Mu gihe hamenyerewe nka hamwe mu haboneka amafunguro meza kandi ku giciro cyo hasi, Contact Restaurant iherereye mu isoko rishya rya Nyarugenge, inafitiye abakiriya bayo ikawa nziza yanafasha benshi mu bihw by’ubukonje cyane ko turi mu bihe by’imvura.
Ikawa yo muri Contact
Kugeza ubu muri Contact Restaurant bakaba bafitiye abakunzi babo amoko atandukanye y’ikawa iteguranye ubuhanga kandi ifite uburyohe bw’umwimerere.
Uretse iyi kawa kandi, bakaba banafitiye abakiriya babo, imitobe y’imbuto zitandukanye nayo ikaba iteguranye ubuhanga n’isuku iharangwa.
Contact Restarant iherereye mu isoko rishya rya Nyarugenge mu igorofa ya nyuma. Uhageze akaba ahabwirwa n’urugwiro abakozi baho bakwakirana.
Uretse ibi kandi, Contact Restaurant imaze no kumenyerwa mu gitaramo cy’abahanzi baririmba indirimbo zihimbaza Imana aho kwinjira aba ari ubuntu.
Uretse Ikawa muri Contact hanaboneka ibyo kurya bitandukanye.
Jean Paul IBAMBE
TANGA IGITECYEREZO