azwiho ubuhanga mu ndirimbo z'abahanzi bakomeye yakoze

Uyu musore urimo gukora amashusho y'indirimbo ya Urban Boys azwiho ubuhanga mu ndirimbo z'abahanzi bakomeye yakoze

urban

urban

urban

urban

urban

urban

urban

urban

urban

urban

Amashusho y'iyi ndirimbo ya Urban Boys azaba agiye arimo byinshi bitandukanye

Abantu benshi bahurujwe n'ibikorerwa mu mashusho y'indirimbo ya Urban Boys

Abantu benshi bahurujwe n'ibikorerwa mu iifatwa ry'amashusho y'indirimbo ya Urban Boys

umusore

Uyu musore yemeje abari ahafatirwaga amashusho ya mbere kubera imbyino n'ubufindo akora

Uyu musore yemeje abari ahafatirwaga amashusho ya mbere kubera imbyino n'ubufindo akora

urban

urabn

Urban Boys bafashe amashusho mu bice n'uburyo bugiye butandukanye

urban

Aya mashusho azaba arimo utuntu twinshi dutandukanye

Aya mashusho azaba arimo utuntu twinshi dutandukanye

urban

urban

urban

urban

Ibi byose ni ibizagenda bigaragara mu mashusho y'indirimbo ya Urban Boys

Ibi byose ni ibizagenda bigaragara mu mashusho y'indirimbo ya Urban Boys

Manirakiza Théogène






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • muhirwa jimmy9 years ago
    Iyi yo irarenze abahungu bacu bageze kure ndrmeza ko muri estar Africa bazaza mubambere muri video nziza!,
  • Danny Samuel9 years ago
    Urban Tubiziranyeho tu Bararenze!
  • 9 years ago
    Aba nibo Bashoboye mu Rwanda Pe!!!!
  • karayiga nziza ashley9 years ago
    ngewe na birirwa baba sebya sinzi icyo babahora watasema watacokka!!!! swaga terimbere wowe gusa
  • 9 years ago
    muri abambere kbs.
  • nshimyumuremyi fidele9 years ago
    ash nacyondenza ho peee kuko najye yjie kabana





Inyarwanda BACKGROUND